Dore impamvu abagore badakwiriye kurarana amapantaro

30/01/2023 19:41

Biba byiza kurara batambaye ipantalo k’umugore cyangwa umukobwa kubera impamvu zitandukanye.Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe impamvu nyamukuru ikwiriye gutuma umugore ararana atambaye ipantalo.

Ikinyamakuru Medicalnewstoday, cyatangaje ko hari impamvu nyinshi zishobora gutuma mugore ararana nta pantalo yambaye , harimo nko kuba bituma umugore agira umutekano no kurara atuje ndetse no kuba agaragara neza.
Ubushakashatsi bumwe bwemeza ko umugore ashoborakwambara ipantalo mu gihe agiye hanze gusa (Asohotse) ndetse anateganya ko ashobora kugira aho agera agasimbuka ibintu runaka.Kimwe n’ibindi bishobora kuba impamvu rero tugiye kubirebera hamwe.

1.Yumva atuje cyane.

Iyo umugore atambaye ipantalo nijoro yumva atuje kandi atekanye kurenza uko yaba ayambaye cyangwa akandi kambaro gashobora. Kutambara ipantalo ugiye kujya kuryama bituma wumva ufite amahoro menshi cyane.

2.Ugira guhumeka neza.

Nk’uko ikinyamakuru cyitwa Webmd kibitangaza , ntabwo bitanga umutekano n’umutuzo k’umugore cyangwa umukobwa waraye yambaye ipantalo mu buriri.Ibi bishobora gutuma agira uburwayi butandukanye, mu gihe iyo araye atayambaye amera neza ndetse agahumeka neza cyane kurenza mbere.Abagore bagirwa inama yo kutajya bamabara amapantalo mbere yo kujya kuryama dore ko ashobora kubika umwuka utari mwiza.

3.Ntabwo amaraso atembera neza iyo wambaye ipantalo.

Iyo igitsina gore cyambaye ipantalo mu ijoro,bituma amaraso atembera neza cyane , ku buryo ashobora kugira ubuzima bwiza kurenza uwararanye imyambaro imufatiriye harimo ‘amapantalo.Kuba habaho kurarana imyambaro ihambiriye umubiri ni amakosa akomeye.

4.Kurara utambaye ipantalo birinda indwara zinyuranye.

Iyo umugore cyangwa umukobwa yaraye nta myambaro imuhambiriye yambaye, bituma yirinda indwara zitandukanye zirimo na ‘Infection’, zikurira mu mubiri kugeza ubwo ashobora gusanga ubuzima bwe bwaragiye mu kaga kubera kwambara ipantalo nijoro.

Ubusanzwe ntabwo ari byiza kurarana utuntu dufunze umubiri haba kubagore ndetse no kubagabo na cyane ko bigira ingaruka mbi kubuzima bwa muntu.Abahanga bavuga ko kurarana cyangwa kwirirwana imyambaro iguhambiriye bibuza amaraso gutembera neza, bikaba byatuma uwahumekaga abura umwuka cyangwa aho byafashe hahungabanywa n’uko ntamaraso arimo kuhatembera neza nk’uko bisanzwe.Kurarana imyambaro ihambiriye umubiri ntabwo ari

Advertising

Previous Story

“Ntabwo nigeze ndyamana n’abagabo” ! Umugore yahawe urwamenyo nyuma yo kuvuga ko atararyamana n’umugabo n’umwe

Next Story

Dore akamaro k’amakara akoreshwa mu gikoni

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop