Saturday, May 4
Shadow

Author: Kevin Rugirishema

Imva n’imvano y’uko byagenze ngo Rayon Sports y’abagore yegukane Igikombe cy’Amahoro nti gitahane

Imva n’imvano y’uko byagenze ngo Rayon Sports y’abagore yegukane Igikombe cy’Amahoro nti gitahane

Imikino
Ubwo Rayon Sports WFC yari imaze gutsinda Indahangarwa WFC ibitego 4-0 ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro wabaye ku wa 30 Mata 2024, ntiyatahanye igikombe kuko cyangiritse kigasubizwa muri Ferwafa. Umuyobozi wa ferwafa Bwana Munyantwali yavuze ko Rayon Sports y’Abagore yamaze gusubizwa igikombe yari yegukanye kuko ari iburo rigihuza ryari ryafungutse. Ati "Hari iburo ihuza igice cyo hasi n’icyo hejuru, ni yo yafungutse ubwo bagitereraga hejuru. Yarafunzwe, barongera baragisubizwa. Ubutaha tuzajya tureba ko gifunze neza, ariya makosa ntabwo azasubira." Umuyobozi wungirije (Vise Perezida) wa Mbere ushinzwe Imari n’Imiyoborere, Habyarimana Marcel, yavuze ko hari isoko batanze ku bakora ibikombe bya Ferwafa ku buryo bazajya bahora batanga ibikoze kimwe. Umunyamabanga Mukuru w...
Ferwafa yavuze ku barwanira kuri stade n’abateza akavuyo

Ferwafa yavuze ku barwanira kuri stade n’abateza akavuyo

Imikino
Ubuyobozi bwa FERWAFA bwavuze ku batoza, abakinnyi n'abafana barwana ku kibuga. Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Kalisa Adolphe 'Camarade', yavuze ko kuba barahannye Umutoza wa AS Kigali WFC, Ntagisanimana Saida wakubise Rwaka utoza Rayon Sports WFC, byari mu bubasha bwabo kuko nta gihe cyari gihari ku buryo akanama k'imyitwarire muri Ferwafa gaterana kandi hari undi mukino yari gutoza. Umuyobozi wa FERWAFA, Munyantwali Alphonse, yavuze ko hari amakosa arimo "ruswa" badahana kubera kubura ibimenyetso. Yasabye abakinnyi, abatoza n'abafana ko bagomba kujya bitwara neza, bakirinda imirwano n'ubugizi bwa nabi. Mugihe bitabiriye imikino y’Amakipe yabo.
#PeaceCup2024: Police FC iraje neza abakunzi bayo

#PeaceCup2024: Police FC iraje neza abakunzi bayo

Imikino
Ikipe ya Police FC yegukanye igikombe cy'Amahoro cya 2024 nyuma yo gutsinda Bugesera FC ibitego 2-1 ku mukino wa nyuma. Police FC yahawe Miliyoni 12 Frw, ihagararire u Rwanda muri CAF nyafurika, Confederation Cup ya 2024/25.Bugesera FC yakinaga umukino wa nyuma bwa mbere mu mateka yayo, yahawe miliyoni 5 Frw. Ni ubwa kabiri Police FC yegukanye Igikombe cy'Amahoro nyuma y'icya 2015 itsinze Rayon Sports. N’ibitego byatsinzwe na Aboubakar Akuki k’Umunota 56’ na Eric Nsabimana Zidane kumunota wa 67’ k’Uruhande rwa Police FC naho igitego 1 cya Bugesera cyatsinzwe na Farouk ssentongo Saif ‘ wamamaye nka Ruhinda Faruku muri ikipe y’Igihugu y’uRwanda Amavubi. Kumunota wa 80’ , n’Umukino waruryoheye ijisho ushimishije cyane. Abakinnyi ba Police FC nyuma yo gutwara ikigikombe ubuyobozi buku...
Umuyobozi wa Police y’Igihugu yasuye abakinnyi ba Police FC mu myitozo bitegura Bugesera FC

Umuyobozi wa Police y’Igihugu yasuye abakinnyi ba Police FC mu myitozo bitegura Bugesera FC

Imikino
Umuyobozi wa Police y’Igihugu akaba no mubayobozi b’Icyubahiro muri Police FC, afande CG Felix Namuhoranye, yasuye ikipe ya Police FC mu myitozo, bitegura umukino wanyuma w’Igikombe cy’Amahoro bazahuramo, n’Ikipe ya Bugesera FC. Mu gihe kingana n’Amasaha abiri n’igice umuyobozi wa police Afande CG Felix Namuhoranye yagiranye ibiganiro n’Ubuyobozi bw’Ikipe ya Police harimo abakinnyi, abatoza ndetse n’Ubuyobozi bureberera ikipe muri rusange.Afande ya bwiye abakinnyi ko umwuka bafite n'uko yababonye ko batwara igikombe cy’Amahoro Ndetse kandi ko bafite n’ubushobozi. Yakomeje ababwirako ubuyobozi bukuru bwa police na police FC ko ba barinyuma kandi ko bazakora ibyo bashinzwe kandi Neza , mu gihe baramuka batwaye igikombe "Natwe turahari ngo tubashimire ibyiza mwaba mugezeho". Nyuma y’Ij...
Umutoza warwaniye mu kibuga yahawe ibihano

