Ubwo yari mu gitaramo Diamond Platnumz wiyita Simba yerekanye umukobwa witwa Sara bigeze gukundana aha mbere aramuhobera cyane avuga ko ari Beyonce kuri we.
Umufana wari usanzwe ari uwa Rayon Sports nyuma yo kwerekeza muri APR FC amakuru avuga ko yamaze kwirukanwa munzu yakodeshaga.Uyu mufana amaze iminsi atangaje
Abayoboke b’Itorero Iriba ry’Ubugingo basengeraga mu Rusengero rwubatse mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Bumbogo mu Mudugudu wa Ruraza baratabaza Ubuyobozi nyuma y’aho Umukuru
Umunyamideli ukomeye hano mu Rwanda akaba ashaka no kuzamura urwego rw’ibyo akora nyuma yo kuzana icyo yise ‘Infaransa’ yatangaje ko ari umukobwa. Moses Turahirwa
Muri rusange abantu benshi bakunda kureba aya mashusho y’urukozasoni ariko burya ntibajya bita ku ngaruka mbi bishobora kubagiraho. Ese koko birakwiye ko umuntu akwiye
Umuhanzikazi Holly Gigi wamamaye muri muzika Nyarwanda no mu mbyino zizwi nka Twerking, yatangarije UMUNSI.COM ko ibyo kuba aryamana nabo bahuje ibitsina kuri we