Dore impamvu ukwiriye kwirinda kurya imigati hamwe n’icyayi

19/01/2023 05:34

Umugati ni icyo kurya cyiza gikundwa n’ingeri zose by’umwihariko ni ifunguro rifatwa cyane mu masaha ya mu gitondo cyangwa mu yandi masaha bitewe na nyiri ubwite.Birashobokako waba uwukoresha nyamara bitari ngombwa cyangwa atari byiza ku buzima bwawe.Muri iyi nkuru turaguha inama.

Umugati n’icyayi ni kimwe mu bikundwa cyane pe, ni amafunguro aryohera benshi cyane.
Haba abakuze cyangwa abakiri bato, bayakoresha mu masaha ya mu gitondo cyane.
Benshi bahitamo kuyafata mbere yo gusohoka munzu bagiye kukazi cyangwa ahandi
hantu nko ku ishuri.N’ubwo bimeze bityo rero hari abatabsha kurya umugati
kubera ibibzo by’ubuzima bafite no kuburengera muri rusange.Nk’uko ibitanyamakuru ;
Medineplus na Webmd bibitangaza, hari impamvu zimwe na zimwe zituruka kwa mu
ganga zikabuzanya kurya umugati.Imigati ikorerwa mu nganda maze igakorwa
hifashishijwe ifarini,isukari ndetse n’umunyu.Umugati kandi uba igizwe n’isukari ndetse n’ibindi biryoherera bikorwa n’abantu baba bashaka ko uzakundwa.

1.Kuzamura umuvuduko w’amaraso.

Kuzamuka kw’umuvuduko w’amaraso bizwi nka ‘Hypertension’,
ni indwara igaragara cyane iyo umuvuduko w’amaraso mu mubiri
w’umuntu uri hejuru cyane.Abantu barwaye iyi ndwara bagirwa
inama yo kurya amafunguro arimo; Ibishyimbo, imbuto n’imboga ndetse n’ibindi bibafasha kumera neza.
Umugati n’icyayi rero byangiza umubiri kuko bifasha kumuzamura umuvuduko w’amaraso kandi bidakenewe mu buzima mu rwego rwo gufasha kugira ubuzima bwiza.

2.Indwara zo munda.

Abantu bakunda kurwara indwara zo munda cyane, ntabwo bemererwa kurya imigati cyangwa kuyihorera cyane, kuko nabo bagira amafunguro yihariye abafasha gukomeza kubaho neza cyane.Umugati ni icyo kurya

3.Diabete

Abantu barwaye iyi ndwara ntabwo bemererwa kurya imigati ndetse no kunywa icyayi.Abaganga bagira inama abarwayi kugendera kure iyi ndyo (Icyayi n’umugati).Amafunguro menshi abamo ifarini ndetse n’isukari, ntabwo aryohera cyangwa ngo afashe umurwayi wa Diabete nk’imwe mundwara 5 zica cyane abantu nk’uko ikigo World Health Oraganization kibitangaza. Niba urwaye iyi ndwara ya Diabete, urasabwa kugendera kure imigati , icyayi n’ibindi bisa nabyo.
Inkomoko: trendinginkenya.com

Advertising

Previous Story

Umugore yafashe umugabo we asambana

Next Story

Biratangaje ! Menya umugore muto ku isi wabyaye afite imyaka 5

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza bidasanzwe byo kurya inanasi

Inanasi ni urubuto ruzwi cyane ku isi yose kubera uburyohe bwayo ndetse n’akamaro k’ubuzima ifite. Uru rubuto rukomoka mu muryango w’ibinyomoro (Bromeliaceae) kandi rwamenyekanye

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop