Umuhanzi Israel Mbonyi yashyize hanze amashusho y’indirimbo Malengo ya Mungu iri muzo yari asanzwe afite yitwa ‘Nzi byo nimbwira’. Iyi ndirimbo twifuje ko
Umukuru wa Kiliziya Gatulika ku Isi Papa Francis yavuze ko yifuza kuzashyingurwa i Roma , Basilica ya St Mary.Francis yanze kuzashyingurwa i Vatican ahashyinguwe
Taliki 17.ukuboza 2023 ni umunsi wa mateka kubakunzi ba chorale de Kigali yarahiriye kuzanezeza abitabiriye igitaramo “Chrismas Colors” irimbanyije kwitegura. Mu kiganiro cyahuje Chorale
Umuhanzi wo muri Tanzania wamamaye mu ndirimbo zihimbaza Imana, akomeje kumvikana mu madeni y’amafaranga yahawe n’abategura ibitaramo ariko ntiyitabire. Mu nkuru yacu iheruka
Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Ngabo Medard na Adrien Misigaro basohoye ifoto ntihagira byinshi bayivugaho. Amakuru avuga ko iyi ndirimbo yakozwe
Umuhanzi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Rose Muhando, akomeje gushinjwa kutamenya guha agaciro abamuhaye amafaranga yo kuririmba mu gitaramo , ahubwo
Mu mashusho y’iyi ndirimbo harimo ‘Scenes’ zidasanzwe aho aba bombi Embarambamba na Pasitri William , bamera nk’abari kurwana na Satani nyamara barimo kurwana bo