Giti Business Group isanzwe ifasha umuhanzi Chris Eazy yasabye imbabazi abakunzi ba Muzika Nyarwanda nyuma y’aho atagaragariye mu gitaramo cyo kumurika Album ya Yago
Inkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’amashusho yafashwe mu bukwe aho abari mu bukwe bose bari bari kurwana ndetse
Inkuru ikomeje gushengura imitima ya benshi hirya no hino ku isi no mu mbugankoranyambaga, ni inkuru yuyu mukobwa wapfuye nyuma yiminsi ibiri ubukwe burangiye
Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’uyu mugore w’imyaka 28 wo mu gihugu cya South Africa wari umwarimu akabivamo akajya korora ingurube,
Umukinnyi wa Filime Lupita Nyong’o , nyuma yo gutandukana na Selema Masekela ufite inkomoko muri  Afurika y’Epfo akagira ibibazo by’ihungabana no kuzinukwa urukundo, yashyize
Abahanzi bigize itsinda rya Vestine na Dorcas bari mu gihugu cy’u Burundi , batangaje ko baterwa ubwoba no kuba baramenyekanye cyane abantu bakabakundira ibyo