Monday, May 20
Shadow

AHABANZA

Pasiteri yavuze uburyo yageze mu ijuru intumwa Petero igashaka kumusambanya

Pasiteri yavuze uburyo yageze mu ijuru intumwa Petero igashaka kumusambanya

Inkuru Nyamukuru
Umupasiterikazi yavuze uburyo yageze mu ijuru intumwa Petero igashaka kumurongora Umupasiterikazi wo mu gihugu cya Tanzania uzwi ku izina Mfalme Zumaridi aherutse gutangaza ko aherutse kujya mu ijuru ubwo yari agiye kubonana n’Imana maze akabonerayo byinshi bitandukanye, harimo no kuba intumwa Petero yarashatse kumurongora Uyu mupasiterikazi amashusho ye amaze igihe ari gucicikanya ku mbuga nkoranyambaga agaragara ubwo yatangazaga uko yageraga mu ijuru agasanga Petero ku rugi nuko akamwitegereza cyane, agahita amubwira ko ari mwiza bityo akamusaba ko amugira umugore (amurongora) bikarangira uyu mugore amwangiye. Mu butumwa akunda gutanga, uyu mugore akunze kugaragaza ko afite imbaraga nyinshi zinshingiye ku bitangaza Imana ikunda kumukorera buri gihe, gusa nyuma yo gusakara kw’aya...
Iga muri Kaminuza ya mbere mu Rwanda UTAB ! Ubu wakwiyandikisha ukitegura kwiga muri iyi kaminuza yigisha n’uburezi

Iga muri Kaminuza ya mbere mu Rwanda UTAB ! Ubu wakwiyandikisha ukitegura kwiga muri iyi kaminuza yigisha n’uburezi

Inkuru Nyamukuru
Kaminuza ya UTAB ni imwe muri Kaminuza nziza ndetse zigezweho hano mu Rwanda dore ko itanga amasomo atandukanye arimo n’Uburezi.Kuri ubu abantu bashaka kwiga muri iyi Kaminuza bakinguriwe imiryango bashyirirwaho uburyo bwo kwiyandikisha nk’uko bisanzwe. Mu itangazo rirerire basohoye, ubuyobozi bw’iri shuri , bwagaragaje ko gahunda yo gutangira kwiyandisha kubanyeshuri bashaka kwiga muri gahunda y’ibiruhuko cyangwa se ‘Holiday Program’ yatangiye bavuga ko aya mahirwe yo kwiyandikisha kubashaka kwiga muri iyi gahunda ya ‘Holiday Program’ azarangira tariki 2/4/2023 saa sita z’ijoro. Bagize bati:” University Of Technology and Arts Of Byumba ( UTAB), iramenyesha abifuza kuyigamo muri gahunda y’ibiruhuko (Holiday Program) ko kwiyandikisha byatangiye bikazarangira ku itariki 2/4/2023 saa ...
Ubushakashatsi: Ubukene n’ingeso y’ubuhehesi mu bituma abasore batagishaka kubaka ingo

Ubushakashatsi: Ubukene n’ingeso y’ubuhehesi mu bituma abasore batagishaka kubaka ingo

Inkuru z'urukundo
Ubushakashatsi bwakozwe mu 2022 bugaragaza ko ubukene n’ingeso y’ubuhehesi, biri mu bituma abasore benshi batagishyira imbaraga mu gukundana mu buryo bweruye ngo babe banashinga ingo. Ubu bushakashatsi ni ubw’umwarimu wo muri Kaminuza ya Nicosia muri Chypres, Menelaos Apostolou na mugenzi we Rafaella Philippou. Bugaragaza ko kutigirira icyizere na byo biri mu bituma abahungu birengagiza gukundana cyangwa bakibwira ko bigoye, ibituma hari abamara imyaka myinshi badafite icyizere cyo kubaka ingo. Bugaragaza ko iyi mitekerereze iza iyo umusore amaze kwitahuraho ko atari umuhanga, atagaragara neza, adafite imyitwarire myiza, adafite imibereho myiza cyangwa adafite imitungo ye bwite.Gusa ntibugaragaza impamvu mbi ko ari zo zonyine zibuza abasore kujya mu rukundo ngo babe banashaka kuko bu...
Umugore yahishuye ko imbuga nkoranyambaga zamuhaye umugabo mwiza babana

Umugore yahishuye ko imbuga nkoranyambaga zamuhaye umugabo mwiza babana

Imyidagaduro
Benshi bakomeje kuvuga ko kubona uwo mubana muri iyi minsi ari ingume cyane ko iyo uteye icyumvirizo mu rubyiruko abenshi baba bavuga ko gushaka bisaba amafaranga bakanumvikanisha ko aho ibintu bigeze kubona uwo wizera mu kabana nk'umugabo n'umugore bigoye cyane , dore ko aho haziye imbuga nkoranyambaga imitekerereze ya benshi yangiritse indi igahinduka. Umugore witwa Giselle Kanyana Uwimpaye yeruriye umunyamakuru warumubajije aho yahuriye n'umugabo ahekeye abana ,avuga ko bahuriye muri Group ya watsap bari bisanzemo. Ati'" Nagiye kubona mbona umuntu ari gutanga ibitekerezo bizima muri groupe bintera amatsiko yo kumenya uwo muntu bityo ngize amahirwe mbona aranyandikiye ubushuti butangiriraho. Umunyamakuru nawe yungamo ati"Watekerezaga iki igihe wumvaga uri guteretwa n'umuntu mutara...
Umunyamideli Moses Turahirwa yambaye akajipo kagufi yazengerutse Musanze atanga amasogisi

Umunyamideli Moses Turahirwa yambaye akajipo kagufi yazengerutse Musanze atanga amasogisi

Imikino
Umunyamideri, Moses Turahirwa yongeye kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga kubera ifoto ye imugaragaza yambaye ijipo ahagaze mu buryo bumenyerewe ku bakobwa iyo bifotoza. Kuri iyo foto yanditseho amagambo agira ati “Nyampinga wa Musanze”Moses Turahirwa washinze inzu y’imideri ikomeye mu Rwanda ya Moshions, yagarutsweho cyane muri Mutarama uyu mwaka nyuma y’amashusho yagaragayemo ari gukora imibonano mpuzabitsina n’ababandi bagabo. Uyu musore waje no kwemera ko ugaragara muri ayo mashusho, ari we koko, yasabye imbabazi ku baba barakojejwe isoni na yo, avuga ko azagaragara muri film iri gukorwa ku bijyanye n’imyororokere y’Ingagi, ariko habaye ikibazo akaza kubacika akajya hanze mu buryo bw’impanuka.Ni amashusho yatanzweho ibitekerezo byinshi ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi banengaga ...
Rusizi: Umugabo uzwi nka Moso ukekwaho kwicisha umugore we inyundo arashakishwa  uruhindu

Rusizi: Umugabo uzwi nka Moso ukekwaho kwicisha umugore we inyundo arashakishwa uruhindu

Inkuru Nyamukuru
Umugore witwaga Nyiransabimana Dorothée wari ufite imyaka 50, abana n’umugabo we witwa Hategekimana Jean Damascène uzwi nka Moso na we w’imyaka 50, bari bamaranye imyaka 11 yaramwinjiye, mu mudugudu wa Muhari, akagari ka Kamatita, umurenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi, yasanzwe mu nzu yapfuye, bikekwa ko yishwe n’uwo mugabo we amukubise inyundo mu mutwe, agahita atoroka. Amakuru umunyamakuru wa Bwiza.com yahawe na bamwe mu baturanyi ba nyakwigendera, agashimangirwa n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Gihundwe, Ingabire Joyeux, avuga ko Ubwo Nyiransabimana Dorothée yari amaze gupfusha umugabo bari babyaranye abana 2, yinjiwe na Hategekimana, babana badasezeranye, imyaka yari ibaye 11. Umwe muri aba baturanyi yavuze ko nta makimbirane azwi bari bafitanye, dore ko nta n’imit...
Dore ibintu 5 udakwiye kwirengagiza niba wifuza kugira ubuzima bwiza

Dore ibintu 5 udakwiye kwirengagiza niba wifuza kugira ubuzima bwiza

Ubuzima
Bimwe mu bintu umuntu adakwiye kwirengagiza mu buzima bwe bwa buri munsi cyane ko icyambere ari ubuzima bikaba akarusho iyo ari bwiza ariko na none umuntu niwe ugira uruhare rw’uko ubuzima bwe bukwiye kugenda. Bimwe mu bintu byagufasha kugira ubuzima bwiza buzira indwara za hato na hato Kwiga kurya ibiryo witeguriye.Abashakashatsi bavuga ko kurya ibiryo wateguriye iwawe birushaho gufasha kuko umuntu abasha kurya ibyo ashaka kandi yateguye uko ashaka. Ikindi ni uko iyo uriye ibyo wateguye cyangwa wagize uruhare mu gutegura bishobora kukurinda indwara ziterwa n’isuku nke kuko uba wabyitayeho kurushaho. Kunywa amazi menshi.Amazi nayo ni ingirakamaro cyane ku buzima bw’umuntu. Abashakashatsi bavuga ko kunywa amazi biruhura mumutwe ndetse bikanafasha igogora. Bituma imitsi irambuka amara...
Ibyo wamenya kubahanzi bapfiriye kurubyiniro imbere y’abafana babo

