Thursday, December 7
Shadow

AHABANZA

Urasabwa kujya woga mu maso ukoresheje amazi washyizemo ‘Umunyu’

Urasabwa kujya woga mu maso ukoresheje amazi washyizemo ‘Umunyu’

Inkuru Nyamukuru
Koga amazi y'umunyu nibyiza.Usabwa kujya woga mu maso ukoresheje umunyu wahyizemo ‘Umunyu’ mu rwego rwo kwirinda ibintu bitandukanye nk’uko tugiye kubirebera hamwe. Koga amazi y'umunyu nibyiza Kwita kuruhu rwawe n’ingenzi cyane, kwiyitaho byo ni akarusho.Niba ushaka kwiyitaho uzita kuruhu rwawe , umenye ibyiza kuri rwo kugira ngo ururinde.Kwiyoza mu maso ukoresheje amazi arimo umunyu byabaye kimomo , byaramamaye cyane ku buryo abantu bose babizi. Amazi arimo umunyu , afasha uruhu gukomera no gukemura ibibazo bitandukanye nk’uko tugiye kubirebera hamwe. Gukoresha aya mazi kuruhu rwawe ni byiza cyane ndetse ntakibazo bitera (it is safe)Ibi bigira umumaro cyane by’uwmihariko iyo uhise wisiga amavuta mu maso yawe wabanje kwihanagura.Muri iyi nkuru turaza kuganira ku kama...
Yabaye kimomo kumbuga nkoranyambaga! Ifoto y’umukobwa wambaye amataye agurwa yavugishije benshi

Yabaye kimomo kumbuga nkoranyambaga! Ifoto y’umukobwa wambaye amataye agurwa yavugishije benshi

Inkuru Nyamukuru
Nyuma y’aho hanze aha hakomeje kugarukwa ku ifoto y’umukobwa wambaye amataye avuye mu Murenge gusezerana.Benshi bakomeye kwibaza niba ari umuco mwiza. Mu kiganiro cy’abantu babiri baganira kuri iyi foto, ntabwo bumvikanaga kuri yo.Umwe ati :”Ese birakwiye ko umugore yahindura amataye yahawe n’Imana , akambara andi yiguriye? Ese ubwo umugabo we yari abizi neza ko ayambaye? Ese ubwo ntibyagira ingaruka kumibanire yabo bombi?”. Undi ati:”Mu gihe uwayambaye ntarubanza byamucira , ntampamvu yo kutayambara na cyane ko uwayambaye arinawe uba uzi icyo amumariye.Umugabo we niba abizi ntakibazo kuri njye,niko mbyumva”. N’ubwo aba bantu babiri babiganiriye ho gutya kimwe n’abantu babivuze ho nyuma yo gukwirakwiza ifoto kumbuga nkoranyambaga, nta numwe uz...
<strong>Gakenke: Babiri  baguye mu mpanuka y’imodoka</strong>

Gakenke: Babiri  baguye mu mpanuka y’imodoka

Ubuzima
Iyi modoka yo mu bwoko bw’ikamyo ya Fuso yavaga i Rubavu ijyanye ibitunguru mu Mujyi wa Kigali yagonze Coaster igeze mu karere ka Gakenke mu Murenge wa Nemba, ahazwi nko ku musozi wa Buranga abantu babiri bahasiga ubuzima abandi 20 barakomereka. Impanuka yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 21 Ugushyingo 2022, ibera mu Mudugudu wa Bukurura, Akagari ka Gahinga, Umurenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke, ubwo Fuso yavaga i Rubavu yataga umukono wayo ikagonga Coaster yajyaga i Musanze. Yaturutse ku ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso ifite nimero iyiranga ya RAE383L yavaga mu karere ka Rubavu, itwaye ibitunguru i Kigali, igeze mu makoni ya Buranga yaje guta umukono wayo maze igonga Coaster, RAC832X ya iyi modoka yo bwoko kompanyi ya Virunga Express yajyaga Musa...
Umuntu utazwi yinjiye mu kabyiniro k’abatinganyi n’abibagishije ibitsina arasa

Umuntu utazwi yinjiye mu kabyiniro k’abatinganyi n’abibagishije ibitsina arasa

Inkuru z'urukundo
Abagera kuri batanu bapfuye naho 25 barakomereka ubwo umuntu witwaje intwaro yarasaga mu nzu y’imyidagaduro y’abahuza ibitsina babisangiye muri leta ya Colorado muri Amerika.  Ukekwa afunzwe na polisi kandi arimo kuvurwa ibikomere. Abantu babiri “b’intwari” ni bo babashije guhagarika uyu warasaga, nk’uko polisi ibivuga. Club Q, yo mu mujyi wa Colorado Springs, yanditse kuri Facebook ko “ibabajwe bikomeye n’igitero kidafite impamvu” ku bantu bayo.   Perezida Joe Biden wa Amerika yavuze ko Abanyamerika “batakwihanganira urwango”.  Kuwa gatandatu mbere gato ya saa sita z’ijoro ku isaha yaho, ni bwo polisi yatabajwe ko hari umuntu urimo kurasa abantu mu nzu y’urubyiniro.Ukekwa bamusanze muri iyo club.Bivugwa ko yarashishije imbunda ndende.Polisi ntivuga icyateye uyu mu...
Lupita Nyong’o yasubiye mu rukundo bwihishwa

Lupita Nyong’o yasubiye mu rukundo bwihishwa

Imyidagaduro
Lupita Nyong’o watandukanye na Selema Masekela akagaragaza ko yamuteye ibikomere by’urukundo yongeye kugaragara mu mashusho n’amafoto ashimangira ko ashobora kuba ari mu rukundo na Joshua Jackson.N’ubwo ari uko bimeze Lupita akomeje kwihishanya n’abanyamakuru yanga ko babafotorana. Abakinnyi ba Filime,Lupita Nyong’o na Joshua Jackson bakomeje kuvugisha imbuga Nkoranyambaga bigaragazwa ko bakundana nyamara bo ubwabo ntabwo bari babyerura gusa amakuru akavuga ko bamaze igihe bari kumwe.   Nk’uko ikinyamakuru TMZ giherutse ku bitangaza , Joshua na Lupita Nyong’o, baherutse kugaragara mu mihanga yo muri Los Angeles.Muri uku kugaragara bombi bagerageje kwihisha abanyamakuru bashakaga kubafotorera hamwe bashyira intera hagati yabo. Amafoto yafashwe mu bihe bitandukanye a...
Tamira ifi munyarwanda ! El Classico Beach ibafitiye promotion y’iminsi mikuru ! Dore ibyo udakwiye gucikwa

Tamira ifi munyarwanda ! El Classico Beach ibafitiye promotion y’iminsi mikuru ! Dore ibyo udakwiye gucikwa

Inkuru Nyamukuru
El Classico Beach ni imwe muri Resto - Bar zikorera mu karere ka Rubavu ku Kivu hafi y'uruganda rwa Brasserie , imaze gutera imbere ndetse imaze gukora izina rikomeye muri rubanda kubera service nziza , Ifi nziza utasanga ahandi muri iki gihugu, amahumbezi , umuziki mwiza, ibiciro biri hasi,. Ni muri ubwo buryo, bakomeje kwita ku bakiriya babo ndetse babafasha kwizihiza iminsi mikuru neza dore ko yegereje. El Classico Beach kwa West bashyizeho akarusho kuri promotion udakwiye gucikwa wowe n'inshuti n'umuryango wawe. Kuri El Classico Beach bafite ikitwa Tamira ifi Munyarwanda, aho ugura ifi ukongezwa indi.Abantu barenga 15 basohokeye Kuri El Classico Beach, batemberezwa mu kiyaga cya Kivu ku buntu cyane ko bafite amato meza utasanga ahandi. Umukiriya uguze amacupa 5 y'ib...
“I Rubavu hari impano ariko abazifasha nibo ntabo” ! Ishimwe Lambert yasabye ubuyobozi bw’Akarere kujya bwita kubahanzi – VIDEO

“I Rubavu hari impano ariko abazifasha nibo ntabo” ! Ishimwe Lambert yasabye ubuyobozi bw’Akarere kujya bwita kubahanzi – VIDEO

Imyidagaduro
Umwe mu bashoramari bari kuzamuka neza mu myidagaduro y’Akarere ka Rubavu , Ishimwe Lambert twaganiriye ahishura ko impano zihari ahubwo ikibazo ari aho zifashirizwa.Uyu musore yavuze ko habayeho ubufatanye bwa benshi abahanzi , aba Djs , n’abandi bafite impano bazamukana.   Ishimwe Lambert ni umuyobozi wa Orange Entertainment Group, isanzwe itegura ibitaramo mu Karere ka Rubavu, ndetse ikaba irimo abanyempano batandukanye bose bihaye intego yo gutahiriza umugozi umwe. https://www.youtube.com/watch?v=jAlcXuylUx8 Mu kiganiro twagiranye, yemeje ko urukundo akunda umuziki n’imyidagaduro muri rusange rwahereye kera, agaragaza ko imbogamizi afite kuri ubu ari uko aba Djs be bajya gukorera ahantu ntibabishyure nyamara akazi yakarangije.   Lambert yikije ku kuba hakwir...
Umu-YouTuber  Trevor Daniel Jacob  wagushije indege yarimo kubushake ashaka Views kuri YouTube yakatiwe amezi 6

