“Sinshaka kurongora umugore w’umukene atazantera umwaku” Umuhanzi w’indirimbo z’Imana yihenuye kubakobwa babakene.

26/05/2023 16:54

Umuhanzi Byukurabagirane Noel ubarizwa mw’itorero rya ADEPR Gasave Mu mugi wa kigali yakuriye inzira k’umurima abakobwa babakene bategereje abagabo bakize ,ababwira ubwo we atarimo kuko adashaka kwikururiraho umuvumo .

Uyu muhanzi mu kiganiro n’itangazamakuru mw’ijwi rirera yagize ati; “abantu baranzi ,reka mbivuge mubyumve munabizirikane, sinshaka umugore w’umukene ,abagore babakene batera umwaku.

abagore babakene batera umwaku sinshaka kwikururiraho umuvumo rero nta mu kene nshaka.

 

Uyu musore w’umu Adepr ubwo yaganiraga na Juli tv ajya impaka n’umuvugabutumwa nibwo yahamije aya magabo.

Uyu muvugabutumwa yabwiye uyu muhanzi ko ari umusazi ndetse ibyo ari kuvuga ari irari rimukinano.

Ingo nyinshi zubakwa buri munsi zishinjwa kubakira k’ubutunzi aho kubakira k’urukundo ari nayo mpamvu inyinshi mungo zubakwa zitamara kabiri.

Uyu muhanzi BYUKURABAGIRANE NOEL yateye benshi kwibaza iby abarokore bubu niba baba bakurikiye Imana cyangwa baba bakurikiye indamu .

UMWANDITSI shalomi Parrock Juli Tv

Advertising

Previous Story

Menya ibimenyetso biranga uwo mukundana wabaye imbata y’igitsina kurugero rwo hejuru cyane

Next Story

Mutimura abed Umenyerewe nka AB Godwin Mugufata no Gutunganya amashusho Y’indirimbo yakatiwe gufungwa imyaka 2 kubera gukoresha Drone ntaburenganzira

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop