Amayobera ku nkuru y’umugab uvuga ko umugeni yamwibye ku munsi w’ubukwe, apakira byose atorokana na Marraine we
Imwe mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mugabo wavuze ko umugore yari agiye gushakana nawe yamwibye ku munsi w’ubukwe akamwiba byose agapakira agatorokana na Marraine we.
Ni mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru witwa Murungi Sabin ku Isimbi Tv nibwo uyu mugabo witwa Kimenyi yavuze agahinda yahuye nako agatewe nuwo yari agiye kugira umugore ariko akamuhemukira ku munsi w'ubukwe.Nk’uko uyu mugabo yabivuze mu kuganiro yavuze ko uwo mukobwa bahuriye mu kabari ku gisozi baza gushimana ariko umukobwa agatangira kwihutisha ibintu nkaho bamaze igihe kinini bari mu rukundo Kandi Aribwo bari bakimenyana mu minsi micye.
Uyu mugabo yakomeje avuga ko uyu mukobwa yamusabye ko yamuterera ivi mu buryo butunguranye. Ubusa...