RIP Nathalie ! Umugeni yarozwe ku munsi w’ubukwe bwe, maze apfa nyuma y’iminsi ibiri ubukwe burangiye

22/12/2023 17:02

Inkuru ikomeje gushengura imitima ya benshi hirya no hino ku isi no mu mbugankoranyambaga, ni inkuru yuyu mukobwa wapfuye nyuma yiminsi ibiri ubukwe burangiye ndetse bivugwa ko ashobora kuba yararozwe ku munsi we w’ubukwe.

 

 

Nkuko byatangajwe n’inshuti ze za hafi, uyu mugore witwa Nathalie byatangajwe ko yapfuye nyuma y’iminsi ibiri gusa ameze gukora ubukwe ndetse bivugwa ko uyu mukobwa yarozwe ku munsi we w’ubukwe ariko akaza gupfa nyuma yiminsi ibiri ubukwe burangiye.

 

 

Inshuti ye yitwa Stella Usoh niwe watangaje Aya makuru abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, aho yagize ati “yakoze ubukwe kuwa 6 ukuboza Taiki 16 2023, apfa kuwa 1 taliki 18 ukuboza 2023, nyuma yiminsi ibiri ubukwe bwe burangiye.”

 

 

Amakuru akomeje guhwihwiswa, biravugwa ko uyu mukobwa cyangwa uyu mugeni yarozwe ku munsi we w’ubukwe bityo akaza gupfa nyuma yiminsi ibiri ubukwe burangiye.

 

 

Urupfu rwuyu mukobwa rukomehe gushengura imitima ya benshi ndetse benshi bakomeje kugaragaza ko babajwe nibyo aho bavuze ko ubuyobozi bukwiye gukurikirana neza amakuru bakareba icyatumye uyu mugeni apfa.

 

Ruhukira mu mahoro Nathalie

 

 

 

 

Source: brainnewspaper.com

Advertising

Previous Story

Nyuma yo guha boss we impyiko agatabara ubuzima bwe, boss yamuhembye kumwirukana

Next Story

Nyuma yo kutumvikana mu bukwe ababutashye bose barwanye maze ubukwe buhinduka urugamba

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop