Uwahoze ari Perezida wa Congo , Joseph Kabila Kabange yahagaritse amasomo kuri Kaminuza yo mu Mujyi wa Johannesburg muri Afurika y’Epfo ubundi ajya kwiga
Mu ijambo rye kuri uyu wa 08 Werurwe 2025, ku munsi mpuzamahanga w’abagore Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, UN, Antonio Guterres yagaragaje ko batakwihanganira kubona
Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa SADC bahuye kuri uyu wa Kane mu inama idasanzwe biga kubibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo. Iyi nama
Leta ya Congo yavuye ku izima yemera kugendera mu murongo w’amasezerano ya Nairobi ashimangira ko ibiganiro ari byo bizafasha Uburasirazuba bwa Congo kugira amahoro
Igisirikare cya Congo kirashinja Thomas Kubanga Dylo wahoze ari umukuru w’ingabo muri FARDC gushinga umutwe w’iterabwoba witwa CRP ( The Convention for Popular Liberation).
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yasobanuye ko intambara imaze imyaka irenga 25 muri Repubulika ya Demokarasi ya