Platini P yashimiye abitabiriye igitaramo cye n’abamuteye inkunga

02/04/2024 10:27

Umuhanzi Platini P wamamaye muri muzika Nyarwanda yashimiye buri wese wamubaye hafi mu gitaramo cyo kwishimira imyaka amaze muri muzika [ BABA Xperience ].

Ni igitaramo cyabaye tariki 30 Werurwe 2024 yateguye avuga ko yakirose.Ati:” Uyu munsi narawurose , nifuza gukora igitaramo kizibukwa ariko ntacyo nageraho ntari kumwe namwe.Tumaranye imyaka 14 muri uru rugendo ndetse n’itanu y’umwihariko.Uyu munsi tariki 30 Werurwe nzatanga ibyo mfite ariko mbahe inkuru ya BABA itunganyijwe neza”.

Ni igitaramo cyabayemo ibishya byinshi no kwitanga gutangaje cyane cyane ku bana ba Jay Polly bahawe arenga Miliyoni 16 FRW.

Mu butumwa bwo gushima abitabiriye bose, BABA yahereye ku bantu bose bitabiriye, abafana , abahanzi , itangazamakuru, abaterankunka n’abandi bose babanye nawe.

Advertising

Previous Story

Danny Usengimana yabonye ikipe nshya k’Umugabane w’America

Next Story

Irene Mulindahabi yifurije Vestine isabukuru nziza y’amavuko

Latest from Imyidagaduro

Go toTop