Umugabo ufite abagore 8 yatangaje ko bose abitaho mu buryo bukwiye kandi bakanyurwa ntibagirirane amashyari

25/05/2023 22:04

Umugabo witwa David Sakayo Kaluhana utuye ahitwa Malava ufite abagore 15 yasobanuye kuntu yita ku bagore be bose neza ndetse ntibagirane ishyari hagati yabo.

 

Ubwo uyu mugabo yasurwaga nitangazamakuru, yavuze byinshi kuri buri mugore we kuko baganizaga umugore umwe kuri umwe mpaka bose uko ari 15 barangiye.Uyu mugabo David Sakayo Kaluhana w’imyaka 63 akaba anafite abana 107 yavuze ko yafashe umwanzuro wo gushaka abagore 15 kuki yibonagamo ubushobozi bwo kubatunga bose.

 

Uyu mugabo kandi yatangaje ko afite n’abandi bagore mu gihugu cya baturanyi cya Uganda ndetse ko akomeje urugendo rwo gushaka abandi bagore.Umugore mukuru wuyu mugabo afite imyaka 49, umuto muri bo afite imyaka 23. Ufite abana bacye muri abo afite abana batanu naho ufite benshi afite 16, kandi ko akomeje gahunda yo kubyara abandi abana.

 

Yavuze ko kandi abagore be babiri banze gushyingiranwa nawe kuko bari bizeye ko azajya ararana nabo buri munsi Kandi bidashoboka kuko afite abagore benshi. Yakomeje avuga ko Kandi mu bagore be bose ntanumwe uba uzi uwo ari buraze mu ijoro ndetse ko aribyo bituma bakomeza kubana mu mahoro.

 

Yasoje avuga ko kandi ntakibazo nakimwe ahura nacyo dore ko ngo afite byose byo kwita ku muryango we.

 

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: TUKO

 

 

Advertising

Previous Story

“Abansabye ko turyamana sinabarara kandi nawe urabona ko ndi mwiza cyane” ! Umutesi Sarah yahamije ko ubwiza bwe butuma abasore bamwirukaho

Next Story

Umubyeyi yitabye Imana nyuma yo kurya chocolate irimo uburozi yakiriye ku isabukuru ye y’amavuko

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop