Hailey Baldwin ni umugore wa Justin Bieber yagaragaje ko we n’umugabo bameranye neza aca impaka zavugaga ko bombi batandukanye.Uyu mugore yavuze ibi ubwo yashakaga
Munyakazi yashyize hanze amafoto n’amashusho ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bivugisha atari bake kumbuga nkoranyambaga. Itahiwacu Bruce umaze kumenyekana nka Bruce Melodie,
Umwami wa Lumba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Koffi Olomide , yahishuye ko agiye kwiyamamariza kujya mu Nteko ya Sena muri iki gihugu.
Ish Kevin wamamaye mu njyana ya Hip Hop hano mu Rwanda, yatangaje ko yabeshyewe n’ibinyamakuru bimwe bikamwandikaho amagambo atariyo nyuma y’aho Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,
Ani Elijah usanzwe akinira ikipe ya Bugesera FC , arifuza kuba umukinnyi w’u Rwanda. Rutahizamu Ani Elijah ukomoka muri Nigeria.Ani uyoboye abakinnyi bamaze gutsinda
Umuhanzi Platini P wamamaye muri muzika Nyarwanda yashimiye buri wese wamubaye hafi mu gitaramo cyo kwishimira imyaka amaze muri muzika [ BABA Xperience ].