Sunday, May 19
Shadow

Author: umunsi .com

Kenya: Umugabo w’imyaka 47 arashinjwa kwanduza abagore benshi SIDA

Kenya: Umugabo w’imyaka 47 arashinjwa kwanduza abagore benshi SIDA

HANZE
Imwe mu nkuru ibabaje ni iy'uyu mugabo w'imyaka 47 wo mu gihugu cya Kenya irimo aho uyu mugabo yatawe muri yombi n'abashinzwe umutekano ajyanwa mu rukiko akurikiranyweho kwanduza abagore benshi hirya no hino SIDA. Nkuko uyu mugabo yabishinjwaga mu rukiko rwitwa Milimani Law Court mu mujyi wa Nairobi, bavuze ko ashobora kuba yaranduje abagore benshi hirya no hino SIDA hagati yo mu kwezi kwa 10 muri 2020 kugera mu kwezi kwa 6 muri 2023. Ubusanzwe uyu mugabo ni umuhinzi wabigize umwuga. Akaba akurikiranweho ibyo byaha birimo kwanduza abagore benshi hirya no hino SIDA ndetse ngo bifatwa nk'icyaha gikomeye kuko aba yangiza abaturage bagiye batandukanye Kandi akabikora asa n'uwabigambiriye dore ko aba abizi ko ayirwaye. Ki mwe mu byatumye uyu mugabo atabwa muri yombi ni uko yemeye kurya...
Ese uwo wita umukunzi wawe ni wowe akunda cyangwa akunda Konti yawe ?

Ese uwo wita umukunzi wawe ni wowe akunda cyangwa akunda Konti yawe ?

Inkuru Nyamukuru, Inkuru z'urukundo
Iteka biroroha cyane kumenya ko uwo mukundana agukunda cyangwa akunda Konti yawe ni ukuvuga amafaranga yawe.Gusa hari ubwo udashobora kubimenya bitewe n’ubuhanga afite mu kukubeshya.   Iyo uwo muntu akubeshya ko  agukunda, ntabwo azagira uruhare kuri wowe cyangwa mu byawe; haba mu bibazo cyakora mu byishimo ushobora kuzamubona cyane.Ntabwo aba yumva mwaganira yewe ibikorwa byawe by’umunsi ntacyo biba bimubwiye rwose.Ntabwo yita kungorane uhura nazo umunsi ku munsi.   Ntabwo uyu mukunzi wawe aba yifuza ko mwahura mwenyine [On Date], aba yumva mwahurira mu itsinda ry’abantu benshi aho adashobora no kubona umwanya wo ku kwitaho.Uyu muntu azaba mwiza kuri wowe rwose mu gihe haricyo azaba agukeneyeho, azakwifataho neza  aha niho uzabonera ko burya urusenda rwajugunywe mu k...
Menya impamvu uhora ushonje

Menya impamvu uhora ushonje

Ubuzima
Ubushakashatsi bwose bwakozwe bwerekana ko gusonza ari ikimenyetso simusiga cy’uko umubiri wawe ukeneye amafunguro menshi.Ariko niba umubiri wawe uhora utaka ibiryo yewe na nyuma yo kurya uvuye ku meza bishobora kuba ari ikimenyetso cy’izindi ndwara nk’uko byemejwe na Miliam Muligi.   Mu mafunguro abantu bafata umunsi ku munsi habaha harimo kwigengesera no gushaka cyane cyane ibiratunga umubiri mu gihe kirekire kuko bamwe barya rimwe ku munsi , kabiri cyangwa gatatu kuzamura ariko bagashyiramo umwanya.Mu gihe wowe umaze kurya rero wumva ushonje cyangwa ukumva wahora urikurya.Ese biterwa ni iki ?   1.URYA AMAFUNGURO ATARIMO VITAMINI : Birashoboka ko amafunguro ufata buri munsi nta Protein ziba zirimo zihagije cyangwa akaba ari nta naduke turimo.Niba urya amafunguro ata...
Simi na Adekunle Gold bingingiye abanafa kureba indirimbo yabo kugira babone amafaranga y’ishuri ry’umwana wabo

Simi na Adekunle Gold bingingiye abanafa kureba indirimbo yabo kugira babone amafaranga y’ishuri ry’umwana wabo

Imyidagaduro
Umuhanzikazi Simi wamamaye muri muzika by'umwihariko muri Nigeria, we n'umugabo we Adekunle Gold batangaje ko arashyira hanze indirimbo kuri uyu wa Gatanu. Ni nyuma y'aho abafana ba Adekunle Gold na Simi bari bakomeje kubasaba kwamamaza indirimbo yabo bise "Look What You Make Me Do" baherutse gushyira hanze. Adekunle Gold umugabo wa Simi , yavuze ko umugore we azashyira hanze indirimbo ku wa Gatanu tariki 23 Gashyantare 2024 , gusa ngo ikazabanzirizwa niye bwite arashyira hanze kuri uyu wa 21 Gashyantare 2024 yitwa 'The Life I Chose'. Uyu muhanzi yasabye abafana babo kureba indirimbo yabo bombi kumbuga nkoranyambaga zabo agaragaza ko ari igihe cyo kwishyurira abana ishuri bityo ko bakeneye amafaranga azava muri Views z'indirimbo yemeza ko bakeneye kurera umwana wabo w'umukobwa wit...
Umukobwa waryamanye n’abasore babiri akayoborwa uwamuteye inda, bose yabatumiye mu birori bya Baby Shower barishimana

Umukobwa waryamanye n’abasore babiri akayoborwa uwamuteye inda, bose yabatumiye mu birori bya Baby Shower barishimana

HANZE, Inkuru Nyamukuru
Amashusho y’umukobwa wananiwe kumenya umusore wamuteye inda muri babiri baryamanye, yabuze amahitamo bose arabatumira ubwo yari yateguye igitaramo cyo kwitegura umwana we wendaga kuvuka, barabyinana barasangira barishimana.   Muri aya mashush yanyujijwe kuri Tiktok, uyu mukobwa yagaragaye avugana n’aba basore asa n’ubinginga ariko nanone bigaragara ko yishimiye ukuganira nabo ku ruhande rumwe.Uyu mukobwa yasize aba basore mu rujijo nyuma yo kubatumira akishimana nabo ku mwana we wendaga kuvuka.   N’ubwo amazina n’indi myirondoro by’uyu mukobwa cyangwa abasore bitigeze bishyirwa hanze, gusa byagaragajwe ko nyamukobwa yananiwe gusobanura Ise w’umwana kuva yamenya ko atwite ,bikamubera urujijo agahitamo kubasaranganya umwana we ngo na cyane ko bose baryamanye mu gihe kim...
Mbega igihombo ! Abageni bateguye ubukwe buhenze habura n’umwe ubutaha

Mbega igihombo ! Abageni bateguye ubukwe buhenze habura n’umwe ubutaha

Inkuru z'urukundo
Abageni bahuye n'igihombo gikomeye nyuma yo gutegura ubukwe buhenze buhagaze Miliyoni 34 RWF ariko mu bashyitsi bari biteze hakabura n'umwe uhakandagiza ikirenge. Uyu muryango wakoze uko ushoboye utumira inshuti n'imiryango, abagera kuri 88 b'abashyitsi aba aribo bemeza ko bazaboneka ahangombaga kubera ubukwe.Nyuma yo kumenya uyu mubare w'abashyitsi, abageni bakoze iyo bwabaga kugira ngo bashimishe imiryango yabo bakoresha amafaranga angana na Miliyoni 34,357,500 y'Amafaranga y'u Rwanda muri ubu kwe. Muri uko kwitegura kutagira uko gusa, imitako myiza, ibyo kunywa bihenze , ibyo kunywa bidasanzwe, nta muntu n'umwe wahakandagiye nk'uko bigaragazwa n'amashusho yafashwe n'uwitwa Grayanxiet wayasangije abantu kuri TikTok n'izindi mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Muri aya mashusho bar...
Nick Minaj yagaragaje inyota yo gusura Kenya

Nick Minaj yagaragaje inyota yo gusura Kenya

Imyidagaduro
Nick Minaj wamamaye mu Njyana ya Hip Hop yatangaje ko agomba kujya muri Kenya mu gihe cya vuba.   Ibi yabitangarike mu kiganiro yakoreye kuri Konti ye ya Instagram mu buryo bw’imbona Nkubone aho yavuze ko afite intego yo kugera muri Kenya bitari kera yemeza ko hari umwe mu bo mu ikipe ye wamaze kugera muri iki gihugu.   Mu buryo bugaragaza ko yifuza cyane kujya muri Kenya yagize ati:”Oh Shout Out to Kenya , Shout out to Kenya , Shout out to Kenya ! Sinjye uzarota ngeze muri Kenya”.Uyu muhanzi yagaragarije abakunzi be by’umwihariko abo mu gihugu cya Kenya ko arimo kubika amafaranga menshi yo kuza muri iki gihugu.   Mu mwaka wa 2023, Nick Minaj yagaragaje ko muri Kenya ariho hari abafana be benshi cyane, dore ko yafashe agace k’indirimbo ye yitwa ‘Super Bass’...
Ross Kana yavuze iby’urukundo rwe na Tracy Umukunzi

Ross Kana yavuze iby’urukundo rwe na Tracy Umukunzi

Imyidagaduro
Ross Kana wamamaye cyane ubwo yakoranaga indirimbo na Bruce Melodie na Element Elee, aherutse gushyira hanze iyo yise Sesa ikaba ariyo ndirimbo ifatwa nk'iya mbere kuri we mu rugendo rwe rwa muzika. Indirimbo Sesa imaze kurebwa n'abarenga ibihumbi 270, ni indirimbo yagaragayemo umukobwa w'ikimero witwa Tracy Umukunzi benshi bemeza ko ari umukunzi bakeka abandi bakavuga ko baberanye byo gukundana dore ko mbere y'uko amashusho y'indirimbo asohoka Ross Kana n'uyu mwari bagiye bagaragara hamwe cyane. Muri Behind the Scene ya Sesa, uwakoze amashusho y'indirimbo yashyize kuri YouTube ye, Ross Kana asobanura uko yahuye na Tracy anagira icyo avuga kukuba bakundana.Ross Kana yavuze ko ajya guhura na Tracy bahujwe na Aime Rwanda inshuti ya Ross Kana wari wamubajije niba yamubonera umukobwa yak...
Amavubi yahawe amahirwe adasanzwe

Amavubi yahawe amahirwe adasanzwe

Imikino
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi ntabwo azaca mu ijonjora ry'ibanze ryo gushaka itike y'igikombe cya Afurika kizaba muri 2025 kikabera muri Maroc. Ibi byemejwe n'Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku Mugabane wa Afurika CAF. U Rwanda ntabwo rwashyizwe ku rutonde rw'amakipe azakina amajonjora y'ibanze bitewe n'umwanya ruriho ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA wa 133. Amakipe 44 ntabwo azakina ijonjora ry'ibanze rizahera mu matsinda.Amakipe azaca mu ijonjora ry'ibanze arimo; Somalie , Eswatini , Sãotomé, Chad , ibirwa bya Maurice , Libérie National Djibouti,.. Biteganyijwe ko aya makipe azakina hakavamo 4 azajya mu matsinda. Imikino y'Ijonjora ry'ibanze iteganyijwe guhera tariki 20 Werurwe iyo kwishyura ikazakinwa tariki 26 Werurwe 2024.

Evariste Ndayishimiye yahaye imbabazi imfungwa 558

Inkuru Nyamukuru
Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yahaye imbabazi imfungwa 558 zari zifungiye muri gereza nkuru ya Rutana.Izi mfungwa zarekuwe zari zifungiye ibyaha bito. Umukuru w'Igihugu cy'u Burundi yasabye imiryango yabarekuwe nabo ubwabo gukomeza guhindura amakosa bakora yatumye bafungwa, abasaba kubana amahoro n'abo basanze bagamije Iterambere rw'Igihugu cyabo. AMAFOTO