Abantu bakeka ko ndi umubyeyi mubi ku mwana wanjye kubera nuzuye tattoo, ariko abo bose baribeshya

04/02/2024 09:31

Lily Lu wo mu gihugu cy’Ubwongereza amaze kubaka izina rikomeye ku mbugankoranyambaga ndetse akaba akurikirwa n’abantu benshi kubera ama tattoo yujuje umubiri we wose. Uyu mugabo ni Kenshi yavuze ko abantu benshi bamufata nabi rimwe narimwe bakamwita umubyeyi mubi.

Icyakora bavuga ko umuntu adakwiye gupinga igifuniko cy’igitabo mbere atarasoma ikirimo. Niko uyu mugabo nawe avuga ko ameze kuko avuga ko nawe indani Ari umuntu mwiza.Ubusanzwe uyu mugabo afite umwana w’umukobwa utari muto cyane.

 

Ndetse uyu mugabo umubiri we wose wuzuye ama tattoo mu maso ku maboko ndetse no mu maso ndetse no mu menyo ubwaho uyu mugabo yahasize ama tattoo.Buri muntu wese ubonye uyu mugabo ahita afata nabo uyu mugabo akavuga ko ari umubyeyi mubi ku mwana we kuko bahita bavuga ko ashobora kuba akoresha ibiyobyabwenge ndetsee akanywa amayoga n’amatabi.

 

Gusa uyu mugabo avuga ko nubwo asa nukoresha ibiyobyabwenge, we ntabyo akoresha ndetse ngo ahantu henshi bamwima akazi kubera kuntu asa. Uyu mugabo Kandi yavuze ko hashize imyaka irenga 20 abakoresha ibiyobyabwenge ndetsee atanywa inzoga cyangwa itabi.Yavuzeko ubuzima bwe bumeze neza Arya neza ndetse ko Akira siporo.

 

Yavuzeko ko Kandi amarana n’umukobwa we amasaha menshi ndetse ko aha uburere bwiza umwana we atitaye kubyo abandi bantu bavuga.Umugabo yasoje avuga ko abaho ubuzima bwe yishimye ndetse yongera ho ko afite gahunda yo kwihinduza igitsina akareka kuba umugabo ahubwo akibera umugore gusa ngo bimeze nk’ubusazi ariko muri gahunda afite nabyo birimo.

Source: mirror.co.uk

Advertising

Previous Story

Mfite ubwoba ko iwabo wuyu muhungu batazanyemera kubera ndi mugufi ! Umukobwa akomeje kugaragaza impungenge ze

Next Story

Uburyo bworoshye wasaba umukobwa ko akubera umukunzi

Latest from HANZE

Go toTop