Monday, May 20
Shadow

AHABANZA

U Bufaransa:Umuntu witwaje intwaro yarashwe agerageza gutwika urusengero

U Bufaransa:Umuntu witwaje intwaro yarashwe agerageza gutwika urusengero

HANZE
Mu ufaransa minisitiri w’umutekano yatangaje ko abapolisi b’ubufaransa, barashe umuntu witwaje intwaro washakaga gutwika uruengero mu mujyi wa Rouen uherereye mu majyaruguru y’uburengerazuba. Amakuru avuga ko uyu mugabo yari afite icyuma, mu gihe yasatiraga polisi iramurasa. Umuyibozi w’Akarere ka Rouen, Nicolas Mayer-Rossignol, yatangaje ko igitero cyagabwe ku rusengero kitagize ingaruka ku muryango w’abayahudi gusa, ahubwo icyo gitero cyagize ingaruka no kumujyi wose. Amakuru dukesha BBC avuga ko abapolisi bahamagawe nyuma y’uko hagaragaye umwotsi uvuye murusengero. Iyo hataba abshinzwe kuzimya umuriro ngo batange ubutabazi bari gusanga urusengero rwose rwabaye umuyonga. Umuyobozi w’Akarere yavuze ko ntawundi byagizeho ingaruka usibye uwo muntu wari witwaje intwaro n’ibyangir...
“Bruce Melodie ntabwo akwiriye kuba umuhanzi wo muri Afurika ni umuhanzi udasanzwe” ! Sax Barista

“Bruce Melodie ntabwo akwiriye kuba umuhanzi wo muri Afurika ni umuhanzi udasanzwe” ! Sax Barista

Imyidagaduro
Nyuma yo kwerekeza muri Nigeria Bruce Melodie n'abamufasha muri muzika barimo ; Kenny umuvandimwe wa Coach Gael , Bruce Melodie n'abandi , 1:55AM yaganiriye na Sax Barista Producer wo muri Nigeria wakoze 'Soweto' bagiye gukorera amashusho, agaragaza ko azi 'When She Is Around' ya Bruce Melodie na Shaggy agira inama abahanzi bo mu Rwanda n'abakunzi b'umuziki. Uyu musore yavuze ko indirimbo 'Sowe' [ Soweto ], yagaragaje ko ari indirimbo izaba nziza cyane ndetse ko ishobora no kuzatwara Grammy Awards na cyane ko uyu musore yigeze kugera muri Grammy Awards mu ndirimbo yakoreye Chris Brown. Yagize:" Sowe yakozwe nanjye , kuko dufite umwanditsi twahuje na Bruce Melodie biduha izina Sowe". Yakomeje agira ati:"Ubundi njye banyita Almighty Man, natowe muri Grammy Awards nk'umu-Producer wa Saxopho...
Byinshi wamenya kuri Patrick Mafisango umaze imyaka 12 apfuye

Byinshi wamenya kuri Patrick Mafisango umaze imyaka 12 apfuye

Imikino, Imyidagaduro
Patrick Mafisango, umukinnyi mpuzamahanga w’Amavubi wakiniraga Simba yo muri Tanzaniya, yapfuye azize impanuka y’imodoka habura amasaha make ngo yurire indege aza mu Rwanda kwitabira ubutumire bw’ikipe y’igihugu. Patrick Mafisango wakiniraga Simba SC yo muri Tanzaniya, akaba kandi yari n’umukinnyi w’Ikipe y’igihugu Amavubi, yitabye Imana agerageza guhunga umuntu wari utwaye Moto ahitwa Tazara, i Dar Es Salaam, ahagana saa kumi za mugitondo cyo kuwa 17 Gicurasi 2012 ubwo Mafisango yerekezaga iwe atashye avuye mu kabyiniro kitwa Mashala club. Ptrick Mafisango, umwe mu bakinnyi bari barahawe ubwenegihugu ngo akinire u Rwanda, yitabye Imana ubwo yiteguraga kugaruka mu Rwanda ku ya 17 Gicurasi, aho yari kuza gusanga bagenzi be bo mu ikipe y’Igihugu Amavubi aho yari yarahamagawe. Uyu mu...
RUBAVU: Isha Mubaya na T Blaise bategerejwe mu gitaramo cyiswe ‘Classico Summer Show’

RUBAVU: Isha Mubaya na T Blaise bategerejwe mu gitaramo cyiswe ‘Classico Summer Show’

Imyidagaduro
Abakunzi b’umuziki mu Karere ka Rubavu n’ahandi hatandukanye, bategujwe igitaramo kizahuriza hamwe abahanzi babiri bo mu Karere ka Rubavu aribo; Isha Mubaya na T- Blaise Broskii ,bamwe mu bakomeje kwitwara neza binyuze mu myandikire iranga indirimbo zabo n’amashusho meza.Aba bahanzi bataramira kuri El Classico Beach Chez West ku munsi w’ejo ku wa Gatandatu tariki 18 Gicurasi 2024. Ni igitaramo cyiswe ‘Classico Beach Summer Show’ , aho abatemberera kuri El Claasico Beach Chez West, bazasogongezwa ku buryohe bw’Impeshyi mu ba mbere.Ni igitaramo kizaba kirimo abandi basore bamaze kumenyekana mu ruhando rwa muzika Nyarwanda aribo; Yvan Traiz usanzwe ategura ibihembo bya Bugoyi Side TV Awards afatanyije na Nshimiyimana Onesphore [Fire West].Uyu musore akaba yarinjiye mu mwuga wo kuvanga umuz...
Ese M23 yaba igira uruhare mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro?

Ese M23 yaba igira uruhare mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro?

HANZE
M23 yigaruriye Umujyi wa Rubaya, ukungahaye kuri coltan, ifite akamaro mu gukora telephone zigezweho(smartphone). Voltaire Batundi, umuyobozi w’imiryango itegamiye kuri Leta  I Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yavuze ko inyeshyamba za M23 zagize uruhare mu bucukuzi bwa koruta(coltan) I Rubaya. Umujyi wa Rubaya ufite ububiko bwa Tantalum, bukurwa bucukuzi bwa Coltan, bufite akamaro mu gukora telefone zigezweho. Batundi yavuze ko igiciro cy’ikiro kimwe cy’amabuye ya Coltan cyazamutse kiva ku madolari 30 kigera ku madolari 70 kuva Umujyi wafatwa n’inyeshyamba za M23. Yakomeje agira Ati,“inyeshyamba za M23 ziri i Rubaya, ziri mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro. Batanze amasuka, hari amakamyo abiri yazanaga amasuka yo guha abantu ngo bacukure. Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro burag...
Impamvu yatumye  B Threy na Bushali berekeza i Burayi

Impamvu yatumye B Threy na Bushali berekeza i Burayi

Imyidagaduro
B Threy na Bushali bamamaye mu njyana ya Kinya-Trap bagiye ku mugabane w’u Burayi aho bafiteyo ibitaramo bitandukanye birimo ibizabera mu bufaransa, muri Pologne no mu Bubiligi. Aba ahanzi bahagurutse i Kigali ku wa 16 Gicurasi 2024 bari baherekejwe n’imiryango yabo cyane ko buri wese  yarari kumwe n’umugore we ndetse n’umwana. Aba baraperi batumiwe mu iserukira muco rya Africa Fest  rizaba kuwa 24 gicurasi 2024,  nubwo hari ibindi bitaramo batumiwemo bizabera mu Bubiligi, Pologne n’ahandi.Ni ku nshuro ya mbere B-Threy na Bushali bagiye gutaramira i Burayi. Mu mpera z’umwaka ushize ubwo Bushali yari yerekeje mu Bufaransa gusura inshutin’abavandimwe akanafatirayo amashusho ya zimwe mu ndirimbo ze, byari byitezweko yari afite igitaramo yagombaga gukorera mu bubiligi  cyagomba ku...
BUGESERA:Umusore akurikirankweho icyaha cyo kwica umukecuru n’umusaza bamureze

BUGESERA:Umusore akurikirankweho icyaha cyo kwica umukecuru n’umusaza bamureze

Inkuru Nyamukuru
Nkundimana Jerome umusore w’imyaka 19 wo mu Murenge wa Musenyi, mu Karere ka Bugesera, akurikirankweho icyaha cyo kwica umukecuru n’umusaza bamureze, abatemye kandi abasanze munzu yabo. Uyu musaza mbere y’uko apfa yari yabanje gukomeretswa mu buryo bukomeye cyane  bamujyana mu Bitaro bya Nyamata bamugejeje yo abona gushiramo umwuka. Iyi nkuru yamenyekanye ku wa kane tariki 16 Gicurasi 2024, mu Mudugudu wa Gatare , mu kagari ka Gicaca, mu murenge wa Musenyi.Bamwe mu baturage bari baturanye naba nyakwigendera bavuze ko nyina w’uyu musore yapfuye, nyuma uyu mukecuru akamurerana n’abandi bana  nk’umwana w’umuturanyi. Aba baturanyi bakomeje bavuga ko batangajwe n’icyateye uyu musore musore kwica uwo mukecuru  ariko ngo intandaro y’ibi yaturutse ku banyamasengesho baraye murugo rw’iwabo...
Ibyo utamenye ku musore wavuzweho kwiyahura kubera kubengwa n’umukunzi we

Ibyo utamenye ku musore wavuzweho kwiyahura kubera kubengwa n’umukunzi we

AMAKURU KU RWANDA
Mu karere ka musanze, Umurenge wa Muko, akagari ka Cyogo, Umudugudu  wa kabere hamaze iminsi havuzwe inkuru y’umwarimu wigisha ku ishuri ribanza rya E.P Mubago mu Murenge wa nkotsi witwa Harerimana Pascal basanze byavuzwe ko yiyahuye yimanitse akoreshsje ‘super net’. Umunyabanaga nshinga bikorwa w’akagari ka cyogo Umurungi Marie Grace yabwiye itangazamakuru ko ayo makuru yamenyekanye mu gitondo cyo ku wa gatatu tariki 15 Gicurasi 2024 bayabwiwe n’umwarimu wigishanyaga n’uyu musore wiyahuye. Ati “uwamubonye bwa mbere ni nzeyimana yves wigisha ku ishuri ribanza mu Murenge wa Muko bakodeshaga mu gipangu kimwe, nawe akaba yarahamagawe n’umukobwa wakundanaga na Nyakwigendera  utuye Rubavu amusabako yajya kumumurebera  ngo kuko yaramaze kumusezeraho amubwirako agiye kwiyahura”. Umunyama...
Leta ya Uganda yaburiye abaturiye ikiyaga cya Victoria

Leta ya Uganda yaburiye abaturiye ikiyaga cya Victoria

HANZE
Uganda yatanze itangazo iburira abaturage batuye ku nkome z’ikiyaga n’imigezi, bitewe n’ubwiyongere bw’amazi, bugeze ku rwego ruteye ubwoba. Minisitiri ushinzwe  amazi n’ibidukikije muri Uganda, Sam Cheptoris, yabwiye itangazamakuru ko amazi y’ikiyaga cya victoria gihuriweho n’ibihugu nka Uganda, Kenya ,Tanzaniya,  yazamutse kugera ku rwego rwo hejuru. Uyu muyobozi yavuze amazi y’ikiyaga cya victoria yiyongereye kugera kuri metero 13.66, aho aho yavuye kuri metero 13.5 muri 2020. Yavuze ko iki kiyaga cya victoria cya kira amazi avuye munzuzi 23 zo mu karere.Yagize ati: ”izi nzuzi zikomoka muri Kenya , Tanzaniya , u Rwanda ndetse no mu Burundi. N’ubwo nta mvura igwa hano ariko yaguye ahandi muri ibyo bihugu byabaturanyi, ikiyaga cya victoria kiza komeza kuzamo amazi menshi”. Bar...
Abantu umunani basabye kwiyamamaza nk’abakandida bigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika

Abantu umunani basabye kwiyamamaza nk’abakandida bigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika

Inkuru Nyamukuru
Komisiyo y’igihugu y’amatora yavuze ko abantu 8 basabye impapuro zibemerera kujya gushaka imikono mu turere ibemerera kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika. Ni amakuru komisiyo y’igihugu y’amatora yatangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 16 Gicurasi. Sibyo gusa kandi kuko yongeyeho ko uretse abo umunani, hari n’abandi 41 basabye impapuro zo kujya gushaka imikono mu turere ibemerera  kujya mu Nteko nshinga Amategeko nk’abadepite. Muri abo bose ariko, harimo  babiri bagaruye impapuro bahawe kuko batigeze bajya gushaka imikono mu turere. Komisiyo y’igihugu y’Amatora  iratangira kwkira kandidatire guhera ejo tariki 17 kugeza tariki 30 Gicurasi 2024. Umwanditsi: Moussa Jackson