Ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza ko ingeso yo gukunda igitsina ku rugero rwo hejuru imaze gufata indi intera ikabije , ibikorwa by’ubusambanyi byariyongereye hirya no hino
Bitewe no kwicara nabi cyangwa gukora imirimo ivunanye hari ubwo umugongo wawe ugira ikibazo bigasaba ko uwitaho binyuze mu myitozo ngorora mubiri. Ikinyamakuru Healthline
Miss Mwiseneza Josiane yasubije umusore wamubwiye ko amukunda cyane ko yakwisiga n’amarangi nyuma y’aho uyu mufana we amubwiye ko yamutoye cyane ubwo yiyamamazaga ndetse
Lindaci Viegas Batista de Carvalho wo muri Brazil yakiriye chocolate ku isabukuru ye y’amavuko yoherejwe n’umuntu atazi biri kumwe n’indabo nkimpano. Uyu Ms