Umwana w’umukobwa yigambye kwicira abantu barenga 200 muri Amerika

23/01/2023 21:54

Biragoye cyane kumva umuntu ku giti cye avuga ko yishe abantu benshi ndetse akavuga ko yishe abasaga 200 kandi ariwe ubyivugiye.Umukobwa witwa Ayisha Modi, yemeje neza ko yishe abantu bagera kuri 200 muri Amerika.

Ayisha Modi ntabwo akunda kugagaraga asetsa cyane nk’uko byakomeje kugenda
bitangazwa n’itangazamakuru ryo ku isi nyuma y’inkuru ye yatangaje ikaza
kuba kimomo igakwirakwira mu bantu benshi mu buryo nawe atamenye.
Uyu muhanzi wamamaye cyane munjyana ya Dancehall, yagiye muitangazamakuru avugwaho ibintu bitari byiza.

Uretse gutukana cyangwa kubwirana nabi, uyu mukobwa yemera ko hari
n’ubundi buryo bwakoreshwa ushaka kwamamara benshi bemeza ko ashobora
kuba yabivuze kugira ngo abantu bamumenye n’ibinyamakuru bimwandike
kubwinshi na cyane ubusanzwe mu isi ya none abantu basigaye bashimishwa no kubaho mu isi y’ibinyoma.

Uyu mukobwa kandi azwi ho gutangaza inkuru mpimbano kuri we akora agamije kwikururira imbaga nyamwinshi ndetse ashaka no kwamamara kuko aho yahereye akora umuziki wo mu njyana ya Dancehall k

Error: Contact form not found.

ba icyamamare byamubereye urusobe bikamwihisha neza neza kugeza ubwo atekereje guhitamo inzira zitari nziza.

Ayisha Modi yagarutse ku bantu yishe atangazako bari bageze muzabukuru.
Yasobanuye ko abo bantu yishe , bari bageze muzabukuru barenga 200
batuye muri Leta zunze ubumwe za Amerika.Uyu mukobwa ngo yari afite
akazi mu kigo cyitwa ‘Living Care ‘, ari umwe mu bayobozi bacyo, aho
yafashaga abantu bashaje bo muri kiriya gihugu kubaho batagira ibyo bishinja cyangwa ngo babane n’umunaniro ukabije.

Mod ngo yaje gutozwa ibidasanzwe muri uyu mwuga , maze afashwa kuba yagira ubushobozi bwo kwica abantu babaga bashaka gupfa cyangwa biguza kunogonorwa kubera ibibazo by’isi ndetse n’ibibazo by’imiryango yabo.Yaje kwishyiraho ‘mask’.Ubwo yendaga kwica umugore umwe ibwo nawe bamufashe amenyekana ubwo.
SRC: GHPAGE.COM
REBA HANO VIDEO TWAGUHITIYEMO

Advertising

Previous Story

Baranzwe n’umunezero ! Inkuru y’urukundo rwa Barack Obama na Madamu we Michelle Obama

Next Story

Pasiteri yavuze ko yatambye abantu 6 buri mwaka bikarangira umwana we n’umugore nabo bapfuye

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop