“Mu bukwe bwanjye uwo nahaye amafaranga ya pirate yarayansubije ” ! Omoshola

16/04/2024 19:04

Omoshola yatangaje ko mu bukwe bwe banyanyagijemo amafaranga ya Pirate akagirango ni ayanyayo ahishura ko bari bari kumwishyura.

Uyu mugabo wamamaye muri Big Brother Naija Reality [ Muri Nigeria ] , mu gutangaza ibi, yagaragaje impamvu bayamuhayemo impano.Omoshola Kola Oburoh wamamaye nka Sholzy yemeje ko nawe yigeze gutanga amafaranga y’amakorano mu bukwe bw’abandi.

Mu bukwe bwe n’umugore we Britnee Malin muri 2023 , tariki 23 mu Kuboza , habayemo kumuha amafaranga ya Pirate nk’uko ngo nawe yigeze kubikora mu bukwe bw’inshuti ye mbere y’uko icyorezo cya Covid-19 kibaho.We abifata nko kumwiba igitekerezo gusa ngo akaba yaraje kugaragaza ko bitemewe n’amategeko ya Nigeria.

Yagize ati:”Ku nkoresha nka Naira Poster bihabanye n’amategeko y’imikoreshereze y’ama Naira.Ndabyibuka nanjye ntanga amafaranga ya Pirate muri 2020 mbere ya COVID-19 , abantu baransetse ariko nibyo byisubiyemo muri 2023 mu bukwe bwanjye”.

Bobrisk wakoze ibi yafunzwe azira icyahw cya “Economy and Financial Crimes Commission [ EFCC ] ahabwa igihano cy’amezi 6 azira gukoresha nabi amafaranga ya Nigeria.

Advertising

Previous Story

Safi Madiba yaciye amarenga y’indirimbo nshya

Next Story

Uko wabasha kurokora telefone yawe yaguye mu mazi

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop