Senateri Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Congo, yageze muri icyo Gihugu anyuze ku mupaka uhuza u Rwanda na Congo nk’uko byari byabanje gutangazwa
Umuraperi Lil Wayne yongeye gutangaza ko yababajwe cyane no kuba atarahawe amahirwe yo kuririmba muri Super Bowl iheruka, cyane ko yari yabereye ku ivuko.
Umusore wari umunyeshuri muri Kaminuza y’uburezi mu Gihugu cya Ghana yiyahuye nyuma yo gusanga umukunzi we ari kumwe n’undi musore mu macumbi ya Kaminuza
Gen Maj. Alengbia Nyitetessya Nzambe Dieu Gentil, wahoze ari umuyobozi w’Akarere ka Gisirikare ka 34, akaza guhunga urugamba ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya
Umukinnyi w’icyamamare Will Smith yemeye kumara umwaka adakora imibonano mpuzabitsina n’umugore we Jada Smith kubera ko yagombaga kuzakina muri Filime yiswe Ali yasohotse muri
Mu kuvuga ku mwana hagomba kubamo uruhare rw’umubyeyi we n’abamwegereye ari mpamvu muri iyi nkuru , tugiye kurebera hamwe uko wamufasha akavuga neza amagambo