Sunday, May 12
Shadow

Ubuzima

Muri iyi category y’ubuzima twandikamo inkuru z’ubuzima gusa n’ibindi bijyanye n’ubuzima byonyine.

Dore amafunguro 5 ukwiriye kurya nyuma yo gutera akabariro

Dore amafunguro 5 ukwiriye kurya nyuma yo gutera akabariro

Ubuzima
Urukundo ni ingenzi cyane ndetse rukaba kimwe mu bishimisha abantu.Muri iyi nkuru turakwereka amafunguro  5 udakwiriye kwirengagiza nyuma yo gutera akabariro.Dore amafunguro 5 ukwiriye kurya nyuma yo gutera akabariro. Amafunguro umuntu arya niyo amuhereza inzira yo kubaho neza mu gihe akiri mu buzima ndetse ni kimwe mu bintu nkenerwa cyane kugira ngo abantu ababeshe kororoka na cyane atera imbaraga.Mu rwego rwo gutera akabariro hari amafunguro yihariye abantu baba bakwiriye kwitaho haba nyuma cyangwa mbere y’igikorwa nyirizina. Za Karori nyinshi zirahatakarira iyo abantu bari gutera akabariro ubwabo ku buryo umubiri usigara ukeneye nyinshi cyane kurenza izo bari bafite.Ubushakashatsi buvuga ko kuva kuri 60 kugeza ku 100 bya Karori zitakara muri iki gikorwa kiri mu bikunzwe cyane n’a...
Dore ibintu umugabo akwiriye kwirinda ! Icyambere : Ntuzishyure igitsina

Dore ibintu umugabo akwiriye kwirinda ! Icyambere : Ntuzishyure igitsina

Ubuzima
Umugabo akwiriye kubyirinda.Icyambere kiragira kiti :”Ntuzishyure igitsina.Ntuzatange amafaranga yawe ngo ukore imibonano mpuzabitsina. Ahari birumvikana nk’ibisekeje cyangwa bidasanzwe ariko abagabo bose bagirwa inama yo kudakora amakosa yo kwishyura imibonano mpuzabitsina, bagatanga amafaranga ku bagore cyangwa abakobwa kugira ngo babagenere umwanya wo guterana akabariro nabo. Umugabo akwiriye kubyirinda.Icyambere kiragira kiti :”Ntuzishyure igitsina.Ntuzatange amafaranga yawe ngo ukore imibonano mpuzabitsina..Icyambere twibazeho ni ukwirinda kwishyura amafaranga yo gukora imibonano mpuzabitsina ahubwo tugira abagabo gukoresha ayo mafaranga ibyungura mu buzima busanzwe cyangwa kuyafashisha umuryango wabo.Abagabo bakunda kwiyumvamo ibyo byiyumviro bagirwa inama yo kujya bah...
Dore indwara zishobora ku kwica mu masaha 24

Dore indwara zishobora ku kwica mu masaha 24

Ubuzima
Dore indwara zica vuba mu gihe zitakurikiranywe mu amasaha yak are, muri iyi nkuru turagaruka ku ndwara zishobora ku kwica mu masaha 24 gusa utacunze neza ngo wiyiteho. 1.Meningitis Iyi ndwara ya Meningitis , ni indwara iterwa cyane na bagiteriya cyangwa indwara z’ama imfection.Iyi ndwara yibasira cyane igice cy’ubwonko  ndetse n’urutirigongo.Iyi ndwara iba isabwa kwitabwaho cyane na nyirayo mu gihe cya vuba mu rwego rwo gukomeza kwirinda no kongera iminsi yo kubaho ntakibazo.Iyi ndwara yibanda mu bana bakiri bato, abana bari gukura Dore indwara zica vuba ndetse no mubana bageze mu bugimbi n’ubwangavu,kimwe n’abari kugera muzabukuru vuba.Iyi ndwara iteza akaga gakomeye cyane kuburyo ishobora no kwica uyirwaye vuba cyane. https://www.youtube.com/watch?v=RWe-daSfSow R...
Umugore wiyanditseho umubiri wose arwaye indwara ishobora kumwica

Umugore wiyanditseho umubiri wose arwaye indwara ishobora kumwica

Ubuzima
Umukobwa yishyize ho Tatuwaje ku mubiri we ndetse binavugwa ko arwaye indwara ishobora kumwica.Uyu mugore wiyanditseho umubiri wose arwaye indwara mbi cyne. Umukobwa yishyize ho Tatuwaje ni we witangarije ko arwaye indwara ikomeye yitwa Schizophrenia, iri mu ndwara zikomeye cyane kandi zituma hari n’abapfa.Amber Luke, yafashe umubiri 98% biwugize abisiga tatuwaje ku muri hafi ku wumara n’amarangI.Amber yavuze ko yavukanye ubu burwayi atangaza ko bumutwara akayabo kangana n’amafaranga  140, 000 y’amayero. Uyu mukobwa , amaze kwigarurura abantu batandukanye nyuma yo kumara igihe akoresha ‘Instagram’, aho amaze gukurikirwa n’abantu ibihumbi 60 kandi bose bamwerekako bakunda kandi ko bamuhoza ku mutima. Mu minsi mike ishizwe nibwo Amber, yifashe amashusho we Amber L...
Umugore w’abana 3 yatunguwe no kumenya ko umugabo we yapfuye mu myaka 2 mbere y’uko bamenyana

Umugore w’abana 3 yatunguwe no kumenya ko umugabo we yapfuye mu myaka 2 mbere y’uko bamenyana

Ubuzima
Umugore wo mu gihugu cya Nigeria , yahuye n’uruva gusenya nyuma kumenya amakuru atangaje y’uko umugabo yapfuye mbere y’uko bamenyana. Umugore w’abana 3 wo mu gihugu cya Nigeria, yatewe ikibazo no kumenya amakuru y’uko umugabo we yapfuye mbere mu myaka 2 yashize batarahura ngo bashyingiranwe.Iyi nkuru yabaye kimomo nyuma yaho ishyizwe kurubuga rwa ‘Twitter’ rw’uwitwa Peace-Ighodaro, wavuze ko uyu mugore ari umuturanyi we ashimangira ko uyu mugore yamenye ko yashyingiranwe n’umurambo. Nk’uko byatangajwe, uyu mugore yamenye iyi nkuru itangaje n’amateka y’umugabo we wapfuye nyuma yo gusura icyaro aho https://www.youtube.com/watch?v=1aAtvZv57Lg REBA IYI VIDEO TWAGUTEGURIYE yari atuye agiye gusura umuryango we.Uyu wabyanditse yagize ati:”Uyu mugore yaje kumenya ko yashaka...
Umugore yabyaye umwana ufite amaguru ane nyuma y’uwavukanye imitwe ibiri

Umugore yabyaye umwana ufite amaguru ane nyuma y’uwavukanye imitwe ibiri

Ubuzima
Byafashwe nk’ibitangaza ndetse unabyumvise wakumva ko bitangaje cyane na cyane bidasanzwe.Umugore yabyaye umwana ufite amaguru ane nyuma y’uwavukanye imitwe ibiri. Umwana ufite amaguru ane yavutse.Uyu mwana watangaje abantu bose ateye mu buryo butangaje na cyane bimwe mu bigeze umubiri we bitangaje kuva hasi kugeza hejuru.Umubyeyi witwa Gwalior  utuye mu karere ka Madhya Pradesh mu gihugu cy’Ubuhinde, yabyaye umwana ufite amaguru ane bitera abantu benshi amatsiko no gukomeza kumwibazaho no kwibaza kuri uyu mwana w’umukobwa. https://www.youtube.com/watch?v=POWP6YyVDxU KANDA HANO UREBE IYI VIDEO Muri ibi bitaro haherukaga kuvukira undi mwana utangaje wabyawe na Aarti Kushwaha na Sikandar Kampo nabo batuye muri aka gace.Umugore yabyaye umwana ufite. Nyuma yo kwibaruka uyu m...
Hasohotse igitabo cy’imikino 21 y’abana kizasomwa ku buntu

Hasohotse igitabo cy’imikino 21 y’abana kizasomwa ku buntu

Ubuzima
Umuryango witwa ‘Kina Rwanda’ ukangurira ababyeyi n’abarezi gukina n’abana, wasohoye igitabo kirimo imikino 21 abana n’ababyeyi bazajya basoma ku buntu, bagisanze mu masomero yose mu Gihugu. Umuyobozi w’uwo muryango, Malik Shaffy Lizinde avuga ko umuntu uzasoma icyo gitabo cyitwa Dukine, azaba yungutse uburyo bumufasha guha umwanya abana aho kwihugiraho.Ati "Harimo imikino itandukanye nko gusimbuka, kwihisha, uwo bitaga ’ngiye gushoza intambara’, ni agatabo kabonwa ku buntu, kazaba kari ku masomero 81 yo mu Gihugu n’ahandi hatandukanye, mu cyaro bazadukura mu masomero y’uturere." Malik avuga ko ku ikubitiro bazasohora kopi 1000 z’utwo dutabo, ndetse badushyire ku mbuga za murandasi zitandukanye, harimo urwa Kina Rwanda, urw’Isomero rusange (Kigali Public Library) n’ahandi...
<strong>Gakenke: Babiri  baguye mu mpanuka y’imodoka</strong>

Gakenke: Babiri  baguye mu mpanuka y’imodoka

Ubuzima
Iyi modoka yo mu bwoko bw’ikamyo ya Fuso yavaga i Rubavu ijyanye ibitunguru mu Mujyi wa Kigali yagonze Coaster igeze mu karere ka Gakenke mu Murenge wa Nemba, ahazwi nko ku musozi wa Buranga abantu babiri bahasiga ubuzima abandi 20 barakomereka. Impanuka yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 21 Ugushyingo 2022, ibera mu Mudugudu wa Bukurura, Akagari ka Gahinga, Umurenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke, ubwo Fuso yavaga i Rubavu yataga umukono wayo ikagonga Coaster yajyaga i Musanze. Yaturutse ku ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso ifite nimero iyiranga ya RAE383L yavaga mu karere ka Rubavu, itwaye ibitunguru i Kigali, igeze mu makoni ya Buranga yaje guta umukono wayo maze igonga Coaster, RAC832X ya iyi modoka yo bwoko kompanyi ya Virunga Express yajyaga Musa...