Menya ibintu by’ingenzi umugore utwite adakwiriye gusaba umugabo we kumukorera
Usanga bamwe mu badamu barahinduye ubuzima bw'abagabo babo nk'ikuzimu mu gihe batwite.Barabavuna cyane kubera ko baba baziko batarabyanga ugasanga abagabo barabangamiwe cyane.Nyuma yo gusoma iyi nkuru uhindure cyangwa wige.
Badamu beza, mu menye ko, uko waba wiyumva kose ukwiriye gutuma umugabo wawe yiyumva nk'umugabo mwiza ku isi,kuko yaragushatse ngo yitwe umugabo ntabwo yagushatse ngo abe umugabo.Birazwi ko rimwe na rimwe abagore batwite bayoborwa n'amarangammutima yabo cyangwa uburyo babayeho n'imwe mu misemburo ya kibyeyi bigatuma bitwara uko bashatse kubagabo babo, nyamara umugabo wawe yakakubereye umufasha muri icyo gihe utwite.
1.Umugabo wawe arakuzi cyane, kandi yarakumenye rero rekera aho gufata igihe cye ngo ucyangize ukigire kibi cyane.Ntabwo uzatwita iteka ryose kandi nu...