Monday, May 13
Shadow

Author: Kwizera Jean de Dieu

Umugore yatumiye abakobwa 2 ngo baze baryamane n’umugabo we nki’mpano yamugeneye ku isabukuru y’amavuko ye, birangira ashwanye n’umugabo we

Umugore yatumiye abakobwa 2 ngo baze baryamane n’umugabo we nki’mpano yamugeneye ku isabukuru y’amavuko ye, birangira ashwanye n’umugabo we

Inkuru z'urukundo
Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga, n'inkuru yuyu mugore wakoze ibintu byatumye benshi bibaza impamvu uyu mugore yabikoze. Uyu mugore yahaye impano itangaje umugabo we wari wagize isabukuru y'amavuko.Umugore witwa Theresa Rose w'imyaka 26 y'amavuko, wo mu gihugu cya Portland yatunguye umugabo we wari wagize isabukuru y'amavuko maze atumira abakobwa 2 ngo baze baryamane n'umugabo we mbese baryamanye ari batutu bimwe byitwa "Threesome" mu rurimi rw'amahanga.   Theresa Rose yavuze ko yari amaze igihe kinini abana n'umugabo we ariko ngo bakabana batishimye mbese nta byishimo ngo uyu mugore yabonaga mu rugo rwe, aho ngo yumvaga ngo yigunze mu rugo rwe Kandi ari umugore ubana n'ubumugabo.   Yakomeje avuga ko yakuriye mu muryango waba catholic, icyakora...
Umutinganyi  Lil Nas X  yashyize hanze indirimbo ihimbaza Imana avuga ko ntaho bihuriye no gukizwa

Umutinganyi Lil Nas X yashyize hanze indirimbo ihimbaza Imana avuga ko ntaho bihuriye no gukizwa

Imyidagaduro
Umuhanzi Lil Nas wavuzweho  kuryamana n’abo bahuje ibitsina  nawe akabyiyemerera yinjiye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana agaragaza ko ntaho bihuriye no kuba ari umutinganyi.   Umuhanzi w’Umunyamerika akaba n’umwanditsi w’indirimbo Montero Lamar Hill wamamaye nka Lil Nas X yamaze kwinjira mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana , agaragaza ko kwegerana n’Imana ntaho bihuriye n’ubuzima bw’imibonano mpuzabitsina. Ku wa 29 Ugushyingo 2023 nibwo uyu muhanzi w’imyaka 24 y’amavuko yongeye kuvugisha imbaga y’abamuzi , bamushinja kwiyoberanya no gushaka kuyobya benshi bigendeye kuko bamuzi, na cyane ko akunda gushyira hanze amafoto atwite kandi ari umugabo bikanavugwa ko aryamana nabo bahuje ibitsina.   Nyuma yo gusohora iyo yise ‘Call Me By Your Name’, bens...
Umusore yasabye umukobwa ko yazamubera umugore abimwemereye asuka amarira menshi y’ibishimo

Umusore yasabye umukobwa ko yazamubera umugore abimwemereye asuka amarira menshi y’ibishimo

Inkuru z'urukundo
Nyuma yo kumara igihe atereta umukobwa , yamusabye ko yazamubera umugore abimwemereye asuka amarira menshi abari bahari barumirwa.Benshi bemeje ko urukundo rudasanzwe nyuma yo gusuka amarira imbere y’abari bitabiriye igitaramo.   Umusore wo muri Australia ariko akaba aba muri Sudan y’Amajyepfo, yatangaje benshi nyuma yo gusuka amarira imbere y’imbaga y’abo yari yatumiye mu birori byo gusaba umukobwa yihebeye niba yazamubera umugore.   Ni amashusho yashyizwe hanze n’uwitwa Juda Eye ubwo uyu musore yariraga amarira menshi yatewe n’ibyishimo.   Muri aya mashusho , umukobwa wari umaze gutanga urukundo , yagaragaye yishimye cyane , ndetse agaragaza ko nawe akunda uyu musore.   Ubwo yashyiraga hanze aya mashusho Juda Eye yagize atI:”Umugabo yasutse ama...
Mr Ibu waciwe akaguru yahakanye amakuru yavugaga ko yaryamanye n’umukobwa we

Mr Ibu waciwe akaguru yahakanye amakuru yavugaga ko yaryamanye n’umukobwa we

Imyidagaduro
Amakuru yavugaga ko Mr Ibu ryamanye n’umukobwa yagize uwe byemewe n’amategeko akamurera , yayahakanye cyakora avuga ko byashobokaga ko yabikora.   Aya makuru yagiye hanze ashyizwe hanze na Mr Ibu n’umukobwa we mu majwi bivugwa ko ari aye.   Mu gihugu cya Nigeria no mu binyamakuru byaho , hari hamaze iminsi amagambo avuga ko uyu mukinnyi wa Filime uherutse gucibwa akaguru yaryamanye n’umukobwa we yafashe akarera ndetse akamugira we.   Nyuma y’aho agereye kuri Mr Ibu , yafashe amajwi asobanura ko ibivugwa ataribyo ndetse ko ngo atigeze agerageza kuryamana nawe cyakora yemera ko byashobokaga ko aryamana nawe.   Muri aya mashusho , uyu mukobwa Jasmine, yumvikana abaza Mr Ibu ku makuru bivugwa ko baryamanye maze na Mr Ibu akabihakanira kure.Hibu yemez...
Nta mpeta yambikanye ! Diamond Platnumz ari gukorera amafaranga muri Young Famous African  Reality Show abandi bakabyita urukundo

Nta mpeta yambikanye ! Diamond Platnumz ari gukorera amafaranga muri Young Famous African Reality Show abandi bakabyita urukundo

Imyidagaduro
Umuhanzi Diamond Platnumz ni umuhanga mu gukorera amafaranga ndetse buri wese umwegereye ibyo arabizi. Kuva Zuchu yatangira gutera imigeri avuga ko akunda Diamond Platnumz uyu muhanzi ntabwo yari yatobora ngo anamubwire ko amwishimira uretse aho yamubajije niba azamutwitira nabw yari mukazi.   Ibi byose byongeye kugarura amarangamutima y’abari kure y’imyidagaduro muri Afurika bavuga ko Diamond Platnumz yateye ivi nyamara uwo yaritereye ni umunyamakuru ukora inkuru mu Kiganiro YFA Reality Show, gitambuka kuri Netflix ndetse akaba umwe mubari gufatanya na Diamond gufata amashusho y’igice cya 3 cyacyo kizagaragaramo Simba.   Ubusanzwe Wasafi ifitanye amasezerano  y’imikoranre n’ubuyobozi bw’ikiganiro Young Famous African Reality Show.Amasezerano atuma Diamond Platnumz ab...
Umutima ugira uzawuhorane! Umugore wahaye ibyo kurya umugore ufite ubumuga bwo mu mutwe akomeje gushimwa cyane

Umutima ugira uzawuhorane! Umugore wahaye ibyo kurya umugore ufite ubumuga bwo mu mutwe akomeje gushimwa cyane

Inkuru Nyamukuru
Burya mu buzima nta kintu kiryoha cyane nko gufasha ndetse ugafasha ubukunze ndetse ubishaka. Gusa abantu benshi ntibajya bakora iki gikorwa cyo gufasha ariko burya birakwiye ko abantu bose bakwiye kujya bafatanya uko bashoboye.     Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kuvugishwa n'inkuru y’uyu mugore wagaragaye ari gufasha umugore usanzwe ufite ubumuga bwo mu mutwe ndetse igikorwa yakoze cyakoze ku mitima ya benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga.     Mu mashusho yanyujije ku rubuga rwa TikTok, uyu mugore utabashijwe kumenywa imyirondoro ye yagaragaye ari guhereza ibiryo umugore usanzwe ufite ubumuga bwo mu mutwe, ayo mashusho akomeje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga.     Uyu mugore mu mashusho yagaragaye af...
Inkumi y’uburanga Umuhoza Laika wavuzwe mu rukundo na Harmonize yamuteye imitoma avuga ko ari umuntu mwiza

Inkumi y’uburanga Umuhoza Laika wavuzwe mu rukundo na Harmonize yamuteye imitoma avuga ko ari umuntu mwiza

Imyidagaduro
Laika Umuhoza umwe mu bakobwa bameze neza mu gihugu cya Uganda yafashe umwanya maze ashimagiza ndetse atera imitoma umuhanzi Harmonize udafite umukunzi muri iyi minsi.     Ibi bikomeje kwibazwaho n'abatari bacye ndetse bibaza niba abo bombi baba bagiye kujya mu rukundo cyane ko uyu muhanzi adafite umukunzi.     Ubusanzwe uyu mukobwa ni umwe mu bahanzikazi bakorerwa umuziki wabo mu gihugu cya Uganda. Ubwo yarari imbere y’itangazamakuru, uyu mukobwa yavuze ko muri 2020 umuhanzi Harmonize yamwandikiye ku rukuta rwe rwa Instagram maze bahana nimero zabo za telephone.   Uyu mukobwa yakomeje avuga ko ubwo yajyaga mu rugendo rwo gutembera atemberera muri Zanzibar mu gihugu cya Tanzania muri 2023, nibwo yaje guhura n'uyu muhanzi Harmonize ndetse...
Ese imyaka myiza yo gushaka umugore cyangwa umugabo ni iyihe ! Dore inama inzobere zikugira zagufasha

Ese imyaka myiza yo gushaka umugore cyangwa umugabo ni iyihe ! Dore inama inzobere zikugira zagufasha

Inkuru z'urukundo
Abakuru ndetse n'abato bose iki kibazo bakunda kucyibaza. Ese ni iyihe myaka myiza yo gushaka!? Benshi bakomeza kuvuga ko gushaka ukuze cyane nibyo byiza gusa hari abavuga ko gushaka ukiri muto aribyo byiza. Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zizewe mukubategurira amakuru yizewe ndetse nicyo inzobere zibivugaho.     Inzobere zivuga ko nta bushakashatsi buzwi ndetse ko nta makuru ahagije ariko bavuga ko hari inama bakwiye kugira abasore ndetse n'abakobwa bakiri bato. Icyakora abantu benshi bafite byinshi babivugaho.     Hari abemeza ko gushaka uri hagati y'imyaka 22 na 25 aribyo byiza, bagendera ku kintu cyo kuvuga ko iyo umukobwa cyangwa umuhungu ashatse akiri muto byongera amahirwe yo gushakana bakiri amasugi ndetse bivugwa ko kugira ubusugi bi...
Dore ubusobanura bw’izina Ange , Imico n’Imiterere y’abaryitwa

Dore ubusobanura bw’izina Ange , Imico n’Imiterere y’abaryitwa

Inkuru Nyamukuru
Hari ubwo uzegera abantu bitwa iri zina nujya kubabaza ubusobanuro bwaryo bakubwire ko ntabyo bazi.Niyo mpamvu twahisemo kugusobanurira ubusobanuro bwaryo.Numara gusoma iyi nkuru , uyisangize abantu bawe.   Izina Ange rikomoka ku rurimi ry’Ifaransa no mu Rurimi ry’Igikigereki ‘Angelos/Angelas / Angela.Ni izina rihabwa abana b’abakobwa cyangwa abana b’abahungu.Izina Ange ntabwo rigira abakobwa gusa cyangwa abahungu gusa.   Iyo umubyeyi ashaka kwita uyu mwana we izina Ange , akaba ari umukobwa amwita Angela , Angel cyangwa Angelos nk’uko twabigarutseho haraguru.   Izina Ange risobanuye ngo ‘Intumwa y’Imana’ cyangwa umuntu ukunda Imana.Ababyeyi baba bashaka gufasha abana babo gukunda Imana kuva bakiri bato no kuyikorera bagirwa  inama yo kubita izinan Ange cya...
Umuhanzi Niyo Bosco umaze igihe adashyira hanze indirimbo agiye kujya muri Kikac Music ibarizwamo Bwiza

Umuhanzi Niyo Bosco umaze igihe adashyira hanze indirimbo agiye kujya muri Kikac Music ibarizwamo Bwiza

Imyidagaduro
Niyo Bosco wazamuwe na Mulindahabi Irene agiye kwinjira muri Kikac Music ibarizwamo umuhanzikazi Bwiza.Iyi nzu yatangiye kuganira na Niyo Bosco kugira ngo batangire imikoranire izamara imyaka 2 ariyo imureberera inyungu. Kugeza ubu nta nzu nimwe yigeze ifasha Niyo Bosco nk’uko bigaragara kumbuga Nkoranyambaga ze gusa hari iyitwa Metro Afro Okkama aherutse gusezeramo igaragaraza ko ifasha Niyo Bosco na Confy n’abandi.   Niyo Bosco ni umwe   mu bahanzi beza u Rwanda rufite na cyane ko yamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo iyo yise ; Urugi. Ubwo yafashwaga na M Irene nibwo yamamaye ndetse akora indirimbo nyinshi kandi nziza.Kuva batandukana nta wundi mushoramari , wari wafasha Niyo Bosco mu buryo bugaragara.