Monday, May 13
Shadow

Ubuzima

Muri iyi category y’ubuzima twandikamo inkuru z’ubuzima gusa n’ibindi bijyanye n’ubuzima byonyine.

Dore uburyo bwo kuryama ubwiza n’ububi ukwiriye kugendera kure cyane

Dore uburyo bwo kuryama ubwiza n’ububi ukwiriye kugendera kure cyane

Ubuzima
Mu by’ukuri ibintu bijyanye no gusinzira cyangwa kuryama usanga bitavugwaho rumwe, bamwe bakavuga bimwe abandi ibindi ku byerekeranye n’uburyo bwiza bwo kuryamamo. Mu kuryama usanga bamwe baryama bubitse inda abandi bakaryama bagaramye naho abandi (ari nabo benshi) bakaryamira urubavu, rwaba urw’iburyo cyangwa se ibumoso.Nyamara hari gihe ubyuka ubabara ibikanu, warwaye urukebu se, wagugaraye mu nda cyangwa umeze nk’uwarwaye ibinya, nuko bikavugwa ko byatewe nuko waryamye nabi.Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe buri buryo bwo turyamamo duhereye ku buryo bwiza cyane tuze kugera ku bubi cyane wari ukwiriye no kwirinda nubwo buri buryo bwose bugira ibyiza byabyo n’ibibi byabwo. 1.Kuryamana ureba hejuru (ugaramya). Burya bigira ibyiza.Ibyiza byabyo bikurinda kuba warwara ibikanu, bi...
Ese bimara igihe kingana gute kugira ngo SIDA igere mu maraso y’uwanduye ?

Ese bimara igihe kingana gute kugira ngo SIDA igere mu maraso y’uwanduye ?

Ubuzima
Ubwandu bwa Virus itera SIDA buhangayikishije isi cyane, bamwe ntabwo bakunda kwirinda kabone n’ubwo bashyiriwe ho uburyo bwo kwirinda kandi bumaze kumenywa na bose. Ubu bwandu bw’agakoko gatera SIDA rero (HIV) ‘Humana Immunodeficiency Virus’, iyo bugeze mu mubiri muzima buwuca intege umuntu agatangira kurwaragurika n’indwara zitandukanye zirimo ‘Imfection’.Iyi ndwara ya SIDA akenshi yandurira mu mibonano mpuzabitsina yakozwe ntabwirinzi bwabayeho, gusa nanone yandura binyuze mu gukoresh ibikoresho bityaye nk’urwembe ,ndetse n’ikindi icyari cyose.Iyi ndwara kandi hari ubwo yandura binyuze mu gihe umubyeyi aba ari kunsa cyangwa umwana avuka. Ikinyamakuru webmd.com kivuga ko hakoreshejwe amaraso, umuntu wanduye aka gakoko gatera SIDA ashobora kugaragara binyuze mu bipimo bimufatwa gus...
Menya ibyo  abagabo benshi bakora bikangiza imyanya yabo y’ibanga

Menya ibyo abagabo benshi bakora bikangiza imyanya yabo y’ibanga

Ubuzima
Ubusanzwe hari ibintu abagabo bakora bikagira ingaruka kubitsina byabo ndetse no mu gihe cyo gutera akabariro bakaba bagiriramo ikibazo gikomeye.Bamwe biranga burundu, bakagana amavuriro kandi aribo banyirabayazana. Hari ubwo abagabo bamwe batakaza imbaraga mu gihe cyo gutera akabariro cyangwa igitsina kingana gufata umurego nyamara yari umugabo usanzwe abikora neza cyane, ibi akenshi biterwa n’uko usanga hari ibikorwa byabangije kandi barabigize umuco wabo ubwabo gusa bashobora kubireka umubiri wabo ugasubirana nza.Akenshi abagabo bagirwa inama yo kwitondera no gufata neza imyanya yabo y’ibanga mu rwego rwo gutuma imera neza birinda ibibazo. Kugira ngo ugume ufite umubiri umeze neza , urasabwa kuba unywa amazi menshi, kurya amafunguro arimo vitamin , kwirinda gufata imiti myinshi cy...
Dore akamaro k’amakara akoreshwa mu gikoni

Dore akamaro k’amakara akoreshwa mu gikoni

Ubuzima
Amakara akoreshwa n’abantu batandukanye gusa benshi nanone baziko akamaro kayo ari uguteka gusa nyamara hari ibindi bifatwa nk’ibyiza byayo haba ukayoresha n’ubuzima bwe. Hari ubwoko bubiri bw’amakara buzwi mu rurimi rw’icyongereza nka ‘Activated Carbon na Activated Charcol’, ubu bwoko bwombi bw’amakara bukoreshwa hagamijwe gukura imyanda mu mazi ndetse no gusukura ikirere , bigakorwa hifashishijwe inganda n’imiti yabugenewe. Ubusanzwe akamaro k’amakara kagaragarira mu gikoni aho akoresha n’abantu benshi cyane ku isi, aho bayakoresha bateka.Abandi bazi akamaro k’amakara nk’umuti wifashishwa n’abantu batandukanye hagamijwe gukuraho imyanda mu mubiri, agakoreshwa cyane mu gihe bikekwako ugomba kuyakoresha yariye cyangwa yanyoye ibintu bihumanijwe. Amakara aca intege uburozi bugeze m...
Dore impamvu abagore badakwiriye kurarana amapantaro

Dore impamvu abagore badakwiriye kurarana amapantaro

Ubuzima
Biba byiza kurara batambaye ipantalo k’umugore cyangwa umukobwa kubera impamvu zitandukanye.Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe impamvu nyamukuru ikwiriye gutuma umugore ararana atambaye ipantalo. Ikinyamakuru Medicalnewstoday, cyatangaje ko hari impamvu nyinshi zishobora gutuma mugore ararana nta pantalo yambaye , harimo nko kuba bituma umugore agira umutekano no kurara atuje ndetse no kuba agaragara neza. Ubushakashatsi bumwe bwemeza ko umugore ashoborakwambara ipantalo mu gihe agiye hanze gusa (Asohotse) ndetse anateganya ko ashobora kugira aho agera agasimbuka ibintu runaka.Kimwe n’ibindi bishobora kuba impamvu rero tugiye kubirebera hamwe. 1.Yumva atuje cyane. Iyo umugore atambaye ipantalo nijoro yumva atuje kandi atekanye kurenza uko yaba ayambaye cyangwa akandi kambaro g...
Umwana w’umukobwa yigambye kwicira abantu barenga 200 muri Amerika

Umwana w’umukobwa yigambye kwicira abantu barenga 200 muri Amerika

Ubuzima
Biragoye cyane kumva umuntu ku giti cye avuga ko yishe abantu benshi ndetse akavuga ko yishe abasaga 200 kandi ariwe ubyivugiye.Umukobwa witwa Ayisha Modi, yemeje neza ko yishe abantu bagera kuri 200 muri Amerika. Ayisha Modi ntabwo akunda kugagaraga asetsa cyane nk’uko byakomeje kugenda bitangazwa n’itangazamakuru ryo ku isi nyuma y’inkuru ye yatangaje ikaza kuba kimomo igakwirakwira mu bantu benshi mu buryo nawe atamenye. Uyu muhanzi wamamaye cyane munjyana ya Dancehall, yagiye muitangazamakuru avugwaho ibintu bitari byiza. Uretse gutukana cyangwa kubwirana nabi, uyu mukobwa yemera ko hari n’ubundi buryo bwakoreshwa ushaka kwamamara benshi bemeza ko ashobora kuba yabivuze kugira ngo abantu bamumenye n’ibinyamakuru bimwandike kubwinshi na cyane ubusanzwe mu isi ya none ...
Dore uburyo wamenya ko umukobwa ukuri imbere ari isugi

Dore uburyo wamenya ko umukobwa ukuri imbere ari isugi

Ubuzima
Ubusugi burebwaho cyane mu mico hafi ya yose ndetse no myumvire yabamwe habamo ikintu cyo kwita ku busugi cyane.Muri iyi nkuru turagufasha kumenya uko wamenya niba umukobwa ukuri imbere ari isugi. N’ubwo bifatwa nabi gusa hamwe na hamwe ntabwo bemera ko umugore ashyingirwa cyane ashaka bataramenye ako ari isugi gusa hano twe twavuga ngo ‘Buri gahugu n’umuco wako’.Yego birashoboka cyane ko wamenya gutandukanya imyumvire n’ukuri kubyerekeye ubusugi. Twirengagije ibivugwa kuri iyi ngingo byose kugira ngo ubashe kumenya ko umukobwa ari isugi ni ukumwegera ukamubaza eza.Ubusugi burebwaho cyane mu Kabone n’ubwo yaba yaraguhakaniye, byashobokako umenya niba ari isugi bitewe n’impamvu yawe wifitiye ku giti cyawe, uhereye no kumico ye , uko agaragara …. 1.Uko agaragara inyuma. U...
Dore impamvu ukwiriye kwirinda kurya imigati hamwe n’icyayi

Dore impamvu ukwiriye kwirinda kurya imigati hamwe n’icyayi

Ubuzima
Umugati ni icyo kurya cyiza gikundwa n’ingeri zose by’umwihariko ni ifunguro rifatwa cyane mu masaha ya mu gitondo cyangwa mu yandi masaha bitewe na nyiri ubwite.Birashobokako waba uwukoresha nyamara bitari ngombwa cyangwa atari byiza ku buzima bwawe.Muri iyi nkuru turaguha inama. Umugati n’icyayi ni kimwe mu bikundwa cyane pe, ni amafunguro aryohera benshi cyane. Haba abakuze cyangwa abakiri bato, bayakoresha mu masaha ya mu gitondo cyane. Benshi bahitamo kuyafata mbere yo gusohoka munzu bagiye kukazi cyangwa ahandi hantu nko ku ishuri.N’ubwo bimeze bityo rero hari abatabsha kurya umugati kubera ibibzo by’ubuzima bafite no kuburengera muri rusange.Nk’uko ibitanyamakuru ; Medineplus na Webmd bibitangaza, hari impamvu zimwe na zimwe zituruka kwa mu ganga zikabuzanya kurya umug...
Dore ibibi by’udukingirizo dukoreshwa na benshi

Dore ibibi by’udukingirizo dukoreshwa na benshi

Ubuzima
Ubusanzwe udukingirizo dukoreshwa mubwirinzi butandukanye bw’indwara.Ahari ushobora kuba utazi ingaruka zatwo muri iyi nkuru tugiye kuzigarukaho. Hari inshuti yanjye twaganiriye igiye gishize imbwira ko yahoze yumva udukingirizo ariko ihamyako itazi impamvu yatwo ndetse n’uburyo dukoreshwa, iyi nshuti yanjye ntabwo nigeze nyisobanurira byinshi kuri two kuko ntamakuru ahagije narimfite na cyane ko muri icyo gihe ntarinzi ibibi byatwo. Iminsi uko yagiye itambuka niko nagiye nkomeza gusoma byinshi kugeza ubwo menyeye bimwe mu bifatwa nk’ibibi byatwo.Ahari nawe uzi byinshi kuri byo, ubu tugiye kurebera hamwe iby’ingenzi nusanga nawe hari ibindi uzi, uduhereze igitekerezo ahangirwa ibitekerezo cyangwa utwandikire kuri watsapp. Abenshi bakoresha udukingirizo mu rwego rwo kwirinda gutwi...
Dore ibintu ukwiriye kwirinda niba uteka ukoresheje Gas

Dore ibintu ukwiriye kwirinda niba uteka ukoresheje Gas

Ubuzima
Ukwiriye kwirinda kwiringira Gas.Niba  ukoresha Gas , urasabwa kwigengesera ukamenya neza ko wayikoresheje neza uko bisabwa kugira ngo wirinde kuba washya cyangwa ugatwika inzu. Ubusanzwe abantu bose bakoresha gas bateka amafunguro, bahura n’ikibazo gikomeye cyane cyo kuba bashobora gushya isaha n’isaha ariko akaba ari ntamakuru bafite yabyo.Birashobokako umaze igihe kirekire ukoresha gas, ariko ukaba utari uzi ibintu ukwiriye kwitaho cyane cyangwa ngo wigengere cyane. Gukoresha gas mu gihe cyo guteka bizana ingaruka nyinshi zirimo no kuba inzu yashya ibintu byose birimo ukabihomba.Mu rwego rwo gukomeza kwirinda impanuka izaturika kuri gas ita kuri ibi tugiye kukubwira.Ukwiriye kwirinda kwiringira Gas cyane. 1.Usabwa gutegura icyumba cyayo neza hakaba bameze neza. Aha turavuga...