Ku myaka 44 mwarimu Ndahayo François aracyari ingaragu ! Nyuma yo kugura imirima myinshi akubaka n’inzu yagiriye inama urubyiruko kudahubukira gushaka abagore

19/05/2023 09:27

Ubusanzwe gushaka ni umwanzuro ufatwa n’umuntu ku giti cye.Uyu musore w’imyaka 44 y’amavuko yavuze ko atigeze ata umwanya we mubakobwa bigatuma agera kuri byinshi.
https://youtu.be/ydPkS_gQMzw

Ni umwarimu wigisha kuri Gs Mukamira ikigo giherereye mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Mukamira.Uyu ni umwe mu barezi bamaze igihe muri uyu mwuga dore ko amaze imyaka irenga 15 yigisha.François Ndahayo , yabaye indashyikirwa kubera uburyo atanga amasomo ye ndetse n’uburyo yitwara mu kazi.

Mu kiganiro nawe, yagaragaje ko kuba mwarimu mwiza bisaba ibintu byinshi birimo kuba uri Umuhanga , witeza imbere kandi ubana neza na bagenzi bawe.

François yagaragaje ko kugeza ubu afite imyaka 44 y’amavuko ariko akaba ari umusore ushobora gushaka Isaha n’isaha na cyane ko yamaze kubaka inzu ndetse akagura n’imirima itandukanye.

Yagize:” Ndi umusore ntabwo ndagira umuryango ariko hari byinshi maze kugeraho, hari byinshi maze kubaka ubwo rero isaha n’isaha nazana umugore icyo ntakunda ni ukwigana”.
https://youtu.be/ydPkS_gQMzw

Uretse uyu François Ndahayo ubusanzwe abarezi benshi bakunze gutinda gushaka bamwe bakireguza ko ari umwanya muke babona kuburyo gutereta bibagora cyane.

Advertising

Previous Story

Umukecuru w’imyaka 77 y’amavuko yarambiwe kuba wenyine ahitamo kwisezeranya wenyine murusengero ntamugabo uhari bitangaza benshi

Next Story

“Bakobwa ntimuzemera umusore udashobora no kubahereza na Miliyoni ahubwo akabatesha umutwe gusa ” ! Umugore yakebuye abakobwa bavugana n’abasore badafite amafaranga

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop