Advertising

Mfite ubwoba ko iwabo wuyu muhungu batazanyemera kubera ndi mugufi ! Umukobwa akomeje kugaragaza impungenge ze

04/02/2024 09:08

Umukobwa wo mu gihugu cya Kenya witwa Ruth yashyize hanze ifoto ye arikumwe n’umusore muremure avuga ko uwo musore bari mu rukundo gusa akaba afite impungenge ko umuryango w’umusore utazamwera kubera ko ari mugufi.

Mu mafoto uyu mukobwa yanyujije ku mbugankoranyambaga, yagaragaje Umusore bakundana ufite uburebure buhagije gusa uyu mukobwa we kubera ko akundana n’umusore muremure cyane bihita bimugira mugufi.

Ayo mafoto Kandi hagaragaye mo amafoto uyu musore ateruye uyu mukobwa aho wabonaga Umusore asa nuteruye umwana we kuko uyu mukobwa yagaragaye asa nkaho yabaye umwana.

Abakoresha imbugankoranyamaga hirya no hino bakomeje kuvuga ko n’ubundi umukobwa mugufi ngo burya akwiye gushyingiranwa n’umusore muremure bityo ko bo ngo ntakibazo babibonamo.Ese birakwiye ko Umukobwa mugufi aterwa ubwoba nindeshyo ye kubera akundana n’umusore muremure cyane. Wowe urabyumva Ute.

Source: muranganewspaper.co.ke

Previous Story

Natandukanye n’umugore wanjye nibanira n’umukozi wo murugo ! Umugabo abwira urukiko

Next Story

Abantu bakeka ko ndi umubyeyi mubi ku mwana wanjye kubera nuzuye tattoo, ariko abo bose baribeshya

Latest from Inkuru z'urukundo

Amoko 10 y’urukundo

Urubuga Elcrema rutanga inama ku mibanire rugaragaza ko urukundo ruri mu moko 10 benshi bitiranya kubera ko batabisobanukiwe: Urukundo rusanzwe: Uru ni urukundo rugaragara
Go toTop