Bobrisky yasabye abantu ko hagira uwemera akamubera umubyeyi avuga ko uwakwitwa umwana we yaba ari umunyamahirwe bamutera utwatsi

18/05/2023 16:15

Idris Okoye wamamaye ku mbugankoranyambaga uzwi ku izina rya Bobrisky yatangaje ibyo abafana be bakunguka aramutse yemeye kubabera nyina.

Ubusanzwe ubundi urukundo rwa Mama ni urukundo rutapfa kubonwa cyangwa ngo rwumvye nubonetse wese kubera ko umubyeyi iteka ahora yifuriza umwana we ibyiza byinshi.

Uyu Bobrisky azwiho gutunga ibintu byagaciro bihenze gusa mu buzima bwe harimo imodoka, inzu, imyenda, ibikapu ndetse no kurya ibiryo bihenze ukongeraho no kuba ari icyamamare.

99% by’abafana be ndetse nabo bose bamurwanya, bakemera ubusa bwe aramutse abasabye ko yabafata akabarera nk’abana be.

Abantu benshi bakunda kubaho ubuzima bwiza cyangwa noneho kubana mubuzima bwiza nkubwo Bobrisky abamo byo ni byiza kurushaho.

Uyu Bobrisky ni umunyabwenge, ni umunyamahoro, ahora atuje, ni mwiza kandi acisha macye kuri buri umwe cyane cyane abakozi be bamukorera mu rugo rwe.

Uyu Bobrisky yanditse agira ati, ndamutse nemeye kuba mama wawe byibura umunsi umwe ubuzima bwawe bwose bwahinduka burundu.

Ese wowe wakemera ko uyu Bobrisky akubera umubyeyi!!!

Umwanditsi: Byukuri Dominique
Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Dore ibintu by’ingenzi biranga umugore abagabo bifuza cyane

Next Story

Kurongora kabiri mu cyumweru birinda kandi bivura indwara nyinshi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop