Umugore yatumiye abakobwa 2 ngo baze baryamane n’umugabo we nki’mpano yamugeneye ku isabukuru y’amavuko ye, birangira ashwanye n’umugabo we
Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga, n'inkuru yuyu mugore wakoze ibintu byatumye benshi bibaza impamvu uyu mugore yabikoze.
Uyu mugore yahaye impano itangaje umugabo we wari wagize isabukuru y'amavuko.Umugore witwa Theresa Rose w'imyaka 26 y'amavuko, wo mu gihugu cya Portland yatunguye umugabo we wari wagize isabukuru y'amavuko maze atumira abakobwa 2 ngo baze baryamane n'umugabo we mbese baryamanye ari batutu bimwe byitwa "Threesome" mu rurimi rw'amahanga.
Theresa Rose yavuze ko yari amaze igihe kinini abana n'umugabo we ariko ngo bakabana batishimye mbese nta byishimo ngo uyu mugore yabonaga mu rugo rwe, aho ngo yumvaga ngo yigunze mu rugo rwe Kandi ari umugore ubana n'ubumugabo.
Yakomeje avuga ko yakuriye mu muryango waba catholic, icyakora...