Tuesday, April 30
Shadow

Imyidagaduro

Muri iyi category ya ‘imyidagaduro’ handikwamo amakuru ajyanye na Showbizness gusa ndetse nandi afitanye isano nayo.

Moses yeruye avuga ko ari umukobwa

Moses yeruye avuga ko ari umukobwa

Imyidagaduro
Umunyamideli ukomeye hano mu Rwanda akaba ashaka no kuzamura urwego rw'ibyo akora nyuma yo kuzana icyo yise 'Infaransa' yatangaje ko ari umukobwa. Moses Turahirwa washinje ikigo cy'imideri kizwi nka 'Moshions' yatangaje ibi anyuze kumbuga nkoranyambaga ze by'umwihariko, X, aho yatangaje ko agiye muri Kenya abasaba kuza kugura ibicuruzwa bye cyakora yongeraho ko ari 'Mushiki' wayo ashimangira ko ari Umukobwa. Mu Butumwa bwe yagize ati:"Nairobi,🇰🇪 umwenda wumukiro Imandwa yawubaziniye,… muze muri benshi, mubwire nabarwayi baze mbakize. Mu nkozemo izo Mpesa Nka mushiki wanyu nimanukire".Mu butumwa bwe Moses yakomeje agira ati:"Ngo imbwa igeze ku gikapu cyanjye iramoka iramokaaaaa baza ku nkura ku ndege, ngereyo nsanga ikibuga cyose cyuzuye inzego z'umutekano. bankubite amaso bati ni Mos...
Iyo Yvan Buravan ataza gupfa yari kuba yujuje imyaka 29 ! Benshi bamwifurije isabukuru y’amavuko

Iyo Yvan Buravan ataza gupfa yari kuba yujuje imyaka 29 ! Benshi bamwifurije isabukuru y’amavuko

Imyidagaduro
Mu gitondo cyo ku wa 27 Mata 2024 benshi babyutse bifuriza Nyakwigendera Yvan Buravan isabukuru nziza y'amavuko yari kuba yizihiza iyo aza kuba ari ku Isi. Burabyo Dushime Yvan , yavuye mu mubiri ku wa 22 Kanama 2022 azize Kanseri aguye mu Bitaro byo mu Buhinde nyuma yo kwivuriza mu Rwanda no muri Kenya ariko bikaba iby'ubusa.Yvan yavutse tariki 27 Mata 1995 atangira umuziki muri 2016 aho yagaragaje ubuhanga budasanzwe bwatumye yigarurira imitima ya benshi mu gihe gito. Yvan Buravan yakunzwe n'abatari bake kugeza ubwo yageze no ku isoko Mpuzamahanga agatwara ibihembo bitandukanye bikomeye harimo n'icyateguwe na Radio Mpuzamahanga y'Abafaransa yatwaye muri 2018.Kugeza ubu benshi baracyamutekereza bakarira kubera igikundiro n'uburyo bamufataga. Bamwe mu ba mwifurije isabukuru nziza ...
Holly Gigi yasubije abavuga ko aryamana n’abo bahuje igitsina

Holly Gigi yasubije abavuga ko aryamana n’abo bahuje igitsina

Imyidagaduro
Umuhanzikazi Holly Gigi wamamaye muri muzika Nyarwanda no mu mbyino zizwi nka Twerking, yatangarije UMUNSI.COM ko ibyo kuba aryamana nabo bahuje ibitsina kuri we byatangiye kuvugwa nyuma y'icyorezo cya Covid-19.Uyu mukobwa yasobanuye uburyo yakunze guteretwa n'abakobwa bagenzi be. Nyuma yo kumva amakuru atandukanye yavugaga ko umuhanzikazi akaba n'umubyinnyi Holly Gigi, aryamana nabo bahuje ibitsina, twashatse kumenya inkomoko yabyo ndetse n'icyo abivugaho nka nyiri ubwite na cyane adaheruka gushyira hanze indirimbo cyangwa ikindi gikorwa. Holly Gigi aganira na UMUNSI.COM yagize ati:"Sinzi uko byagenze kugira ngo abantu batangire kubivuga gusa ukuri ni uko njye ntajya nkundana n'abo duhuje igitsina. "I'm Straight" njye nteretwa n'abahungu sinigeze ngerageza gukundana n'abakobwa bagen...
RUBAVU: DEXY1 yihaye intego idasanzwe muri muzika ye

RUBAVU: DEXY1 yihaye intego idasanzwe muri muzika ye

Imyidagaduro
Umuhanzi DEXY1 yemeje ko afite indoto muri muzika ziza mwicaza ku gasongero ku muziki muri Rubavu no mu Rwanda hose muri rusange .Mu kiganiro yahaye UMUNSI.COM , uyu musore yemeje ko gukorera umuziki mu Ntara bituma hari ibyo batamenya cyakora ashimangira ko gukora cyane bizamubera inkingi. DEXY1 avuga ko kwinjira muri muzika kuri we byari ukubikunda kuko ngo umuziki kuri we ari cyo kintu akunda gukora by'umwihariko iyo nta kazi afite cyangwa atuje.Yongereye ho ko umuziki ari impano ye.Yagize ati:"Natangiye umuziki muri 2022 nku tangirana imbaraga n'urukundo rwinshi.Kuva nawugeramo rero muri iyo myaka , maze kugira ibihangano bitatu [ 3 Songs ]. Mu by'ukuri nagiye mu muziki kuko mbikunda cyane. Umuziki ni 'Passion' kuri njye ukaba 'Favorite Hobby' mu buzima bwanjye".   Um...
Kenny Edwin na Fire Man bahuriye mu ndirimbo ‘SUKU’ – VIDEO

Kenny Edwin na Fire Man bahuriye mu ndirimbo ‘SUKU’ – VIDEO

Imyidagaduro
Umuhanzi Kenny Edwin wihebeye umuziki yahuje imbaraga na Fire Man uririmba Hip Hop akamamara muri Taff Gang ndetse nawe ku giti cye nk'umuhanzi.'SUKU' ifite iminota itatu (3) n'isegonda rimwe (01'). Ubusanzwe Kenny Edwin, ni umusore ukuri muto ariko ugaragaza imbaraga n'inyota yo gutera imbere by'umwihariko nyuma y'aho atangiye gufashirizwa muri Lebal yitwa 'Live Life Freestyle' .Kenny yagiye asobora indirimbo zitandukanye haba izo yakoze ku giti cye n'izo yahuriyemo n'abandi bahanzi akazitiza umurindi ariho muri muzika Nyarwanda zikabasha kugera kure. Muri iyi ndirimbo 'SUKU' yahuriyemo na Fire Man, Kenny agaragaza urukundo rw'ukuri rw'umwimerere nk'uko yabihamirije UMUNSI.COM aho yemeje ko aba asezeranya umukunzi we ko nta rira rizashoka ku matama ye.Ati:"Iyi ndirimbo ni umwihariko...
“Mu nyakire kabisa APR FC ku mutima” ! Akigera muri APR FC Sarpongo yakiriwe neza agira icyo asaba abafana

“Mu nyakire kabisa APR FC ku mutima” ! Akigera muri APR FC Sarpongo yakiriwe neza agira icyo asaba abafana

Imikino, Imyidagaduro
Nyuma yo gutangaza ko yavuye muri Rayon Sports, Sarpongo, yagaragaje ko yahawe ikaze n'Ubuyobozi bwa APR FC nk'uko yabyemereye Umunyamakuru w'imikino wa UMUNSI.COM. Umufana wari uwa Rayon Sports ukomeye, Ntakirutimana Isaac uzwi nka Sarpong w’i Nyamirambo yerekeje muri APR FC yakirwa n’abarimo Perezida w’Ikipe y’Ingabo, Col Richard Karasira. Mu kiganiro yahaye UMUNSI.COM yasabye abafana ku mwakira muri iyi kipe yamaze kugeramo.Yagize ati:"Niko kuri ndaje nguhe n'amafoto , ninako bimeze, njyewe namaze gufata 'Decision' [ Umwanzuro ] mu nyakire nk'umufana mugenzi wanyu muri APR kabisa, APR ku mutima".  
Umufana wa Rayon Sports ukomeye yayivuyemo yerekeza muri APR FC asigira Perezida wayo ubutumwa

Umufana wa Rayon Sports ukomeye yayivuyemo yerekeza muri APR FC asigira Perezida wayo ubutumwa

Imikino, Imyidagaduro
Umufana ukomeye cyane wa Rayon Sports Sarpongo ,nyuma y'aho ikipe yari yarigaruriye imaze igihe kinini itsindwa kandi itamuha ibyishimo, yamaze kuyivamo yerekeza mu ikipe ya APR FC yavuze ko itanga ibyishimo kandi inezeza abakunzi bayo. Sarpongo yari umwe mu bafana ba Rayon Sports bakomeye bamwe mukunze kwita 'Abahuriga', ibi byose bije nyuma yuko ikipe ye itsindiwe na Bugesera. Sarpongo mu magambo ye make yagize ati:"Narindi umufana wa Rayon Sports ariko ubu ndi umukunzi w’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APRFC". Si Sarpongo gusa uvugwa ko agiye kuva muri Rayon Sports kuko na Nkundamach na kadenesi bitezwe ko bava kuri iyikipe ikunzwe n'abatari bake hano mu Rwanda.Rayon sports iri mu gahinda gakomeye, nyuma yuko mu bikombe bikinirwa hano mu Rwanda uyu mwaka uyibereye impfabusa ikabura na ki...
Kanye West  agiye gukina Filime z’urukozasoni

Kanye West agiye gukina Filime z’urukozasoni

Imyidagaduro
Umuhanzi akaba n’umushoramari mu bintu bitandukanye by’umwihariko mu bucuruzi bw’inkweto Kanye West, ashobora gutangira gukina Filime z’urukozasoni abishowemo na Mike Moz wahoze akundana na Stormy Daniels. Amakuru avuga ko uyu mugabo wakunze kugaragara mu mashusho we n’umugore we Bianca Censori bari gusomana no gukora ibiteye isoni ku karubanda , ashobora kwisanga muri ibi bikorwa nk’uko TMZ, ikinyamakuru gikomeye cyibanda ku nkuru z’imyidagaduro muri America kibitangaza. Ubusanzwe uyu Moz Mike afata amashusho y’abakina filime z’urukozasoni acishwa ku mbuga zinyuranye zizigurisha cyangwa zizerekana.Akora muri ‘Vixen Media Group’ ndetse ngo niwe uri mu rugamba rwo gushyira Kanye West muri uyu mwuga wo gukina amashusho y’urukozasoni nk’uko iki kinyamakuru TMZ cyo muri Amerika kibitanga...
Ashaka kubatizwa  ! Dj Brianne yongeye kuvuga ku burwayi bugiye gutuma bongera kumubaga

Ashaka kubatizwa ! Dj Brianne yongeye kuvuga ku burwayi bugiye gutuma bongera kumubaga

Imyidagaduro
 Dj Brianne [Gateka Esther Brianne] wamamaye mu myidagaduro Nyarwanda yagaragaje ko ashaka kubatizwa ndetse ashimangira ko ari umwe mu bantu bize kugira ikinyabupfura akuze.Uyu mukobwa yabazwe bwa Mbere tariki ya 1 Mata uyu mwaka mu Bitaro bya Gisirikare i Kanombe. Amakuru avuga ko uyu mukobwa wamamaye mu kuvanga umuziki , yabazwe ku gifu.Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI Dj Brianne yavuze ko azongera kugira ngo icyo avuga ku burwayi bwe abusobanura ubwo azaba yakize  kuko ngo agiye kongera gusubira kubagwa.Ati:”Nzasubira kwa muganga, nimbisoza bamaze kumbaga , maze no koroherwa nzagaruka hano mbabwire ukuntu ibintu bimeze”. Dj Brianne azasubira kwa muganga tariki 1 Gicurasi yongere akorerwe Operation ya kabiri.Uyu mukobwa yahakanye amakuru yavugaga ko yari yagiye kwa muganga kwibagish...
Agasaro Diana wabyaranye na Bruce Melodie yamwandikiye amusaba indezo

Agasaro Diana wabyaranye na Bruce Melodie yamwandikiye amusaba indezo

Imyidagaduro
Umugore witwa Agasaro Diane uvuga ko yabyaranye na Bruce Melodie yamwandikiye ibaruwa amusaba kuzuza inshingano z'umubyeyi agatanga indezo.Anyuze ku munyamategeko we Turahirwa Theogene , Agasaro yandikiye 155AM Ltd na Bruce Melodie abasaba ko bakemura ikibazo cy'indezo y'umwana ba babyaranye. Muri iyi baruwa IGIHE dukesha iyi nkuru bafitiye Kopi ngo , ununyamategeko wa Agasaro yandikiye Bruce Melodie na 155 AM mu nyungu z'umwana aba bombi babyaranye muri Nzeri tariki 1 , 2015.Umunyamatege ko avuga ko iyi baruwa ikurukiye ibiganiro Agasaro yagiranye na Bruce Melodie mu bihe bitandukanye cyakora ntabashe kuzuza ibyo babaga bumvikanye.   Ati:"Mu biganiro mwagiye mu girana mu bihe bitandukanye wananiwe kuzuza inshingano za kibyeyi zo gutanga indezo ... Kugeza ubu Agasaro Dian...