Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yegukanye igihembo mu marushanwa ya East Africa Awards.Uretse The Ben kandi Marshal Ujeku, Umuyobozi wa Marshal Real Estate
Christelle Kabagire wizihiza isakuru y’amavuko kuri uyu wa 14 Mata, yagaragaje ko ari ‘Umustar’ wavutse’ yigereranya n’inyenyeri.Anitha Pendo bakoranye kuri RBA nawe yifatanyije nawe
Umuryango wa Mr Ibu umaze igihe apfuye watangaje igihe azashyingurirwa. Mr Ibu amaze gucibwa akaguru kamwe byabaye ikibazo kuri we atangira gukomererwa n’uburwayi biba
Jojo Siwa yavuze ko nta mpamvu yo kuvuga ko habayeho kwibana muri muzika.Uyu muhanzikazi yavuze ibi agamije gucecekesha abantu bavugaga ko yibye.Siwa Jojo byavugwa
Uwahoze ari umukunzi wa Yvan Buravan yambitswe impeta yo kuzabana n’umukunzi we mushya nk’uko byabyutse bitangazwa mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Mata