Monday, May 20
Shadow

AHABANZA

Umupolisi wari uri gusambanira mu gihuru yarashwe n’abagizi ba nabi arapfa

Umupolisi wari uri gusambanira mu gihuru yarashwe n’abagizi ba nabi arapfa

Inkuru z'urukundo
Umupolisi yarashwe ahita apfa ubwo yari arimo gusambana n’umukobwa mu gihuru ahitwa Mpumalanga, muri Afurika y’Epfo. TimesLive yatangaje ko Bwana Judas Chiloane w’imyaka 60, umuyobozi ushinzwe umutekano wo mu muhanda ahitwa Bushbuckridge, bivugwa ko yarasiwe mu ntebe z’inyuma z’imodoka ya Ford Ranger bakkie abiri ubwo yari ashishikaye ari kwiha akabyizi n’umukunzi we.Icyakora ngo abarashe ntacyo batwaye umukunzi w’uyu mupolisi Ku wa mbere, tariki ya 15 Werurwe,nibwo abantu babiri bakekwaho icyaha, Charles Mbungeni Mabuza na Howard Mashego,bakekwaho ubwo bwicanyi, bagejejwe imbere y’urukiko.Kapiteni Dineo Sekgotodi, umuvugizi wa Polisi ya Hawks yagize icyo avuga ku byabaye kuri uyu wa kane, tariki ya 16 Werurwe; Ati: “Aba bagabo bombi batubwiye ko ubusanzwe bajyaga hafi y’umuhanda ...
“Umusore yanteye inda twigana mu mashuri yisumbuye aranta yigira hanze ” ! Ubuhamya Bwa Diane  watwaye inda afite ubwoba

“Umusore yanteye inda twigana mu mashuri yisumbuye aranta yigira hanze ” ! Ubuhamya Bwa Diane watwaye inda afite ubwoba

Imyidagaduro
Amagambo aryoshye ,impano za hato na hato kubeshywa ko ntawe uzabimenya no gukingwa ibikarito mu maso nabo baba bakundana akenshi bakuze nicyo akenshi gitera abana babakobwa bari ku ntebe y'ishuri kwishora mu mibonano mpuzabitsina. Diane Kamariza yemeza ko urukundo yakunze umusore bwa mbere ari rwo rwabaye intandaro yo gutwara inda nyamara yari yarakuze iwabo bamubwira ko natwara inda bazamuca mu muryango.Atararangiza amashuri ageze mu mwaka wa 6 w'amashuri yisumbuye Diane avuga ko ari bwo bwa mbere yaragiye mu rukundo kuva yavuka ndetse n'umusore bakundanye akaba ari we musore wambere bari baryamanye. Uyu mukobwa ukiri muto kandi ari mwiza avuga ko akimara gusama inda atahise abimenya kuko hashize amezi 5 ataramenya ko atwite, kuko ngo ntiyari azi uko umugore utwite amera ngo icy...
Uganda : Abakora imibonano mpuzabitsina babinyujije  mu kibuno n’abatinganyi bagiye kujya babihanirwa

Uganda : Abakora imibonano mpuzabitsina babinyujije mu kibuno n’abatinganyi bagiye kujya babihanirwa

Inkuru z'urukundo
Komisiyo ishinzwe ibijyanye n’amategeko mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, ku wa Gatatu yatangiye kumva ibitekerezo by’abantu batandukanye ku mushinga w’itegeko rihana ubutinganyi. Umwe mu badepite bashyigikiye iri tegeko, Assouman Basalirwa, yavuze ko ubutinganyi ari imigirire inyuranye n’imiterere kamere ya muntu kandi ko ababushyigikiye baramutse badahanwe, abagirwaho ingaruka nabwo bakomeza kuhababarira.Yanavuze ko abashakanye bendana mu kanwa cyangwa ku kibuno na bo bakwiye guteganyirizwa ingingo ibahana muri uyu mushinga w’itegeko kuko nta kuntu umugabo ufite umugore “ayoboka inzira itari yo.” Yavuze ko igihano gikwiye kuzamurwa kikagezwa ku gifungo cya burundu kimwe n’igihe ubutinganyi bwakorewe utaruzuza imyaka y’ubukure cyangwa umubyeyi akabikorera umwana.Depite Basalirwa...
Menya aho amavangingo abagore bazana mu gihe cyogutera akabariro aturuka

Menya aho amavangingo abagore bazana mu gihe cyogutera akabariro aturuka

Ubuzima
Mu bihugu binyuranye cyane cyane muri Afurika hakunze kumvikana umuco witwa kunyaza (Rwanda), kachabali (Uganda), n’ahandi. Ibi ni mugihe cy’imibonano mpuzabitsina aho bigera umugabo ntiyinjize igitsina mu cy’umugore ahubwo akakizunguza mu mwinjiriro nuko umugore akarekura uruzi rushyushye rwitwa amazi, amavangingo cyangwa amanyare. Icyo gikorwa kikitwa kunyaza. Bamwe bavuga ko ari inkari zisanzwe ziba zije, abandi bakavuga ko ari amatembabuzi yihariye adafite aho ahuriye n’inkari. Aba nibo bari mu kuri kuko mugihe inkari zigira ibara ryegera umuhondo n’impumuro yihariye amavangingo yo asa n’amazi kandi nta mpumuro yihariye agira; ikindi ni uko mu gihe inkari zisiga ikizinga aho zaguye amavangingo yo iyo amaze kuma ntiwanamenya ko hari ikintu cyahaguye. None se amavangingo aturuka he...
Biratangaje: Umunyamideli yagabanyije amabere ye manini nyuma yo kuyongera rimwe rigaturika

Biratangaje: Umunyamideli yagabanyije amabere ye manini nyuma yo kuyongera rimwe rigaturika

Imyidagaduro
Iyi ni inkuru idasanzwe kumva ko ibere ryaturika, mu busanzwe ntabwo bikunze kubaho kuko abemera Imana bemera ko Imana ijya kurema umuntu yamuremanye ubuzima bwiza butakwangizwa n’icyari cyo cyose gusa uyu mugore yatangaje benshi. Uyu munyamideli wari warabaswe no kongera amabere akaba manini cyane mu buryo budasanzwe ,yashyize hanze amafoto asigaranye amabere mato nyuma yo kwemera kuyagabanya kubera ko mu minsi ishize hari iryo yongereye rigasandara (Rigaturika). Nk’uko byakomeje kujya bitangazwa mu ntangiriro z’iki cyumweru,uyu munya Mexico w’imyaka 30 nibwo yerekanye amabere mato nyuma yo kugabanya amabere manini mu buryo budasanzwe yari afite.Ibinyamakuru bitandukanye byagarutse kuri uyu mugore washatse kenshi kwihinduranya umubiri bivuga ko kubera kongeresha amabere buri gihe y...
Inkuba yishe abantu babiri bari bagiye mu bukwe

Inkuba yishe abantu babiri bari bagiye mu bukwe

Inkuru Nyamukuru
Mu Murenge wa Nkanka mu Karere ka Rusizi, inkuba yakubise Nyirabageni Domitille w’imyaka 51 n’umukobwa we Abayisenga Jeannine w’imyaka 21 bari bitabiriye umuhango wo gufata irenga bahita bitaba Imana. Byabereye mu mudugudu wa Rweya mu Kagari ka Kamanyenga ku wa 16 Werurwe 2023 Saa Saba z’amanywa.Nyirabageni n’umukobwa we bari baturutse mu mudugudu wa Karambo mu Kagari ka Gasheke mu Murenge wa Bushenge, mu karere ka Nyamasheke, batashye ubukwe bwo gufata irembo bw’uwitwa Hategekimana Joel. Abayisenga yari ahetse umwana we w’amezi ane amutwikiriye umutaka, gusa uyu mwana ntacyo yabaye.Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nkanka, Ntivuguruzwa Gervais, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko ubwo ba nyakwigendera bari bageze nko muri metero 300 hafi y’aho bari bagiye gutaha ubukwe, imv...
Rubavu: Umuhanzi yatewe icyuma mu ijisho n’umuntu yaragiye kwishyuza ibihumbi 12 Rwf

Rubavu: Umuhanzi yatewe icyuma mu ijisho n’umuntu yaragiye kwishyuza ibihumbi 12 Rwf

Inkuru Nyamukuru
Umuhanzi King Boy Ngomijana ukomoka mu Karere ka Rubavu akaba arinaho akorera umuziki we, yatewe icyuma n’umuntu yari agiye kwishyuza amafaranga yinditse bakagirana n’amasezerano.Uyu muhanzi yakomerekejwe bikabije n’icyuma yatewe. Aganira na Inyarwanda.com, King Boy yavuze ko uwamuteye icyuma ari umuntu usanzwe baturanye mu Mudugudu umwe gusa wagiye kumugurira aho asanzwe acururiza akamusaba ko yamwindika amafaranga nawe akamusaba ko bagirana amasezerano yanditse.Yakomeje avuga ko ubwo yari amaze kumwemerera ideni, bagiranye inyandiko gusa ntiyubahiriza.Ati:” Ni umuntu wari undimo amafaranga wabinkoze.Nagiye ngiye kumwishyuza iwe nyuma yo kutubahiriza amasezerano twagiranye.Yaje aho ncururiza mukuru wanjye , ashatse inyundo arayibura ansaba ko muguriza amafaranga ibihumbi 12 Rwf tugir...
“Njya guhitamo uwo tuzabana nagendeye kunseko n’ikimero yari afite” Pastor Antoine Rutayisire avuga kubwiza bwe bwakururaga abakobwa.

“Njya guhitamo uwo tuzabana nagendeye kunseko n’ikimero yari afite” Pastor Antoine Rutayisire avuga kubwiza bwe bwakururaga abakobwa.

Imyidagaduro
Umushumba wa Anglican EAR Paruwasi ya Remera Antoine Rutayisire yagarutse kugikundiro yarafite cyarembuzaga abakobwa akiri muto. REVELAND CANON Antoine RUTAYISIRE yahamije ko yarafite igikundiro ku buryo akiri muto mu myaka y'ubusore yabibonaga ko abakobwa bamukunda. Ikibazo umunyamakuru yamubajije kigira kiti "ukiri umusore abakobwa bakubwiraga ko uri umusore mwiza bakurikije utunogo tuba ku matama turanga abantu beza(fosete)? Umubare wabakubwiye ko uri mwiza ungana ute"? Antoine Rutayisire Yisekera ati" sinzi umubare ariko barankundaga". Uyu mushumba wa Anglican kandi yavuze ko ajya no guhitamo uwo bazabana yagendeye ku mitere n'ikimero byagombaga kuranga umukobwa yagira umugore, ariko anongeraho ko yari yarashyizeho ibipimo birimo n'ubwenge umukobwa bazabana yagombaga kugira. At...
Pasiteri yafunze urusengero nyuma yo gutsindira Miliyoni 100 muri Betting

Pasiteri yafunze urusengero nyuma yo gutsindira Miliyoni 100 muri Betting

Ubuzima
Iyi ni inkuru itangaje kumva uwiyita umukozi w’Imana yafunze urusengero kubera amafaranga yatsindiye mu mikino y’amahirwe mu mupira w’amaguru nk’uko byabaye kuri uyu wo mu gihugu cya Uganda tugiye kugarukaho Uyu mugabo yabaye kimomo ku mbuga nkoramya mbaga aho abantu batandukanye bari kumutangaho ibitekerezo binyuranye bigendanye n’uburyo yari umu pasiteri usanzwe afite urusengero ayoboye.Uyu mugabo wiyitaga umukozi w’Imana ubwe yemeje ko yakoze cyane kugira ngo ashyire ku iherezo ubukene bwe ndetse avuga ko ajya gufungura itorero yari abitewe n’ubugugu yari yifitemo atari ugusigwa amavuta.Yagize ati:”Erega njye nagirango mbemerere ko njya gufungura iri torero byatewe n’ubwikunde bwanjye.Ntabwo nigeze nsigwa amavuta rwose. Nabonye abantu benshi bagiye biyita abakozi b’Imana bagakorer...
Abanyeshuri bafashwe bari gusambanira mu ivuriro barirukanwa

Abanyeshuri bafashwe bari gusambanira mu ivuriro barirukanwa

Inkuru z'urukundo
Mu gihugu cy’Uburundi abanyeshuri bafatiwe mu ivuriro barimo gusambana, ubuyobozi bw'ishuri bigaho bwatangaje ko bwafashe icyemezo cyo kubirukana burundu. Nk’uko byemejwe aba banyeshuri biga mu ishuri rya Lycée Technique Kiremba -Sud bafashwe barimo gusambanira ku gitanda cy'umurwayi, mu kigo nderabuzima cya Kiremba mu ntara ya Bururi kuwa Gatandatu tariki ya 12 Werurwe, bakaba bombi bari mu gikorwa cy'urukundo cyo gusura abarwayi. Nk’uko itangazo ryasohowe n’ishuri kuwa Kabiri tariki ya 14 werurwe 2022, rigaragaza ko ikigo cy'ishuri abo banyeshuri bigaho cyatangaje ko abo banyeshuri bombi birukanwe nyuma yo gufatirwa ku gitanda cy’umurwayi bari bagiye gusura barimo kuhasambanira.Umuyobozi w'ishuri Lycée technique Kiremba -Sud yemeje ko umuhungu n'umukobwa bari abanyeshuri be bahise...