Dore uburyo wamenya ko umukobwa ukuri imbere ari isugi

20/01/2023 17:09

Ubusugi burebwaho cyane mu mico hafi ya yose ndetse no myumvire yabamwe habamo ikintu cyo kwita ku busugi cyane.Muri iyi nkuru turagufasha kumenya uko wamenya niba umukobwa ukuri imbere ari isugi.

N’ubwo bifatwa nabi gusa hamwe na hamwe ntabwo bemera ko umugore
ashyingirwa cyane ashaka bataramenye ako ari isugi gusa hano twe
twavuga ngo ‘Buri gahugu n’umuco wako’.Yego birashoboka cyane ko
wamenya gutandukanya imyumvire n’ukuri kubyerekeye ubusugi.
Twirengagije ibivugwa kuri iyi ngingo byose kugira ngo ubashe
kumenya ko umukobwa ari isugi ni ukumwegera ukamubaza eza.Ubusugi burebwaho cyane mu

Kabone n’ubwo yaba yaraguhakaniye, byashobokako umenya niba ari isugi bitewe n’impamvu yawe wifitiye ku giti cyawe, uhereye no kumico ye , uko agaragara ….

1.Uko agaragara inyuma.
Umukobwa ashobora kwitandukanye ukaba wamenya niba ari isugi
cyangwa niba byararangiye, yarahuye n’abandi bagabo cyangwa
niba yaratwaye igare ,…Hari akantu gato cyane gapfuka
imyanya y’ibanga y’abagore mu gihe kavuye nibwo bavuga ko
yataye ubusugi kandi aka kantu , gashobora kuvanwaho n’uko yakoze
imibonano mpuzabitsina cyangwa se indi mpamvu na cyane kuba umukobwa
atari isugi bidasobanuye ko yahuye n’umugabo nk’uko tubikesha ikinyamakuru Bscholrly.com.

Ushobora kwitegereza umukobwa ugahita umenya ko uwo mukobwa atakiri isugi
kubera uburyo ubonye imyanya ye y’ibanga yaraje imbere cyane gusa nanone
ibo nabyo bifatwa nk’imyumvire rimwe na rimwe bitewe n’uko umuntu akura
ndetse akagaragara bitewe n’uko yariye cyangwa yabayeho haba mubuzima busanzwe cyangwa murugo aho yakuriye.
Indi mpamvu ituma tudashobora kwemeza ijana ku ijana ko ubusugi bupimwa n’amaso ni uko, abakobwa bakunze gutwara amagare cyane batakaza ubusugi kimwe n’abatwaye ama farashi ndetse n’ubundi bwoko bw’ibinyabizig na cyane ko nabyo byagaragaye nazi ari impamvu.Tukiri kuri iyi ngingo y’uko agaragara inyuma, bavuga ko umukobwa watakaje ubusugi ahora asa neza cyane bitewe n’uko ahora yiyitaho cyane (N’abandi biyitaho niyo mpamvu tubiha gake ku ijana).

2.Imyitwarire.

Uburyo yitwara bishobora kuba ikimenyetso cy’uko yatakaje ubusugi cyangwa akibufite.Aha bagereranya abakobwa bakunda gusenga

Advertising

Previous Story

Miss Mwiseneza Josiane yavuze ku byo gukuramo inda no gufungwa kwe

Next Story

TAMIRA IFI MU NYARWANDA ! Reba ahantu warira ifi yokejwe uhibereye ku giciro gito cyane – AMAFOTO

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop