Umuhanzi Nyarwanda Meddy uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifuje gukorana indirimbo na John Hope Singleton wamukoze ku mutima nyuma yo gusubiramo indirimbo
Lupita Nyong’o wamamaye muri Cinema y’Isi by’umwihariko muri Mexico no muri Kenya , yagaragaye mu mashusho y’indirimbo ya Faiyaz Brent nyuma yo gufata amashusho
Umuhanzi Bruce Melodie yakubutse muri Amerika aho yari amaze icyumweru nyuma ya Rwanda Day yatangaje ko asabye imbabazi The Ben kubera amagambo yatangaje atarishimiwe