Irene Murindahabi yatangaje ko habuze gato akareka umwuga w’itangazamakuru
Umwe mu banyamakuru bakunzwe hano mu Rwanda Irene Murindahabi ufite ikigo kirimo itangazamakuru, no kurebera inyungu z’abahanzi kitwa MIE Empire yatunguye benshi ubwo yavugaga