Umu-YouTuber Trevor Daniel Jacob wagushije indege yarimo kubushake ashaka Views kuri YouTube yakatiwe amezi 6

Inkuru Nyamukuru
Hashize iminsi mike , havugwa inkuru y’umugabo w’Umunyamerika witwa Jacob Trevor Daniel , ukoresha urubuga rwa YouTube gusa akaza gushaka uko abona views nyinshi biturutse kugukoresha indege yarimo impanuka.   Uyu mugabo wo muri Amerika, yaje gufatirwa ibihano ahanishwa igifungo cy’amezi 6 ari muri gereza.Ikinyamakuru Theguardian , gitangaza ko yagushije indege mu ishyamba rya Los Padres National Forest mu mwaka wa 2021.   Nyuma y’iperereza ryakozwe yaje guhamya n’icyaha akatirwa amezi 6.Uyu mugabo asa n’uwicuza , yagize ati:”Mu myaka 2 ishize, nasimbutse mundege igwa hasi biturutse kunama mbi nari nagiriwe.Uyu munsi rero nakatiwe amezi 6 ndi muri gereza.Ndashimira inshuti zanjye n’umuryango wanjye munkunda cyane”.   Yakomeje agira ati:”Byari bunshyire mu m...
Tonasha Donna yifurije isabukuru nziza Prince Nillah umwana wa Diamond Platnumz na Zari Hassan

Tonasha Donna yifurije isabukuru nziza Prince Nillah umwana wa Diamond Platnumz na Zari Hassan

Imyidagaduro
Tanasha Donna umugore w’ikuzingerezi wabyaranye na Diamond Platnumz, umwana w’umuhungu witwa Nasib Junior bakunda kwita impanga ya Diamond, yifatanyije n’umuryango wa Zari yifuriza Nillah isabukuru nziza y’amavuko.   Anyuze kuri Instagram y’umuhungu we Tanasha Donna , yifatanyije na Zari bifuriza Princess Nillah wa Diamond Platnumz na Zari isabukuru nziza y’amavuko.Uyu mwana wujuje imyaka 7 y’amavuko akomeje kwerekwa urukundo n’impande zombie. https://www.youtube.com/watch?v=vmJkKOARLtU Bashyize hasi kuba ari abakeba , bafatanya umwanya bifuriza isabukuru nziza y’amavuko umwaka wavukiye rimwe n’umugabo wa Zari Shakib Cham Lutaaya. Haba Shakib Lutaaya , ndetse na Zari Hassan bafashe umwanya bifuriza uyu muhungu isabukuru nziza ndetse umubyeyi we , akoresha Konti ye y...
Harmonize akomeje gushinjwa kwiba indirimbo  yakoranye na Tundaman

Harmonize akomeje gushinjwa kwiba indirimbo yakoranye na Tundaman

Imyidagaduro
Umuhanzi Harmonize akomeje gushinjwa kwiba indirimbo y’umuhanzi ukizamuka akayita iye ngo na cyane ko iyi ndirimbo yasohotse muri 2021 mu gihe iya Harmonize na Tundaman yasohotse muri 2022.   Umuhanzi wo mu gihugu cya Kenya witwa Mbekki Mswahili  akomeje gushinja Harmonize umwibira indirimbo yitwa “Baddie”.Uyu muhanzi yemeza ko Harmonize na Tundaman bibye indirimbo ye kuva ku njyana yayo, imiririmbire , uburyo ikoze, na korasi yayo.   Yemeje ko agomba kuzategereza aba bahanzi bombi uzagera muri Kenya mbere ngo akazajya kumutegerereza kukibuga cy’indege kugira ngo baganire ku ndirimbo ye n’uburyo bayifashe batabiherewe uburenganzira. Iyi ndirimbo uyu muhanzi avuga ko yayifatanyije n’uwitwa Ssaru.
Yishyuza kabiri ! Rose Muhando yasabye abamuvuga nabi bamushinja ubwambuzi  kujya kumurega kuri Police

Yishyuza kabiri ! Rose Muhando yasabye abamuvuga nabi bamushinja ubwambuzi kujya kumurega kuri Police

