NKORE IKI ?: Umugabo wanjye yabaswe no kwikinisha none yansabye gushaka undi mugabo turyamana

09/03/2024 11:04

Umugore witwa Susan yatangaje ko abangamiwe cyane n’umugabo we utakimwikoza, avuga ko yabaswe no kwikinisha ku buryo atakimukoraho mu gitanda ahubwo ko amusaba gushaka undi baryamana kugira ngo amushimishe.Urukundo rwabo rwatangiye ubwo bari mu rusengero basengeragamo bombi baza gukundana.

Nyuma yo gukora ubukwe, Susan yatangiye kumubura cyane kubera akazi ubundi akibaza icyabaye bikamuyobera.Uyu mugore yavuze ko yaje kumenya ko umugabo we yabaswe no kwikinisha cyane bigatuma atamugirira irari cyangwa ngo amusabe ko babonana nk’umugore n’umugabo.

Susan kandi yamenye ko umubano we asigaye akunda kureba amashusho y’urukozasoni ku buryo bituma atabasha kumwikoza.Susan ati:” Igihe cyarageze, umugabo wanjye atangira kunsaba kujya gushaka abandi bagabo none nanjye ndi kumva mbangamiwe cyane mu ngire inama”.

Imyaka ibaye ibiri babana ariko nta mwana barabyarana kuko umugabo we amuhunga cyane.

Advertising

Previous Story

Nyina wa Zuchu yiyamye insore sore zihora zishaka kumutereta

Next Story

The Ben na Emmy bazirikanye abagore babo ku munsi wabahariwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop