Saturday, April 27
Shadow

AHABANZA

Urasabwa kujya woga mu maso ukoresheje amazi washyizemo ‘Umunyu’

Urasabwa kujya woga mu maso ukoresheje amazi washyizemo ‘Umunyu’

Inkuru Nyamukuru
Koga amazi y'umunyu nibyiza.Usabwa kujya woga mu maso ukoresheje umunyu wahyizemo ‘Umunyu’ mu rwego rwo kwirinda ibintu bitandukanye nk’uko tugiye kubirebera hamwe. Koga amazi y'umunyu nibyiza Kwita kuruhu rwawe n’ingenzi cyane, kwiyitaho byo ni akarusho.Niba ushaka kwiyitaho uzita kuruhu rwawe , umenye ibyiza kuri rwo kugira ngo ururinde.Kwiyoza mu maso ukoresheje amazi arimo umunyu byabaye kimomo , byaramamaye cyane ku buryo abantu bose babizi. Amazi arimo umunyu , afasha uruhu gukomera no gukemura ibibazo bitandukanye nk’uko tugiye kubirebera hamwe. Gukoresha aya mazi kuruhu rwawe ni byiza cyane ndetse ntakibazo bitera (it is safe)Ibi bigira umumaro cyane by’uwmihariko iyo uhise wisiga amavuta mu maso yawe wabanje kwihanagura.Muri iyi nkuru turaza kuganira ku kama...
Yabaye kimomo kumbuga nkoranyambaga! Ifoto y’umukobwa wambaye amataye agurwa yavugishije benshi

Yabaye kimomo kumbuga nkoranyambaga! Ifoto y’umukobwa wambaye amataye agurwa yavugishije benshi

Inkuru Nyamukuru
Nyuma y’aho hanze aha hakomeje kugarukwa ku ifoto y’umukobwa wambaye amataye avuye mu Murenge gusezerana.Benshi bakomeye kwibaza niba ari umuco mwiza. Mu kiganiro cy’abantu babiri baganira kuri iyi foto, ntabwo bumvikanaga kuri yo.Umwe ati :”Ese birakwiye ko umugore yahindura amataye yahawe n’Imana , akambara andi yiguriye? Ese ubwo umugabo we yari abizi neza ko ayambaye? Ese ubwo ntibyagira ingaruka kumibanire yabo bombi?”. Undi ati:”Mu gihe uwayambaye ntarubanza byamucira , ntampamvu yo kutayambara na cyane ko uwayambaye arinawe uba uzi icyo amumariye.Umugabo we niba abizi ntakibazo kuri njye,niko mbyumva”. N’ubwo aba bantu babiri babiganiriye ho gutya kimwe n’abantu babivuze ho nyuma yo gukwirakwiza ifoto kumbuga nkoranyambaga, nta numwe uz...
<strong>Gakenke: Babiri  baguye mu mpanuka y’imodoka</strong>

Gakenke: Babiri  baguye mu mpanuka y’imodoka

Ubuzima
Iyi modoka yo mu bwoko bw’ikamyo ya Fuso yavaga i Rubavu ijyanye ibitunguru mu Mujyi wa Kigali yagonze Coaster igeze mu karere ka Gakenke mu Murenge wa Nemba, ahazwi nko ku musozi wa Buranga abantu babiri bahasiga ubuzima abandi 20 barakomereka. Impanuka yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 21 Ugushyingo 2022, ibera mu Mudugudu wa Bukurura, Akagari ka Gahinga, Umurenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke, ubwo Fuso yavaga i Rubavu yataga umukono wayo ikagonga Coaster yajyaga i Musanze. Yaturutse ku ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso ifite nimero iyiranga ya RAE383L yavaga mu karere ka Rubavu, itwaye ibitunguru i Kigali, igeze mu makoni ya Buranga yaje guta umukono wayo maze igonga Coaster, RAC832X ya iyi modoka yo bwoko kompanyi ya Virunga Express yajyaga Musa...
Umuntu utazwi yinjiye mu kabyiniro k’abatinganyi n’abibagishije ibitsina arasa

