Theo Bosebabireba yavuze ibigwi Police y’u Rwanda ayikorera indirimbo – VIDEO

30/03/2024 08:49

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Theo Bosebabireba, ahamya ko ibyo Imana ibuza ari nabyo Police y’u Rwanda ibuza akemeza ko abantu baramutse babyubahirije baba ari abana b’Imana.

Uyu muhanzi ufatwa nk’ufite abana benshi ni umwe mu bamaranye igihe kwamamara dore ko atajya areka gukundwa n’abantu bikerekanwa n’umubare w’ibitaramo yitabira.Uyu muhanzi umaze kujya mu bihugu birenga 10 muri Afurika no hanze yemeza ko Police y’u Rwanda ari ntamakemwa.

Uyu muhanzi aherutse gushyira hanze indirimbo yise ‘Gerayo Amahoro’ indirimbo isaba abantu batwara ibinyabiziga kujya bagabanya umuvuduko intero ya Police y’u Rwanda.Muri iyi ndirimbo ya Theo Bosebabireba yagiye hanze tariki 29 Werurwe 2024 yavuze ko kumvira bizana umugisha.Uyu mugabo yagaragaje ko yakoze iyi ndirimbo kugira ngo agire abo ahwitura.

Advertising

Previous Story

Ishyaka rya Green Party ryizeye intsinzi mu matora y’Umukuru w’Igihugu

Next Story

Monusco yatangiye kuzinga utwangushye iva muri Congo

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop