Sunday, May 12
Shadow

Author: Byukuri Dominique

Bruce Melodie yahakanye amakuru avuga ko yibye Producer Prince Kizz

Bruce Melodie yahakanye amakuru avuga ko yibye Producer Prince Kizz

Imyidagaduro
Umwe mu basore bahagaze neza mu gutunganya imiziki hano mu Rwanda wamamaye nka Prince Kizz, haherutse guhwihwiswa amakuru avuga ko ashobora kuba yaribwe mu nzu akoreramo yitwa Country Records, agatwarwa na Bruce Melodie ubarizwa muri 1:55 Am.   Ni mu kiganiro Bruce Melodie yagiranye n'ikinyamakuru MIE Empire gikorera kuri YouTube, abazwa na Murindahabi Irene, nibwo uyu muhanzi yavuze kubyo ashinjwa harimo kwiba uyu musore utunganya imiziki Prince Kizz.   Tugaruke Gato, ubusanzwe uyu musore Prince Kizz yigeze kubarizwa mu nzu ireberera inyungu z'abahanzi yitwa 1:55 Am, ndetse yakoze indirimbo yitwa Funga Macho ya Bruce Melodie.Bidatinze uyu musore nubwo byavugwaga ko ashobora kuba abarizwa muri 1:55 Am yahise asinya mu nzu itunganya imiziki yitwa Country Records, bitum...
Alliah Cool yaguriye imodoka umurinzi we

Alliah Cool yaguriye imodoka umurinzi we

Imyidagaduro
Umusore ukora umwuga wo kurinda ibyamamare ari mu byishimo bikomeye cyane nyuma yo guhabwa impano ikomeye y'imodoka n'umukire ndetse akaba umukinnyi wa Filime Alliah Cool. Ubusanzwe uyu musore ni umwe mu bagabo bakora umwuga wo kurinda ibyamamare wamamaye cyane kuko uyu musore yagiye agaragara mu mafoto arikumwe n’ibyamamare bitandukanye ndetse bikunzwe n'abatari bacye hano mu Rwanda. Mu mafoto uyu musore yasakaje ku rubuga rwe rwa Instagram maze agasakara hose ku mbugankoranyambaga, uyu musore yagaragaje uburyo yakozwe ku mutima nibyo uyu mukobwa Alliah Cool yamukoreye nyuma yo kumugurira imodoka nziza cyane. Ni ifoto iriho iyo modoka yo mu bwoko bwa Hundai, ndetse ikurikirwa n'amagambo arimo ibyishimo no gushima iyo mpano yahawe n'uyu mukire kazi Alliah Cool. Uyu musore yagar...
Diamond Platinumz yavuze impamvu adashobora kwanga Zuchu

Diamond Platinumz yavuze impamvu adashobora kwanga Zuchu

Imyidagaduro
Umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Tanzania Nasibu wamamaye cyane muri muzika nka Diamond Platinumz aherutse kugaragaza urwo akunda umuhanzikazi Zuchu ndetse avuga impamvu ikomeye cyane ituma adashobora kwanga Zuchu. Ni nyuma y'uko uyu mukobwa usanzwe ubarizwa mu nzu ireberera inyungu abahanzi yitwa Wasafi iyobowe na Diamond Platinumz, aherutse gushyira hanze amakuru avuga ko yatandukanye n'umukunzi we akaba Boss we Diamond Platinumz. Icyakora nihaciye kabiri, kuko bombi bahise biyunga nyuma Yuko uyu mugabo Diamond Platinumz agiriwe inama yo kujya kwihutira gusaba imbabazi uyu mukobwa Zuchu. Nibwo Diamond Platinumz yafashe rutema ikirere ye bwite maze yerekeza muri Zanzibar ahari Hari kubera igitaramo cyuyu muhanzikazi Zuchu maze aratungurana ajya ku rubyiniro maze apfukama hasi asaba...
Waruziko guhagarika gukora imibonano mpuzabitsina hagati yabashakanye bigira ingaruka mbi, icyakora Hari n’ibyiza

Waruziko guhagarika gukora imibonano mpuzabitsina hagati yabashakanye bigira ingaruka mbi, icyakora Hari n’ibyiza

Inkuru z'urukundo
Kimwe mu gikorwa kiba hagati yabo bashakanye no gukora imibonano mpuzabitsina bibamo. Gusa Hari ubwo hagati yabo bahisemo guhagarika gukora imibonano mpuzabitsina kubera impamvu zitandukanye.   Dore ibibi byo guhagarika gukora imibonano mpuzabitsina:     Kurwana bya hato nahato   Inzobere zivuga ko umuntu ukora imibonano mpuzabitsina Kenshi mu kwezi arwara gacye kurusha utabikora narimwe. Bityo iyo uhagaritse gukora imibonano mpuzabitsina bishobora gutuma wisanga usigaye urwara bya hato nahato.     Kuruhuka gacye   Bivugwa ko Kandi gukora imibonano mpuzabitsina bituma abo bari muri icyo gikorwa babasha kuruhuka, bityo iyi uhagaritse gukora imibonano mpuzabitsina bishobora gutuma uruhuka gacye mu buzima bwawe. &nb...
Niwe muntu ufite izina rirerire ku isi, Uyu mukobwa afite izina rigizwe n’inyuguti 1,019

Niwe muntu ufite izina rirerire ku isi, Uyu mukobwa afite izina rigizwe n’inyuguti 1,019

Ubuzima
Izina ryawe rishobora gutuma abantu benshi bakwibazaho aho rimwe n'arimwe bashobora no kukubaza icyo iryo Zina ryawe risobanuye. Icyakora Hari ubwo ababyeyi bawe bakwita izina rishobora gutuma nawe ubwawe rikugora kurifata ndetse cyane.   Icyakora Hari ababyeyi bahitamo kwita abana babo amazina akakaye mu buryo bwo gutuma iryo Zina rizigwaho na benshi bibaza uburyo uwo mwana wabo yiswe ayo mazina bityo akaba ariyo mpamvu ushobora gusanga Hari ababyeyii bitonda iyo bagiye kwita abana babo amazina.   Uyu mukobwa wavutse mu kwezi kwa nzeri taliki 12, 1984 ni umwe mu bana bafite agahigo ko kuba bafite izina rirerire ku isi. Ubusanzwe ababyeyi be bamwise “Rhoshandiatellyneshiaunneveshenk Koyaanisquatisiuth Williams.”   Ubwo bajyaga gufata icyemezo cy’amavuko cy’...
Waruziko gusinzira wasamye ari bibi ku buzima bwawe, Dore icyo inzobere zibivugaho

Waruziko gusinzira wasamye ari bibi ku buzima bwawe, Dore icyo inzobere zibivugaho

Ubuzima
Abantu benshi bakunda kuryama ariko bagasinzira basamye gusa abantu ntibamenye neza icyo bivuze ku buzima bwabo. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye mukubategurira amakuru yizewe ku cyo inzobere zivuga ku muntu ukunda gusinzira yasamye, inshuro nyinshi.   Inzobere zivuga ko gusinzira wasamye Atari ibintu bikomeye cyane ku buzima bwawe gusa ngo ni ikimenyetso kiza kigaragaza ko ushobora kuba utari guhumeka neza muri iryo joro ndetsee bishimiye kugira ingaruka mbi ku buzima bwawe.     Icyakora ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza ko umuntu wabaswe no gusinzira yasamye bishobora kumuviramo kurwara indwara mbi ku mubiri we harimo kurwara umuvuduko w'amaraso ndetse na diabetes mu gihe atabashije kwivuze ngo areke gusinzira yasamye.   Umuntu...
Abasore bari mu myaka 30 nta gahunda bagira, njye nikundira abari mu myaka 40 umukobwa yikomye abasore

Abasore bari mu myaka 30 nta gahunda bagira, njye nikundira abari mu myaka 40 umukobwa yikomye abasore

HANZE, Inkuru Nyamukuru
Imwe mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’uyu mukobwa wo mu gihugu cya Ghana wavuze ko abasore bari mu myaka ya za 30 burya ngo kuri we nta gahunda ababonaba bityo ko atabakunda.   Nk’uko uyu mukobwa yabyivugiye, yatangaje ko we ubusanzwe ari mu myaka 20 akaba abona guteretana n'abasore bari mu myaka ya 30 ari uguta umwanya kuko yizera ko abo basore burya nta gahunda bagira.   Abinyujije ku rukuta rwe rwa TIKTOK mu mashusho akomeje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga, uyu mukobwa yavuze ko aho guteretana n'abasore bari mu myaka ya 30 yahitamo guteretana nabari mu myaka 40 kuko ngo bo Bazi icyo bakora ndetse bagira gahunda.   Icyakora abantu benshi bakomeje kumwibasira bavuga ko ibyo avuga atabizi cyane abasore bo mu g...
Byagenze ute kugira ngo Joyeuse arushe views Safi Madiba ku ndirimbo ye nshya

Byagenze ute kugira ngo Joyeuse arushe views Safi Madiba ku ndirimbo ye nshya

Imyidagaduro
Abantu benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga bakomeje gutanga ibitekerezo cyane mu buryo umuhanzi wakunzwe n'abatari bacye hano mu Rwanda Safi Madiba akomeje kwanikirwa n'abana arusha uburambe mu Muziki.   Uyu muhanzi Safi Madiba ubusanzwe atuye muri Canada ndetse akaba amazeyo igihe kinini arinaho akorera ibikorwa bye birimo no gukora umuziki. Yari amaze igihe adashobora indirimbo nshya ariko ubwo yashyiraga hanze indirimbo ye nshya hanze ntiyakiriwe neza ku kigero cyo hejuru nkuko byari byitezwe.Indirimbo yitwa “Valentina” ni indirimbo nshya yashyizwe hanze n'uyu muhanzi Safi Madiba ikaba imaze iminsi 6 igiye hanze amashusho yayo akaba amaze kurebwa n'abantu bagera ku bihumbi 111 gusa ku rubuga rwa YouTube. Urebye neza iyo ni Imibare iri hasi ugereranyije n'uburyo uyu muh...
Vava na Joyeuse bavuze ko bakunzwe bityo ko abantu bareka kubagirira ishyari, bakomoza kubyo kuba Joyeuse atwite

Vava na Joyeuse bavuze ko bakunzwe bityo ko abantu bareka kubagirira ishyari, bakomoza kubyo kuba Joyeuse atwite

Imyidagaduro
Abahanzikazi bamaze kwamamara cyane kubera indirimbo zabo Vava Dore Imbogo na Joyeuse wa Juno bavuze ko abantu badakwiye kubagirira ishyari kuko bakunzwe ndetse bagezweho kuko buri wese agira igihe cye cyo gukundwa.Ni mu kiganiro abo bombi bagiranye n'umunyamakuru witwa Manibu ukorera kuri shene ya YouTube yitwa X Large nibwo abo bakobwa bombi bikomye abantu babagirira ishyari Kandi bidakwiye ko bagirirwa ishyari. Bavuze ko burya umuntu cyangwa umuhanzi wese agira igihe cye cyo gukundwa bityo ko nabo bari mu bihe byabo byo gukundwa bityo ko bakwiye kuryoherwa nayo mahirwe ndetse abantu bakareka kubagirira ishyari.Ni mu minsi micye ishize uyu mukobwa Joyeuse aherutse gushyira hanze indirimbo ye nshya na Vava Dore imbogo yahamije ko indirimbo uyu mukobwa mugenzi we aherutse gushyira hanze...
Umugore wa Nzovu yasobanuye uburyo aterwa ubwoba no kuba umugabo we ashobora kuba yararozwe gusambana

Umugore wa Nzovu yasobanuye uburyo aterwa ubwoba no kuba umugabo we ashobora kuba yararozwe gusambana

Cinema, Inkuru z'urukundo
Umwe mu bagabo bamamaye cyane muri cinema Nyarwanda mu myaka yashize utatinya kuvuga ko ari umunyabigwi muri cinema nyarwanda n'uyu mugabo Nzovu ugikunzwe n’abatari bake. Kimwe mu bintu byatumye uyu mugabo akundwa cyane no kuba afite ubumuga bw’ubugufi nabyo birimo kuko nibyo byatumye akundwa ndetse yigarurira imitima yabatari bacye hano mu Rwanda.Mu kiganiro uyu mugore w’umukonyine bivugwa ko ari umugore wa Nzovu yagiranye n'umunyamakuru Manibu ukorera ku shene ya YouTube yitwa X Large nibwo uyu mugore yatangaje amakuru akomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga.     Uyu mugore yavuze ko yabanye n'uyu mugabo Nzovu gusa ahamya ko uyu mugabo akunda igitsina mbese akunda gusambana cyane ku buryo bishoboka ko uyu mugabo ashobora kuba yararozwe gukunda g...