Omoshola yatangaje ko mu bukwe bwe banyanyagijemo amafaranga ya Pirate akagirango ni ayanyayo ahishura ko bari bari kumwishyura. Uyu mugabo wamamaye muri Big Brother
Umuhanzi wo muri Nigeria , Tiwa Savage yahishuye ko yabaye umuhanzi kubera umusore yakundaga. Umuhanzikazi Tiwa Savage uheruka mu Rwanda yahishuye icyatumye yinjira muri
Umukobwa ufite uburanga n’uburebure budasazwe Lupita Nyakisumo yarangaje abatari bake ubwo yamurikaga imideri nk’umwuga yihebeye.Lupita yari mu Mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya
Nyuma yo kuzuza Miliyoni y’abamukurikira kuri YouTube, Umunyamakuru Murungi Sabi yatangaje ko yahisemo kubakira umuturage inzu avuga ko bayitaha vuba. Uyu munyamakuru uzwi ku
Rayvanny yifatanyije n’umugore we bifuriza isabukuru nziza y’amavuko umuhungu we. Umuhanzi wo muri Tanzania Rayvanny, wamamaye mu njyana ya RnB, yafashe umwana yifuriza isabukuru
Umwarimukazi w’imyaka 45 wigishaga ku ishuri rya Omaha High School [ Omaha Public Schools ] yafatiwe mu modoka yambaye ubusa ari hamwe n’umunyeshuri w’imyaka
Mu bice by’Imirenge itandukanye mu Mujyi wa Kigali cyane cyane mu bice by’icyaro, hari abaturage basigaye barya zingaro z’inyama y’ingurube.Aba baturage barya zingaro z’inyama