Iyobokamana
Umuhanzi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Rose Muhando, akomeje gushinjwa kutamenya guha agaciro abamuhaye amafaranga yo kuririmba mu gitaramo , ahubwo akishyuza buri wese bigatuma yica gahunda y’abandi.   Rose Muhando yarakunzwe haba mu Rwanda , Afurika n’ahandi ku Isi.Nta musore cyangwa umukobwa utazi izina Rose Muhando.Nyuma yo kwamamara , yatangiye kujya abona ibiraka bitandukanye ahabwa n’abantu batandukanye bakamutumira ngo ajye kubaririmbira.Uko bamutumira niko bamwishyura bigendanye n’umubare w’ababa bamushaka.   Uko yagiye atumirwa niko kenshi yagiye aburira umwanya aba mutumiye cyangwa bamwe bakamusaba kujya kuri fiche gusa  , kenshi bigahurirana akabura umwanya bamwe bakamushinja ubwambuzi bwo kutubahiriza amasezerano.   Anyuze ...
“Umubiri wanjye ni uwa Diamond Platnumz yemerewe kuwukinisha uko ashaka” !  Zuchu uri mu Rwanda yishongoye

“Umubiri wanjye ni uwa Diamond Platnumz yemerewe kuwukinisha uko ashaka” ! Zuchu uri mu Rwanda yishongoye

Imyidagaduro
Nyuma y’amakuru avuga ko Zuchu ashobora kuba yitwaza ibitaramo no kuba ari muri Lebal ya Simba akamwita uwe, yongeye gushimangira ko umubiri we ari uwa Diamond ndetse ko yemerewe kuwukoresha icyo ashaka.   Ubwo bari mu gitaramo cya Wasafi Festival, Diamond na Zuchu bahuje imbaraga baririmbana indirimbo bahuriyemo bafatanya n’abfana babo kwishimana.Nyuma yo gutarama bagiye gusoza bombi barahoberanye maze bahuza urugwiro abafana bipfuka mu maso.Bakiva ku rubyiniro abanyamakuru baranditse abandi bavuga ko Zuchu yaciye igikuba.   Ubwo baririmbaga, Zuchu yasubije abantu bavuga ko Diamond Platnumz akoresha umubiri we gusa byonyine, bakanemeza ko atamugira umugore.Zuchu kandi yavuze ko abantu baba bashaka ko areka Diamond Platnumz akamusiga wenyine, batazigera babigeraho kuk...
Kwizera Oliver yaciye amarenga avuga ko umwanya we bawumwibye bakaba batamuhamagara

Kwizera Oliver yaciye amarenga avuga ko umwanya we bawumwibye bakaba batamuhamagara

Imikino
Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu cy’uRwanda Amavubi, Kwizera Olivier, yagaragaje ko yimwe umwanya we wo gukinira ikipe y’Igihugu.   Anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze Kwizera Olivier yanditse amagambo yafashwe nko gutakamba asaba ko yagarurirwa icyizere mu ikipe  akongera agakinira Amavubi nyuma yo guhagarikwa inshuro nyinshi yageraho ntiyongere guhamagarwa. Mu butumwa yasangije abamukurikira kuri Konti ye ya Instagram, yagize ati:”Basezereye izina ryanjye , ku rutonde mu gihe umugisha wari usohoye.Bashakaga gufata umwanya wanjye, ariko ikirere kiranyiyereka”.   Nubwo uyu musore atigez agaragaza neza ibyo yavugaga benshi bahise batekereza ko avuze Amavubi , bamubwira ko bamukumbuye mu ikipe y’Igihugu.Uwitwa Alfredy Ndagijimana yagize ati:”Turagukumbuye mu Mavubi muvan...
Nta muntu wizeye ko papa umbyara ariwe wanteye inda, nanze gukuramo inda kugeza mbyaye umwana ! Umukobwa yavuze inkuru ye maze abantu bagira ubwoba

Nta muntu wizeye ko papa umbyara ariwe wanteye inda, nanze gukuramo inda kugeza mbyaye umwana ! Umukobwa yavuze inkuru ye maze abantu bagira ubwoba

Inkuru Nyamukuru
Data umbyara yatangiye kuryamana nanjye ubwo nari nkiri muto cyane, icyo gihe nigaga muri secondary. Nari umwana data yakundaga cyane kurusha abandi, yanyishyuriraga amafaranga y'ishuri mbere ndetse akanangurira ibintu byiza ataguriraga abandi bana twavukanaga.     Ijoro rimwe nibwo narindyamye numva umuntu ankozeho mu ijoro, nubuye amaso mbona ni Papa umbyara. Icyo gihe nari ndyamanye na Mushiki wanjye mukuru nuko papa arambira ngo mbyuke mukurikire.     Naramwizeraga cyane, kuko yarankundaga cyane rero ntacyari kumbuza kumukurikira, narabyutse ndamukurikira musanga mu cyumba cye, mama umbyara yari yaragiye kurangura ibicuruzwa yacuruzaga. Iryo joro papa yari wenyine maze ansaba ko nakicara ku buriri. N’uko arambwira ngo urabizi ko nkukunda cyane, bum...