Ibyo wamenya kubahanzi bapfiriye kurubyiniro imbere y’abafana babo

Inkuru Nyamukuru
Ntibyoroha kwakira ko umuhanzi wari uri gufana cyangwa wari ukurikiye mu gitaramo yapfuye umureba nyuma yo kuguha ibyishimo akitura hasi ukagira ngo ni ibintu bisanzwe. Kuba umuhanzi cyangwa icyamamare yapfira ku rubyiniro ni ibintu byatangiye kuvugwa kuva mu kinyejana cya 17 kugeza n’ubu.Muri iyi nkuru tugiye kugaruka kuri bamwe mu bahanzi n’abanyarwenya bapfiriye mu gitaramo imbere y’abakunzi babo mu kinyejana cya 21.Ku wa 20 Nyakanga 2005, Patrick Sherry umwe mu bari bagize itsinda ririmba injyana ya Rock ryo mu Bwongereza, Bad Beat Revue ku myaka 29 yahanutse ku rubyiniro ameneka umutwe. Urupfu rwe rwashyizwe mu gitabo cy’abanyaduhigo nk’urupfu rudasanzwe rwabayeho ku banyamuziki baguye ku rubyiniro.Ni mu gihe ku itariki ya 3 Werurwe 2011, Lasse Eriksson umwe mu banyarwenya bari ...
Uwahoze ari umukunzi wa Yvan Buravan yavuze ko azongera gusubira mu rukundo

Uwahoze ari umukunzi wa Yvan Buravan yavuze ko azongera gusubira mu rukundo

Inkuru Nyamukuru
Ubwo yabazwaga niba azasubira mu rukundo , uwahoze ari ukunzi Buravan , atazuyaje yasubije ko azarubiramo. Umukobwa wahoze ari umukunzi wa nyakwigendera Yvan Buravan, Chiffa Marty yabajijwe n’umwe mu bamukurikira niba ateganya gusubira mu rukundo, asubiza ko uwo Yvan Buravan azamwoherereza ari we bazakundana Yabivuze ubwo yari yatanze umwanya kubamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram ngo bamubaze ibyo bashaka. Kuva Buravan yakwitaba Imana, uyu mukobwa utuye I Burayi abamukurikira bakunda kubona ubutumwa bw’amaganya ku mbuga nkoranyambaga ze. Yakoresheje izina ‘Van’ yakundaga kwita Yvan Buravan ko azamwoherereza umuntu. Uyu mukobwa yamenyekanye mu myidagaduro ya hano mu Rwanda nyuma y’urupfu rw’uwari umukunzi we Buravan.
“Umugabo wanjye yansabaga kureba amashusho y’urukozoni turi kumwe akambwira ngo nigane ibyo bari gukora” !

“Umugabo wanjye yansabaga kureba amashusho y’urukozoni turi kumwe akambwira ngo nigane ibyo bari gukora” !

Imikino
Inkuru z’abakundana akenshi ziba zuzuye amayobera cyane.Urukundo rw’ababiri hari ubwo ruhinduka inkuru y’isi yose iyo habayemo amakosa hagati yabo bombi.Uyu mugore yatanze ubuhamya avuga ko umugabo we yamusabaga kureba amashusho y’urukozasoni nyuma akamubwira ko ibyo barebye bagomba kubikorana. Bombi bahuriye mu Mujyi wa Nairobi nk’uko yabivuze ubwo bahakoraga bombi na cyane ko uyu mukobwa aribwo yari arangije amashuri yisumbuye.Nyuma yo gukundana n’uyu musore bari bahuriye mu Mujyi, yaje gutwita , atwara inda aranabyara.Nyuma yo kubyara byabaye ngombwa ko uyu mukobwa yimukira munzu y’uwo bakundanaga kuko ariwe wari wamuteye inda. Nyuma yo kugera muri iyo nzu, hari ubwo yamaraga igihe runaka atariye , akaburara , akabwirirwa mbese akabaho nabi.Ubwo uyu mugore yari amaze gutwita inda...