Rudeboy yihanganishije abanya-Nigeria

12/02/2024 13:20

Umuhanzi Paul Okoye wamamaye nka Rudeboy yasabye abaturage bo muri Nigeria kwakira ukuri ko batsinzwe mu mimikino y’igikombe cya Afurika cy’Ibihugu.

Rudeboy yavuze ko igikombe cya Afurika cyo cyamaze kurangira kandi ko batsinzwe.Uyu muhanzi yabajijwe icyo byabasaba ngo bihanganire ko batsinzwe kandi babyakire.

Paul Okoye yagize ati:” Mureke twemere ukuri , Ese byasaba iki ? Nimujya mu myigaragambyo nzaba kureba. Mumbwire ahubwo isaha , naho irabera”.Yakomeje avuga amagambo yiganjemo gutebya cyane.

Advertising

Previous Story

H.E Paul Kagame yatanze igisubizo gikomeye ubwo yabazwaga niba ariwe mukandida wujuje ibikenewe mu matora y’Umukuru w’Igihugu

Next Story

Zuchu yateguriye impano ikomeye abakundana

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop