Kimwe mu bintu uzasanga abahanzi benshi bavugwaho no gusambana bizamo ariko bitavuze ko abahanzi Bose bishora mu busambanyi nk’uko abafana benshi hirya no hino
Umwe mu bagore bakunzwe hano muri Afurika ndetse akaba umugore utunze agatubutse bikomeje guhwihwiswa ko umugabo we Shakib Lutaaya ashobora kuba yamaze kwahukana. Ni
Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ubwo yatangazaga ko acyeneye amasengesho nyuma yo guterwa indobo na Zuchu ku
Imwe mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’uyu mukobwa wo mu gihugu cya Kenya witwa Claris ukomeje gutakambira
Umunyamafaranga Zari Hassan wo mu gihugu cya Uganda ariko usigaye utuye muri Afurika y’epfo biravugwa ko ashobora kuba atameranye neza n’umugabo we Shakib Lutaaya
Mushiki muto wa Diamond Platinumz bavukana mu nda witwa Esma Khan yakoze ubukwe bwagatangaza byabereye mu muhezo ndetse bukaba bwagiyemo inshuti za hafi ndetse
Nyuma yo gusezerera ikipe ya APR FC mu marushanwa y’igikombe cy’Amahoro, abakinnyi ba Gasogi United bahawe agahimbazamusyi kishimwe. Ku munsi wo ku wa Gatatu
Imwe mu nkuru ikomeje kwigarurira imitima ya benshi ni iyi nkuru y’uyu mugore witwa Uwanyirigira Florantine kuko yavuze imbogamizi yagiye ahura nazo mu buzima