Umugore wa Nzovu yasobanuye uburyo aterwa ubwoba no kuba umugabo we ashobora kuba yararozwe gusambana

15/02/2024 13:47

Umwe mu bagabo bamamaye cyane muri cinema Nyarwanda mu myaka yashize utatinya kuvuga ko ari umunyabigwi muri cinema nyarwanda n’uyu mugabo Nzovu ugikunzwe n’abatari bake.

Kimwe mu bintu byatumye uyu mugabo akundwa cyane no kuba afite ubumuga bw’ubugufi nabyo birimo kuko nibyo byatumye akundwa ndetse yigarurira imitima yabatari bacye hano mu Rwanda.Mu kiganiro uyu mugore w’umukonyine bivugwa ko ari umugore wa Nzovu yagiranye n’umunyamakuru Manibu ukorera ku shene ya YouTube yitwa X Large nibwo uyu mugore yatangaje amakuru akomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga.

 

 

Uyu mugore yavuze ko yabanye n’uyu mugabo Nzovu gusa ahamya ko uyu mugabo akunda igitsina mbese akunda gusambana cyane ku buryo bishoboka ko uyu mugabo ashobora kuba yararozwe gukunda gusambana.Nk’uko uyu mugore yakomeje kubivuga yemeje ko ubwo yabanaga n’umugabo we Nzovu, aho babaga nta nzu nimwe ibamo umukobwa uyu mugabo Atari yaragezemo zose ageramo agiye gusambana gusa.

 

 

Yakomeje avuga ko kubera uburyo uyu mugabo Nzovu akunda gusambana cyane Atari gukomeza kwihangana kubana nawe bityo ko byabaye ngombwa ko agenda nubwo yari umugabo we ariko ngo ubusambanyi bwe ntibwari gutuma bagumana.

 

 

 

 

 

Source: Xlarge

Advertising

Previous Story

Amayobera ku nkuru y’umugab uvuga ko umugeni yamwibye ku munsi w’ubukwe, apakira byose atorokana na Marraine we

Next Story

Vava na Joyeuse bavuze ko bakunzwe bityo ko abantu bareka kubagirira ishyari, bakomoza kubyo kuba Joyeuse atwite

Latest from Cinema

Go toTop