Moses yeruye avuga ko ari umukobwa
Umunyamideli ukomeye hano mu Rwanda akaba ashaka no kuzamura urwego rw'ibyo akora nyuma yo kuzana icyo yise 'Infaransa' yatangaje ko ari umukobwa.
Moses Turahirwa washinje ikigo cy'imideri kizwi nka 'Moshions' yatangaje ibi anyuze kumbuga nkoranyambaga ze by'umwihariko, X, aho yatangaje ko agiye muri Kenya abasaba kuza kugura ibicuruzwa bye cyakora yongeraho ko ari 'Mushiki' wayo ashimangira ko ari Umukobwa.
Mu Butumwa bwe yagize ati:"Nairobi,🇰🇪 umwenda wumukiro Imandwa yawubaziniye,… muze muri benshi, mubwire nabarwayi baze mbakize. Mu nkozemo izo Mpesa Nka mushiki wanyu nimanukire".Mu butumwa bwe Moses yakomeje agira ati:"Ngo imbwa igeze ku gikapu cyanjye iramoka iramokaaaaa baza ku nkura ku ndege, ngereyo nsanga ikibuga cyose cyuzuye inzego z'umutekano. bankubite amaso bati ni Mos...