Umuntu utazwi yinjiye mu kabyiniro k’abatinganyi n’abibagishije ibitsina arasa

Inkuru z'urukundo
Abagera kuri batanu bapfuye naho 25 barakomereka ubwo umuntu witwaje intwaro yarasaga mu nzu y’imyidagaduro y’abahuza ibitsina babisangiye muri leta ya Colorado muri Amerika.  Ukekwa afunzwe na polisi kandi arimo kuvurwa ibikomere. Abantu babiri “b’intwari” ni bo babashije guhagarika uyu warasaga, nk’uko polisi ibivuga. Club Q, yo mu mujyi wa Colorado Springs, yanditse kuri Facebook ko “ibabajwe bikomeye n’igitero kidafite impamvu” ku bantu bayo.   Perezida Joe Biden wa Amerika yavuze ko Abanyamerika “batakwihanganira urwango”.  Kuwa gatandatu mbere gato ya saa sita z’ijoro ku isaha yaho, ni bwo polisi yatabajwe ko hari umuntu urimo kurasa abantu mu nzu y’urubyiniro.Ukekwa bamusanze muri iyo club.Bivugwa ko yarashishije imbunda ndende.Polisi ntivuga icyateye uyu mu...
RUBAVU: DEXY1 yihaye intego idasanzwe muri muzika ye

RUBAVU: DEXY1 yihaye intego idasanzwe muri muzika ye

Imyidagaduro
Umuhanzi DEXY1 yemeje ko afite indoto muri muzika ziza mwicaza ku gasongero ku muziki muri Rubavu no mu Rwanda hose muri rusange .Mu kiganiro yahaye UMUNSI.COM , uyu musore yemeje ko gukorera umuziki mu Ntara bituma hari ibyo batamenya cyakora ashimangira ko gukora cyane bizamubera inkingi. DEXY1 avuga ko kwinjira muri muzika kuri we byari ukubikunda kuko ngo umuziki kuri we ari cyo kintu akunda gukora by'umwihariko iyo nta kazi afite cyangwa atuje.Yongereye ho ko umuziki ari impano ye.Yagize ati:"Natangiye umuziki muri 2022 nku tangirana imbaraga n'urukundo rwinshi.Kuva nawugeramo rero muri iyo myaka , maze kugira ibihangano bitatu [ 3 Songs ]. Mu by'ukuri nagiye mu muziki kuko mbikunda cyane. Umuziki ni 'Passion' kuri njye ukaba 'Favorite Hobby' mu buzima bwanjye".   Um...
Dore impamvu nyamukuru zituma mu myanya y’ibanga y’igitsina gore ahagira impumuro mbi ibangamira abagabo babo

Dore impamvu nyamukuru zituma mu myanya y’ibanga y’igitsina gore ahagira impumuro mbi ibangamira abagabo babo

Ubuzima
Kenshi ushobora gusanga mu myanya y’ibanga y’abagore hahumura nabo kandi nyamara ari hamwe mu hantu hari hakwiriye kugira impumuro nziza ndetse hakitabwaho cyane. Muri iyi nkuru tugiye kwifashisha izindi nyandiko tubashe kubagezaho ayo makosa n’uburyo bwo kuzirinda. Igitsinagore [Vagina], kigira impumuro yacyo ubwacyo ndetse iyo mpumuro nziza yacyo ituma hakura bagiteriya nziza ndetse n’umugabo we akishimira kwihumuriza iyo mpumuro mu gihe cyanyacyo bombi bari kumwe.Mu gihe ibintu byatangiye guhinduka rero , uwari umugabo we ntabwo aba acyumva neza wamugore wa mbere. Iyo agize isoni zo guhita amubwira ko yahindutse rero bituma ibyo yamukoreraga bihinduka , uwasekaga agatangira kurangwa n’umunabi ariyo mpamvu umugore wese akwiriye guharanira inseko y;umugabo we ashaka uburyo iyo mpumu...
Kenny Edwin na Fire Man bahuriye mu ndirimbo ‘SUKU’ – VIDEO

Kenny Edwin na Fire Man bahuriye mu ndirimbo ‘SUKU’ – VIDEO

Imyidagaduro
Umuhanzi Kenny Edwin wihebeye umuziki yahuje imbaraga na Fire Man uririmba Hip Hop akamamara muri Taff Gang ndetse nawe ku giti cye nk'umuhanzi.'SUKU' ifite iminota itatu (3) n'isegonda rimwe (01'). Ubusanzwe Kenny Edwin, ni umusore ukuri muto ariko ugaragaza imbaraga n'inyota yo gutera imbere by'umwihariko nyuma y'aho atangiye gufashirizwa muri Lebal yitwa 'Live Life Freestyle' .Kenny yagiye asobora indirimbo zitandukanye haba izo yakoze ku giti cye n'izo yahuriyemo n'abandi bahanzi akazitiza umurindi ariho muri muzika Nyarwanda zikabasha kugera kure. Muri iyi ndirimbo 'SUKU' yahuriyemo na Fire Man, Kenny agaragaza urukundo rw'ukuri rw'umwimerere nk'uko yabihamirije UMUNSI.COM aho yemeje ko aba asezeranya umukunzi we ko nta rira rizashoka ku matama ye.Ati:"Iyi ndirimbo ni umwihariko...
Umunyafurika Elon Musk yashyizwe ku mwanya wa Kabiri mu bakire ku Isi

Umunyafurika Elon Musk yashyizwe ku mwanya wa Kabiri mu bakire ku Isi

Inkuru Nyamukuru
Umunyamafaranga akaba nyiri X, yashyizwe ku mwanya wa kabiri nk'umuntu utunze amafaranga menshi ku Isi.Ibi byakozwe n'ikinyamakuru Forbes Real Time Billionaires kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mata 2024. Nk'ko byatangajwe n'ikinyamakuru cyandikira muri Afurika y'Epfo , yageze ku mwanya wa Kabiri nanone ku mafaranga angana na Billion 9.8 z'Amadorari mu masaha 24.Uyu mugabo yari yinjije angana na Billion 4.5$ umunsi wari wabanje. Agwije aya mafaranga nyuma yo gutangaza ko Tesla ifite gahunda yo gukomeza gahunda yayo yo gukora 'Tesla Model' nshya mbere y'u mwaka wa 2025.Uyu mugabo kandi yashoye amafaranga menshi mu bijyanye n'ubwenge buremano [ Artificial intelligence ] nabyo biri mu bimwinjiriza amafaranga. Musk kandi yatangaje ko ari mu mushinga wo gushyira hanze imodoka yitwara [ Sel...
“Mu nyakire kabisa APR FC ku mutima” ! Akigera muri APR FC Sarpongo yakiriwe neza agira icyo asaba abafana

“Mu nyakire kabisa APR FC ku mutima” ! Akigera muri APR FC Sarpongo yakiriwe neza agira icyo asaba abafana

Imikino, Imyidagaduro
Nyuma yo gutangaza ko yavuye muri Rayon Sports, Sarpongo, yagaragaje ko yahawe ikaze n'Ubuyobozi bwa APR FC nk'uko yabyemereye Umunyamakuru w'imikino wa UMUNSI.COM. Umufana wari uwa Rayon Sports ukomeye, Ntakirutimana Isaac uzwi nka Sarpong w’i Nyamirambo yerekeje muri APR FC yakirwa n’abarimo Perezida w’Ikipe y’Ingabo, Col Richard Karasira. Mu kiganiro yahaye UMUNSI.COM yasabye abafana ku mwakira muri iyi kipe yamaze kugeramo.Yagize ati:"Niko kuri ndaje nguhe n'amafoto , ninako bimeze, njyewe namaze gufata 'Decision' [ Umwanzuro ] mu nyakire nk'umufana mugenzi wanyu muri APR kabisa, APR ku mutima".  
Umufana wa Rayon Sports ukomeye yayivuyemo yerekeza muri APR FC asigira Perezida wayo ubutumwa

Umufana wa Rayon Sports ukomeye yayivuyemo yerekeza muri APR FC asigira Perezida wayo ubutumwa

Imikino, Imyidagaduro
Umufana ukomeye cyane wa Rayon Sports Sarpongo ,nyuma y'aho ikipe yari yarigaruriye imaze igihe kinini itsindwa kandi itamuha ibyishimo, yamaze kuyivamo yerekeza mu ikipe ya APR FC yavuze ko itanga ibyishimo kandi inezeza abakunzi bayo. Sarpongo yari umwe mu bafana ba Rayon Sports bakomeye bamwe mukunze kwita 'Abahuriga', ibi byose bije nyuma yuko ikipe ye itsindiwe na Bugesera. Sarpongo mu magambo ye make yagize ati:"Narindi umufana wa Rayon Sports ariko ubu ndi umukunzi w’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APRFC". Si Sarpongo gusa uvugwa ko agiye kuva muri Rayon Sports kuko na Nkundamach na kadenesi bitezwe ko bava kuri iyikipe ikunzwe n'abatari bake hano mu Rwanda.Rayon sports iri mu gahinda gakomeye, nyuma yuko mu bikombe bikinirwa hano mu Rwanda uyu mwaka uyibereye impfabusa ikabura na ki...
Kanye West  agiye gukina Filime z’urukozasoni

Kanye West agiye gukina Filime z’urukozasoni

Imyidagaduro
Umuhanzi akaba n’umushoramari mu bintu bitandukanye by’umwihariko mu bucuruzi bw’inkweto Kanye West, ashobora gutangira gukina Filime z’urukozasoni abishowemo na Mike Moz wahoze akundana na Stormy Daniels. Amakuru avuga ko uyu mugabo wakunze kugaragara mu mashusho we n’umugore we Bianca Censori bari gusomana no gukora ibiteye isoni ku karubanda , ashobora kwisanga muri ibi bikorwa nk’uko TMZ, ikinyamakuru gikomeye cyibanda ku nkuru z’imyidagaduro muri America kibitangaza. Ubusanzwe uyu Moz Mike afata amashusho y’abakina filime z’urukozasoni acishwa ku mbuga zinyuranye zizigurisha cyangwa zizerekana.Akora muri ‘Vixen Media Group’ ndetse ngo niwe uri mu rugamba rwo gushyira Kanye West muri uyu mwuga wo gukina amashusho y’urukozasoni nk’uko iki kinyamakuru TMZ cyo muri Amerika kibitanga...
Ashaka kubatizwa  ! Dj Brianne yongeye kuvuga ku burwayi bugiye gutuma bongera kumubaga

Ashaka kubatizwa ! Dj Brianne yongeye kuvuga ku burwayi bugiye gutuma bongera kumubaga

Imyidagaduro
 Dj Brianne [Gateka Esther Brianne] wamamaye mu myidagaduro Nyarwanda yagaragaje ko ashaka kubatizwa ndetse ashimangira ko ari umwe mu bantu bize kugira ikinyabupfura akuze.Uyu mukobwa yabazwe bwa Mbere tariki ya 1 Mata uyu mwaka mu Bitaro bya Gisirikare i Kanombe. Amakuru avuga ko uyu mukobwa wamamaye mu kuvanga umuziki , yabazwe ku gifu.Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI Dj Brianne yavuze ko azongera kugira ngo icyo avuga ku burwayi bwe abusobanura ubwo azaba yakize  kuko ngo agiye kongera gusubira kubagwa.Ati:”Nzasubira kwa muganga, nimbisoza bamaze kumbaga , maze no koroherwa nzagaruka hano mbabwire ukuntu ibintu bimeze”. Dj Brianne azasubira kwa muganga tariki 1 Gicurasi yongere akorerwe Operation ya kabiri.Uyu mukobwa yahakanye amakuru yavugaga ko yari yagiye kwa muganga kwibagish...
Agasaro Diana wabyaranye na Bruce Melodie yamwandikiye amusaba indezo

Agasaro Diana wabyaranye na Bruce Melodie yamwandikiye amusaba indezo

Imyidagaduro
Umugore witwa Agasaro Diane uvuga ko yabyaranye na Bruce Melodie yamwandikiye ibaruwa amusaba kuzuza inshingano z'umubyeyi agatanga indezo.Anyuze ku munyamategeko we Turahirwa Theogene , Agasaro yandikiye 155AM Ltd na Bruce Melodie abasaba ko bakemura ikibazo cy'indezo y'umwana ba babyaranye. Muri iyi baruwa IGIHE dukesha iyi nkuru bafitiye Kopi ngo , ununyamategeko wa Agasaro yandikiye Bruce Melodie na 155 AM mu nyungu z'umwana aba bombi babyaranye muri Nzeri tariki 1 , 2015.Umunyamatege ko avuga ko iyi baruwa ikurukiye ibiganiro Agasaro yagiranye na Bruce Melodie mu bihe bitandukanye cyakora ntabashe kuzuza ibyo babaga bumvikanye.   Ati:"Mu biganiro mwagiye mu girana mu bihe bitandukanye wananiwe kuzuza inshingano za kibyeyi zo gutanga indezo ... Kugeza ubu Agasaro Dian...
Abarimu batize uburezi bamenyeshejwe igihe bazahugurirwa

Abarimu batize uburezi bamenyeshejwe igihe bazahugurirwa

Inkuru Nyamukuru
Abarezi binjiye mu mwuga wo kwigisha batarabyize mu mashuri Nderabarezi, TTC, batangarijwe igihe bazatangirira amahugurwa. Iyi gahunda yo guha amahugurwa abarezi batabyize , yagiye isubizwa inyuma kubera impamvu zitandukanye amatariki agahindurwa cyakora kuri ubu, hamaze kumenyekana igihe abambere bazahererwaho amahugurwa. Binyuze mu itangazo banyujije kumbuga Nkoranyambaga [X], Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Uburezi cyagize kiti:"REB iramenyesha abarimu bose batize uburezi bagomba gutangira amasomo abongerera ubushobozi guhera ku wa 27/04/2024, ko urutonde rwabo rugaragara ku rubuga rwa REB". https://twitter.com/REBRwanda/status/1783568613661724972?t=3FGo8ymR-xGVFGYIPa7uyw&s=19