Thursday, May 9
Shadow

AHABANZA

Biratangaje :  Imbyino yahindutse icyorezo cyamaze abantu

Biratangaje : Imbyino yahindutse icyorezo cyamaze abantu

Imikino
Icyorezo cyo kubyina cyo mu 1518 cyari icyorezo kidasanzwe kandi cyica imbaga nyamwinshi,iki cyorezo cyabaye mu mpeshyi yo mu mwaka 1518 i Strasbourg, mu Gihugu cyu Bufaransa. Abantu babarirwa mu magana bo muri uwo Mujyi baba bajwe cyane no kubyina bitunguranye kuko mu byumweru byinshi, Abantu benshi barabyinnye kugeza ubwo bamwe baguye hasi igihumure abandi barapfa kubera umunaniro. Icyorezo cyo kubyina ni kimwe mu byorezo bidasanzwe kandi by’amayobera, kuko icyabiteye ntikiramenyekana. Muri Nyakanga 1518,nibwo umugore witwa Frau Troffea yatangiye kubyina mu mihanda ya Strasbourg, bituma havuka iki cyorezo. Yabyinnye iminsi n'iminsi, bidatinze abandi baramukurikira. Mu cyumweru kimwe, hari abantu benshi babyinaga mu mihanda, kandi umubare wariyongereye mu gihe gito. Benshi mu ...
Umugore yabyariye mu mva ye nyuma y’iminsi 10 ashyinguwe bitangaza abantu benshi

Umugore yabyariye mu mva ye nyuma y’iminsi 10 ashyinguwe bitangaza abantu benshi

Ubuzima
Mu buzima turavuka tugashyingirwa ndetse tugapfa. Ibi bintu ikiremwa muntu cyose aho kiva kikagera usanga byarafashwe ngihame mu matwi yarubanda kuko naho bibaye abantu bararira bakihanagura ariko ubuzima bugakomeza.Biragoye kumva ko umuntu yapfa nyuma yahoo akazuka atari k’umunsi w’imperuka bamwe bizerako bazacirirwaho urubanza. Ibi byabaye mu gace ka Bologna mu mwaka 1670,mu Gihugu cyu Butaliyani habaye ibisa n”igitangaza, kuko cyasize bamwe mu Banyagihugu bo muri uwo mujyi bahindura imyizerere yabo. Ubwo umugore washyinguwe mu irimbi ry’itorero yibarutse umwana nyuma y’iminsi 10 yitabye Imana. Amakuru dukesha ikinyamakuru cyitwa newsbreak.com kitashatse gushira hanze umwirondoro w’uyu mu byeyi kivuga ko ayo makuru adasanzwe yahise akwirakwira hirya no hino ku isi ubwo irimbi ry’it...
Bikini Sunday Beach Party: Chriss Eazy yatangaje ko agiye gucanira umuriro hejuru y’ikiyaga cya Kivu mu Karere ka Rubavu

Bikini Sunday Beach Party: Chriss Eazy yatangaje ko agiye gucanira umuriro hejuru y’ikiyaga cya Kivu mu Karere ka Rubavu

Imikino
Umuhanzi umaze kuba icyamamare mu Rwanda no ku isi muri rusange Chriss Easy yatangaje ko agiye gutaramira Abanya-Rubavu, mu gitaramo azakorera ku mazi ahazwi nko kuri EL CLASSICO BEACH iherereye mu Karere ka Rubavu, hafi n’amashyuza. Uyu muhanzi uzafatanya n’abandi bahanzi barimo n’itsinda rya The Same, yashimangiye iby’iki gitaramo kizaba tariki 19 Gashyantare 2023,aho yagaragje ko umuriro agomba kuwucanira hejuru y’amazi y’ikiyaga cya Kivu.Mu magambo ye Chriss Easy yagize ati:”Y’all my People , This is Chris Eazy ndagira ngo mbatumire mu gitaramo Bikini Sunday Beach Party, kizabera mu Kaarere ka Rubavu kuri El Classico Beach’ muzaze turye show”. Chris Eazy agiye gutaramira muri aka Karere ka Rubavu nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo yise Edeni ikubiyemo ubutumwa bw’abak...
Kuri St Valantin abaturage b’ i Nyagasambu bahamije ko bitewe n’uko Imana ibaragiye babona bameze nk’inka zayo

Kuri St Valantin abaturage b’ i Nyagasambu bahamije ko bitewe n’uko Imana ibaragiye babona bameze nk’inka zayo

Imyidagaduro
Tariki 14 Gashyantare 2023 biba ari ibirori ngaruka mwaka byibanda ku kugaragarizanya imbamutima kubakundana kubo bakunda nabo bahoza k'umutima babaha impano , bababwira amagambo abakora k’umutima cyane cyane bikaba ibikomeye iyo bijyeze muru byiruko bikaba akarusho. Icyakora abantu bo batekereza ko St Valentin ari umunsi w’abasore n'inkumi basanzwe bakundana rimwe na rimwe abubatse ingo basa naho bitabareba. Hari n'abadatinya kuvuga ko ari iby'abize(abanyamashuri).Kuwa 14 Gashyantare 2023 ubwo umunyamakuru Shalomi_parrock yari yasuye abaturage bo mu Karere ka Rwamagana ,umurenge wa Fumbwe uhana imbibi n'uwa rusororo wo muri gasabo ,aho bita k'umusozi w'Inka z'Imana ,bamubwiye ko Uwo umunsi wa St Valantin ari uwabifite amafaranga ngo bo biragiriwe n'imana nk’inka. Bagize bati:”...
Rocky Kimomo wamamaye mu gusobanura Filime yashyize hanze indirimbo ye yambere atigeze aririmbamo –VIDEO

Rocky Kimomo wamamaye mu gusobanura Filime yashyize hanze indirimbo ye yambere atigeze aririmbamo –VIDEO

Inkuru Nyamukuru
Umugabo wamamaye hano mu Rwanda muri Afurika ndetse no ku isi muri rusange binyuze mu gusobanura filime mu Kinyarwanda yageze ikirenge cye mu cy’abandi batatekerezwaga ho gusohora indirimbo , nawe aba umuhanzi mu bandi abinyujije mu ndirimbo ye yise ngo ‘Umutima w’umusirikare’. Ubusanzwe ‘Rocky Kimomo’ ni umuhanga mu gusobanura Filime azivana mu ndimo zitandukanye zirimo ; Icyongereza , Igifaransa ndetse n’izindi.Uyu mugabo yaramamaye cyane abantu bihebera ijwi rye ndetse n’amashyengo agira mu gihe ari gusobanura.Rocky , yavuzwe mu bihuha bitandukanye byose byabaga bigamije gukora izina bizwi nko ‘Gutwika’. Ku munsi w’ejo nibwo Rocky yagiye ku mbuga nkoranyambaga ze zirimo ‘Instagram’, yandika amagambo yari ameze nk’itangazo riteguza indirimbo.Yaranditse ati:”Itangazo ryihutirwa : ...
Dore  akamaro ko gusura mu gihe uri gukora imibonano mpuzabitsina

Dore akamaro ko gusura mu gihe uri gukora imibonano mpuzabitsina

Ubuzima
Hari ubwo abantu iyo barimo gutera akabariro umwe muribo asura bisanzwe ariko akaba atazi impamvu yabyo muri rusange.Muri iyi nkuru turarebera hamweimpamvuyabyo nikibitera muri rusange.Ese ni ugusura koko byanyabyo ? Iki kibazo na cyo turagisubiza. Umunsi umwe,mu ijoro cyangwa mu gitondo isaha iyariyo yose, Wibereye mu gikorwa cy’imibonano nuko wajya kumva ukumva ugize utya urasuze! Isoni zikakwica ukabura aho ureba ndetse rimwe na rimwe ukumva wahita unarekera kuko uhise utakaza ubushake. Ibi wise gusura se koko ni ugusura? Ese niba Atari ugusura ni iki? Ese wabyirinda ute? Ese hari ikibazo biteye ku buzima? Nibyo tugiye kuvugaho muri iyi nkuru. Ese ibyo ukoze ni ugusura ? Niba wajyaga ugirango ni umusuzi ugucitse, shira impungenge rwose si umusuzi. Twabyita umwuka usohoka u...
Wagira ni iburayi ! Abakundana bashyizwe igorora uragurira umukunzi  ifi imwe bakongeze indi ya 2

Wagira ni iburayi ! Abakundana bashyizwe igorora uragurira umukunzi ifi imwe bakongeze indi ya 2

Inkuru Nyamukuru
Kugira umukunzi wawe ni uburenganzira bwawe ndetse no gukunda ni ubushake bwawe, n’ubwo ntawabasha ku kumenyera uburyo ushimisha umukunzi wawe gusa umugabo witwa Fire West nk’amazina amaze kumenyekanaho ukorera kuri Brasserie mu Karere ka Rubavu we aragufasha dore ko yashyize igorora abakundana kuri uyu munsi, abategurira Promotion idasanzwe ndetse mu buryo bwose kandi ku mafaranga make. Fire West nyiri ‘EL CLASSICO BEACH’ ikorera mu Karere ka Rubavu hafi neza neza n’amashyuza, yashyize abakundana igorora mu buryo bwose mu gitaramo ‘ Valantine’s Beach Date’.Fire West wazindutse ategura ashishikajwe n’urukundo rw’abamugana, yatangaje ko k’umunsi w’abakundana ndetse na nyuma y’aho azakomeza kubagezaho ibyiza muri gahunda ya TAMIRA IFI MUNYARWANDA nk’uko yabyiyemeje n’ubusanzwe. Muhama...
“Umunyamakuru wo kuri Televiziyo yarancunaguje cyane ariko nakomeje guhatana “ ! Imbamutim za Isaac Bigogwe uvuye ku kwiga umuziki

“Umunyamakuru wo kuri Televiziyo yarancunaguje cyane ariko nakomeje guhatana “ ! Imbamutim za Isaac Bigogwe uvuye ku kwiga umuziki

Inkuru Nyamukuru
Akenshi urugendo rwose umuntu atangiye mu buzima ruragora cyane ko uba urutangiye ntawe ugishije inama,niyo ahari burya ntagufatira umwanzuro wibyo wiyemeje gukora. Inshuro nyinshi usanga nyiri gutangiran urugendo ntamuntu umuzi, hari n’ubwo nabo baturanye abenshi baba batamuzi ariko kubera urukundo nibyo we yiyemeje bikarangira afashe icyemezo cyo gutangira urwo rugendo. Nibyo byabaye ku muhanzi umaze igihe aje muri muzika ,ariko akaba atarashinga imizi ngo abe inyenyeri imurikira bose na cyane ko adafite ibihangano byinshi. Isaac BIGOGWE ukubutse ku ishuri ry’umuziki rya Nyundo yagaragaje agahinda yatewe n’umwe mu banyamakuru b’igitangazamakuru cy’igihugu ariko atashatse kuvuga amazina ye ,avuga ko yamusanze ngo amuhe ubufasha undi akamwima amatwi nyamara yarafite ubushobozi bwo kumu...
“Yesu naramukatiye amategeko ye yahato na hato” ! Umukorodoniye wiyita Gee yivuze imyato yemeza ko adasenga

“Yesu naramukatiye amategeko ye yahato na hato” ! Umukorodoniye wiyita Gee yivuze imyato yemeza ko adasenga

Inkuru z'urukundo
Kumenyekana akenshi biratungurana ,nta muntu n’umwe ubaho azi ikizamumenyekanisha cyangwa ngo amenye niba azaba icyamamare gusa mu buzima kuko ntawe umenye aho bwira ageze harubwo wisanga wabaye icyirangirire kubw'ijambo rimwe cyangwa abiri wavuze rigatumbagizwa n'imbuga nkoranya mbaga ubu zabaye indandatabutumwa bikarangirira mu kuba ikimenyabose. Ibi nibyo byabaye k'umukorodoniye wiyita ‘Gee TAFU’ ukorera akazi ke ka buri munsi mu Murenge wa Niboyi mu Karere ka Kicukiro. Mu Mugi Wa Kigali wamamaye ku mbugankoranyambaga aha ubutumwa umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru JULI tv .Aha yagiraga ati:”Kuba ikipe y'igihugu itsindwa bipfira k’umutoza.Umutoza narekure amafaranga agure abakinnyi ,Manchester ifite abakinnyi, Arsenal ifite”. Uyu G...
Rubavu: Ibasambo bibiri byarashwe amasasu mu mutwe  bihita bipfa  – VIDEO

Rubavu: Ibasambo bibiri byarashwe amasasu mu mutwe bihita bipfa – VIDEO

Inkuru Nyamukuru
Mu ijoro rya keye mu Karere ka Rubavu habereye iraswa ry’ibisambo 2 byashatse kwiba amabuye y’agaciro mu kirombe cyafunzwe n’ubuyobozi. Ibi byamenyekanye mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki 12 Gashyantare 2023, aho abaturage baganiriye n’itangazamakuru batangaje iby’iki kibazo cy’ibisambo byitwikiriye ijoro.Bamwe muri aba baturage bahamije ko aba barashwe amasasu yo mu mutwe. Nk’uko byatangajwe n’abaturage bavuga ko bo ubwabo bari bumvise amasasu bakagira ngo ni ibisanzwe bakabyemezwa n’amakuru biboneye bumaze gucya.Uwitwa Mutuyimana Innocent yagize ati:” Amasasu twayumvise, none uyu mwanya nibwo twamenya ko umugabo warindaga ikirombe yapfuye.Batubwiye ko Niyibizi na Fabrice aribo bamwishe ubwo bashakaga kumwinjirana ngo bajye kwiba”.Twizerimana Ferdinah, umuyobozi w’Umudugudu...