Sunday, May 12
Shadow

Author: Byukuri Dominique

Amayobera ku nkuru y’umugab uvuga ko umugeni yamwibye ku munsi w’ubukwe, apakira byose atorokana na Marraine we

Amayobera ku nkuru y’umugab uvuga ko umugeni yamwibye ku munsi w’ubukwe, apakira byose atorokana na Marraine we

Inkuru z'urukundo
Imwe mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mugabo wavuze ko umugore yari agiye gushakana nawe yamwibye ku munsi w’ubukwe akamwiba byose agapakira agatorokana na Marraine we.   Ni mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru witwa Murungi Sabin ku Isimbi Tv nibwo uyu mugabo witwa Kimenyi yavuze agahinda yahuye nako agatewe nuwo yari agiye kugira umugore ariko akamuhemukira ku munsi w'ubukwe.Nk’uko uyu mugabo yabivuze mu kuganiro yavuze ko uwo mukobwa bahuriye mu kabari ku gisozi baza gushimana ariko umukobwa agatangira kwihutisha ibintu nkaho bamaze igihe kinini bari mu rukundo Kandi Aribwo bari bakimenyana mu minsi micye.     Uyu mugabo yakomeje avuga ko uyu mukobwa yamusabye ko yamuterera ivi mu buryo butunguranye. Ubusa...
Theo Bosebabireba yasabanye imbabazi n’umugore babyaranye, umugabo we yiyemeza kubahuza bakiyunga

Theo Bosebabireba yasabanye imbabazi n’umugore babyaranye, umugabo we yiyemeza kubahuza bakiyunga

Inkuru z'urukundo
Umuramyi Theo wamamaye cyane nka Bose babireba yavuzwe Kenshi mu itangazamakuru ko ashobora kuba Hari abakobwa benshi yaryamanye nabo maze akabatera amada ndetse uyu mugabo nawe yagiye agaragara mu biganiro byinshi abyemera ndetse abisabira imbabazi.   Mu kiganiro uyu mugore wari kumwe n'umugabo we yagiranye na Murungi Sabin ku Isimbi Tv, byabaye ngombwa ko uyu mugore asabana imbabazi na Theo Bose babireba babyaranye umwana.Ubwo bari mu kiganiro uyu mugore we yemeje ko yabyaranye n'uyu mugabo Theo Bose babireba ndetse avuga ko kuri ubu bameranye neza dore bombi basabanye imbabazi mu kuganiro ubwo bahamagaraga uyu mugabo Theo Bose babireba hagati mu kuganiro.   Mu gihe umunyamakuru Murungi Sabin yahamagaraga uyu mugabo yabanje kumusaba uburenganzira bwo gufata amajwi y...
Dore ibintu udakwiye gupfa kubwira umugore uko wiboneye kose, bisaba kwitonda

Dore ibintu udakwiye gupfa kubwira umugore uko wiboneye kose, bisaba kwitonda

Inkuru z'urukundo
Icyambere, mugabo itondere kubwira umugore wawe icyo yambara nicyo adakwiye kwambara mbese ukamutegeka ibyo agomba kwambara. Abagore ntibakunda umuntu ubabwiriza ibyo bambara cyangwa urwanya ibyo bo bashaka kwambara. Ni ngombwa ko ucunga uburyo ubimubwiramo kuko mushobora no kubipfa. Icyakabiri, itondere kubwira umugore wawe ko yabyibushye cyane cyangwa ko yananutse cyane. Kugira icyo uvuga ku mihindagurikire y'umubiri we nabyo bitewe n'uburyo ubivuzemo bishobora gutuma umugore wawe mushwana, cyane kumubwira ko yabyibushye Kandi utabikunze mbese ukwiye kubivuga mu buryo we abishakamo. Icyagatatu aricyo cyanyuma, abagore benshi ntibakunda umuntu ubabwiriza uko bagomba gufata umuntu cyangwa kwiyumva. Iteka bahora bashaka kugaragaza amarangamutima yabo uko babishaka bityo nta muntu ubab...
Justin Bieber yasebeye muri Super Bowl LVIII

Justin Bieber yasebeye muri Super Bowl LVIII

Imyidagaduro
Umuhanzi Justin Bieber umwe mu bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaye mu bitaramo bya Super Bowl LVIII byabaye kuri iki cyumweru tariki 11 Gashyantare ari kumwe n'umugore we byavugwaga ko batandukanye.JB yari yicaranye n'umugore we Hailey Bieber bivugwa ko bafitanye ibibazo. Mu mashusho yabagaragaje bombi [ Justin Bieber na Hailey Bieber ] bari muri Los Angeles muri Super Bowl LVIII , Justin Bieber yegereye umugore we asa n'urimo kumusoma undi nawe asa n'umwegejeyo gusa ntibyatindwaho.Justin Bieber yakoze ibi ubwo Hailey yasaga n'urangariye hakurya yabo. Muri ibi birori , ikipe ya Kansas City Chief yakinaga na San Francisco 49ers.Justin Bieber wasaga nushaka kugirana ibihe byiza n'umugore we mu ruhame nk'uko Taylor Swift yabikoze, yigijweho.Benshi mu bafana ba Justin B...
FARDC yamanuye batayo z’abakomando benshi n’ibifaru nyuma yo kwikanga

FARDC yamanuye batayo z’abakomando benshi n’ibifaru nyuma yo kwikanga

Inkuru Nyamukuru
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC cyatangaje ko cyohereje i Goma batayo z'abasirikare b'abakomando n'intwaro zikomeye mu rwego rwo kurinda ko uyu Mujyi wafatwa n'umutwe wa M23.Ni nyuma y'uko FARDC itangarije ko igiye gukora Ibishoboka byose kugira ngo Umujyi wa Goma utagwa mu mwanzi ariwe M23 bahanganye. Nyuma y'inama nkuru y'umutekano yateranye mu cyumweru gishize , Minisitiri w'Intebe wungirije akaba na Minisitiri w'Ingabo Jean Pierre Bemba yatangaje ko igisirikare gikora ibishoboka byose ngo Umujyi wa Goma udafatwa.Aganira n'itangazamakuru nyuma y'iyi nama yateranye ku wa 05 Gashyantare Jean Pierre Bemba yagize ati:" Inama Nkuru y'Ingabo yatanze ubutumwa ku baturage bose b'Umujyi wa Goma, ko hari gukorwa ibishoboka byose kugira ngo Umujyi wa Goma udafatwa...
Lorenzo Musangamfura yanenze abakomeje kuvuga ko Juwayeze wa Juno yica umuziki Nyarwanda

Lorenzo Musangamfura yanenze abakomeje kuvuga ko Juwayeze wa Juno yica umuziki Nyarwanda

Imyidagaduro
Lorenzo Musangamfura wa RBA yanenze abakomeje kuvuga ko Juwayeze wa Juno yica umuziki Nyarwanda Muhahinda kenshi Lorenzo Musangamfura yifashishije ifoto ya Juwayeze uvuga ko akunda Juno Kizigenza cyane , yagaragaje ko abantu bavuga ko yica umuziki bakwiriye kumenya ko uwo muziki bavuga atari uwabo. Mu butumwa yanyujije kuri X Lorenzo yagize ati:" Ntabwo abagore n'abagabo bakuze bakomeza gusuka urwango kuri uyu mwana muto urimo gushaka imibereho ye.Birababaje, maze nkaho bari mukuri ? Kwica umuziki ? Ese umuziki ni uwanyu ? Mu byukuri gufashwa n'inzu runaka byica umuziki wose kandi nyamara mutarigeze mubikora na mbere. Uyu mwana mu mureke wenyine mu izina rya Yesu.Umuziki ni mugari kandi buri wese awufiteho umugabane.Rero niba wowe udashobora gufataho uwawe, reka umukobwa muto afat...
Zuchu yateguriye impano ikomeye abakundana

Zuchu yateguriye impano ikomeye abakundana

Imyidagaduro
Zuhura Othman Soud wamenyekanye nka Zuchu yateguriye abakunzi be bafite abo bihebeye impano ikomeye y'indirimbo yise Zawadi.Uyu muhanzikazi wavutse mu 1993 akavukira muri Zanzibar, anyuze kumbuga nkoranyambaga ze yasabye abakundana kwitegura iyo ndirimbo. Zuchu ni umwe mu bahanzi babarizwa muri WCB Wasafi ya Diamond Platnumz , akigera muri iyi Rebel haciyemo icyumweru kimwe gusa , urubuga rwa YouTube rwamuhaye igihembo cya Silver Plaque Button kuko yahise yuzuza ibihumbi 100 bya Subscribers, akurikizaho agahigo k'umuhanzikazi wa mbere muri Afurika wujuje Miliyoni kuri YouTube. Othman Soud aka Zuchu wamamaye mu ndirimbo zirimo Sukari, agiye gushyira hanze Zawadi, yatuye abari mu rukundo by'umwihariko ku munsi wa St Valentin uharirwa abakundana kubabyizera gutyo. Anyuze kumbuga nkor...
Rudeboy yihanganishije abanya-Nigeria

Rudeboy yihanganishije abanya-Nigeria

Imyidagaduro
Umuhanzi Paul Okoye wamamaye nka Rudeboy yasabye abaturage bo muri Nigeria kwakira ukuri ko batsinzwe mu mimikino y'igikombe cya Afurika cy'Ibihugu. Rudeboy yavuze ko igikombe cya Afurika cyo cyamaze kurangira kandi ko batsinzwe.Uyu muhanzi yabajijwe icyo byabasaba ngo bihanganire ko batsinzwe kandi babyakire. Paul Okoye yagize ati:" Mureke twemere ukuri , Ese byasaba iki ? Nimujya mu myigaragambyo nzaba kureba. Mumbwire ahubwo isaha , naho irabera".Yakomeje avuga amagambo yiganjemo gutebya cyane.
Miss Muyango Claudine na Kimenyi Yves batsindiye umunyenga wa Kajugujugu ku munsi w’abakundana

Miss Muyango Claudine na Kimenyi Yves batsindiye umunyenga wa Kajugujugu ku munsi w’abakundana

Imyidagaduro
Muyango Claudine na Kimenyi Yves nibo batsindiye umunyenga wa Kajugujugu ku munsi wa St Valentin nyuma yo gutsinda abo bari bahanganye barimo Couple ya Miss Nishimwe Naomie n'umukunzi we Michael Tesfay.Miss Muyango na Kimenyi batsindiye uyu munyenya mu irushanwa ryateguwe na Akagera Aviation. Babinyujije kumbuga nkoranyambaga, ubuyobozi bwa Akagera Aviation buherutse kuvuga ko mu rwego rwo kwishimira umunsi mukuru w'abakundana bifuje gushyira ho indege izageza abakundana muri Virunga Lodge iherereye i Musanze bagafatirayo amafunguro ya Sasita ikanabacyura. Nyuma yo kubona ubu butumwa benshi , bambariye guha amahirwe abakundana bafana umunsi ku wundi by'umwihariko ibyamamare ku mbuga nkoranyambaga.Abarimo Miss Nishimwe Naomie n'abavandimwe be bo mu itsinda rya Mackenzie , Iradukunda L...
Urukundo rujya iyo rushaka ! Umugabo wagiye mu marushanwa y’umuntu mubi ku Isi yashatse umugore wa gatatu

Urukundo rujya iyo rushaka ! Umugabo wagiye mu marushanwa y’umuntu mubi ku Isi yashatse umugore wa gatatu

HANZE, Inkuru z'urukundo
Kimwe mu bintu udashobora gutegeke n'urukundo rubamo, inzobere zivuga ko burya urukundo rujya iyo rushaka kuko iyi wakunze umuntu ntacyakubuza gukunda uwo muntu uko yaba ameze kose.Uyu mugabo witwa Godfrey Baguma wo mu gihugu cya Uganda wavuzweho kuba umwe mu bagabo babi ku Isi, akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga nyuma Yuko ashatse umugore wa gatatu.   Yirengagije abantu benshi bamwita ngo ni mubi, uyu mugabo yanezerewe no kugira umugore wa gatatu dore ko uyu mugore yashatse afite uburanga bwabonwags na buri wese wamubonye.   Ubusanzwe uyu mugabo yamamaye cyane mu gihugu cya Uganda dore ko ari umunyarwenya wabigize umwuga yamamaye cyane mu mazina ya Ssebabi.Ni mu burori bibereye ijisho byabaye aho uyu mugabo yari ari kurahira kubana akaramata mu bibi no mu...