Tuesday, April 30
Shadow

“Mu bukwe bwanjye uwo nahaye amafaranga ya pirate yarayansubije ” ! Omoshola

Omoshola yatangaje ko mu bukwe bwe banyanyagijemo amafaranga ya Pirate akagirango ni ayanyayo ahishura ko bari bari kumwishyura.

Uyu mugabo wamamaye muri Big Brother Naija Reality [ Muri Nigeria ] , mu gutangaza ibi, yagaragaje impamvu bayamuhayemo impano.Omoshola Kola Oburoh wamamaye nka Sholzy yemeje ko nawe yigeze gutanga amafaranga y’amakorano mu bukwe bw’abandi.

Mu bukwe bwe n’umugore we Britnee Malin muri 2023 , tariki 23 mu Kuboza , habayemo kumuha amafaranga ya Pirate nk’uko ngo nawe yigeze kubikora mu bukwe bw’inshuti ye mbere y’uko icyorezo cya Covid-19 kibaho.We abifata nko kumwiba igitekerezo gusa ngo akaba yaraje kugaragaza ko bitemewe n’amategeko ya Nigeria.

Yagize ati:”Ku nkoresha nka Naira Poster bihabanye n’amategeko y’imikoreshereze y’ama Naira.Ndabyibuka nanjye ntanga amafaranga ya Pirate muri 2020 mbere ya COVID-19 , abantu baransetse ariko nibyo byisubiyemo muri 2023 mu bukwe bwanjye”.

Bobrisk wakoze ibi yafunzwe azira icyahw cya “Economy and Financial Crimes Commission [ EFCC ] ahabwa igihano cy’amezi 6 azira gukoresha nabi amafaranga ya Nigeria.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *