Umugabo yashyingiranwe n’igipupe kiririmba umuryango we wanga kwitabira ubukwe

19/05/2023 11:46

Uyu mugabo waje gukunda igipupe kiririmba yavuze uburyo Mama we yanze kwitabira ubukwe bwe ariko ngo nyuma y’ibyo byose akaba abayeho yishimanye nicyo gipupe.

Akihiko Kondo yakoze ibitangaje ubwo yemeraga ngushyingiranwa n’igipupe muri
2018, gusa ubukwe bwe bwitabiriwe n’abashyitsi bagera kuri 40.

Iki gipupe gifite isura igaragara nki ya Hastune Miku , kikaba cyarakozwe mu buryo kandi guhora kiririmba indirimbo zo mujyana ya pop ndetse harimo ni za Lady Gaga.

Gusa nyuma yigihe uko technology yakomeje guhinduka, iki gipupe cyaje guhagarara gukora.

Gusa uyu mugabo we avugako yishimira kubana niki gipupe dore ko ngo akibwira ko atari bujye kukazi cyangwa akakibwira ko ari kiza gisa neza.

Yavuze kandi ko bijya kuza byaturutse kukuba yarakundaga gukina video games akumvaka abakina muri ayo ma video games baba nk’abantu basanzwe.

Akomeza avuga ko kenshi iyo agiye mu bantu benshi bamwanga ngo dore ko yashyingiranwe n’igipupe utabaza ikintu ngo kigire n’ijambo narimwe kigusubiza.

Ubu uyu mugabo abanye nibice byasigaye kuri iki gipupe muri Japan gusa ntago yari yavuga niba iwabo bishimira kubona yarashyingiranwe n’igipupe.

Source: Daily Star

Advertising

Previous Story

“Bakobwa ntimuzemera umusore udashobora no kubahereza na Miliyoni ahubwo akabatesha umutwe gusa ” ! Umugore yakebuye abakobwa bavugana n’abasore badafite amafaranga

Next Story

“Urukundo rwanyu ni urwagahe gato niba wowe n’uwo mukundana mutaganira cyane ngo mukemure ibibaho hagati yanyu” – Nkechi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop