Abantu bakeka ko ndi umubyeyi mubi ku mwana wanjye kubera nuzuye tattoo, ariko abo bose baribeshya
Lily Lu wo mu gihugu cy’Ubwongereza amaze kubaka izina rikomeye ku mbugankoranyambaga ndetse akaba akurikirwa n’abantu benshi kubera ama tattoo yujuje umubiri we wose.