Umutoza warwaniye mu kibuga yahawe ibihano

Imikino
Nyuma y'uko umutoza wa AS Kigali WFC akubise umutoza wa Rayon Sports WFC yafatiwe ibihano Bikakaye. Ku mukino wa 1/2 wo kwishyura mu Gikombe cy’Amahoro wahuje ikipe ya Reyon sports WFC na AS Kigali WFC tariki ya 24 Mata, AS Kigali igasezererwa, ni bwo Ntagisanimana yakubise urushyi Rwaka Claude washakaga ku musuhuza umukino urangiye. FERWAFA yahise itumiza abatoza bombi ku wa Gatanu, ibamenyesha ko bagomba kwitaba Akanama gashinzwe Imyitwarire ku wa Gatandatu, tariki ya 27 Mata 2024.Amakuru Umunsi.Com yamenye ni uko aba bombi bitabye FERWAFA, ariko babura abagize akanama gashinzwe Imyitwarire ari ko kagombaga kuva mu mizi uko byagenze ngo Ntagisanimana akubite urushyi Rwaka. Nyuma y’uko ibyo bibaye, kandi AS Kigali igomba gukina na Fatimwa WFC mu mukino wo guhatanira umwanya wa Ga...
Sarpongo avuga ko kujya muri APRFC ari impano yahaye umubyeyi we

Sarpongo avuga ko kujya muri APRFC ari impano yahaye umubyeyi we

Imikino
Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo uyu mufana wari umwe mu bakomeye yarahiriye kuba umufana wa APR FC avuye muri Rayon Sports.Ntabwo byakiriwe neza n’abakunzi benshi ba Rayon Sports aho bavuze ko ibyo yakoze atari byo n’ubundi atayikundaga, abandi bati:"Ni ugushaka amaramuko". Sarpong avuga ko guhindura akajya gufana APR FC ari impano yahaye umubyeyi we kuko akunda APR FC.Ati:"Navuga ko ari impano mpaye umubyeyi wanjye muza bukuru kuko ni umufana wa APR FC. Reka mbisubiremo rwose njye nakurikije amarangamutima kandi nta muntu urwana na yo". Nyuma y'ibyo byose, Ntakirutimana Isaac [Sarpong Nyamirambo], wari umufana ukomeye wa Rayon Sports nyuma yo kwerekeza muri APR FC yavuze ko ari impano yahaye umubyeyi we kuko ari umukunzi w’iyi kipe y’Ingabo z’igihugu.Ibi kandi byakurikiwe ni...
Mu marira menshi Thiago Da Silva yasezeye ku bakunze ba Chelsea

Mu marira menshi Thiago Da Silva yasezeye ku bakunze ba Chelsea

Imikino, Imyidagaduro
Umukunnyi ukomeye wo mu ikipe ya Chelsea ,Thiago Da Silva Emiliano , yahishuye ko atazaguma muri iyi kipe , uyu mwaka w'imikino nurangira. Umunya-Brazil, Thiago Emiliano Da Silva, Ukinira ikipe ya Chelsea izwi nka 'The Blues' , yatangaje ko uyu mwaka w'imikino wa 2023/2024 utazamusiga muri iyi kipe yemeza ko azahita ayivamo nk'uko yabivuze kuri uyu wa Mbere tariki 29 Mata 2024 mu kiniga cyinshi bigatangazwa n'iyi kipe yo mu Mujyi wa London.   Thiago Silva, ufite imyaka 39, agiye gusubira iwabo gukinira ikipe ya Flamengo.Silva yageze muri Chelsea muri 2020 asinye umwana umwe gusa ariko biza kurangira amazeyo imyaka 4 yamubereye imyaka myiza kuri we ndetse no ku ikipe muri rusange n'abafana by'umwihariko. Yagize ati:"Ikipe ya Chelsea isobanuye byinshi kuri njye, nayijemo...
APR FC ikomeze kuyobora amakipe idatsindwa na rimwe

APR FC ikomeze kuyobora amakipe idatsindwa na rimwe

Imyidagaduro
Umukino w’Umunsi wa 28 ikipe ya APR FC inganyije na Gasogi United igitego 1-1, ikomeza agahigo ko ku datsindwa mu gihe habura imikino ibiri ngo Shampiyona irangire. N’ibitego byatsinzwe ku munota wa 61' Panzi Christian ku ruhande rwa Gasogi United no ku munota wa 75' Mugisha Gilbert.Muri 2023/24 ntirahaboneka ikipe ikura amanota y’imbumbe kuri APRFC igeze kuri uyu mukino itaratsindwa na rimwe.Muri uyu mu kino , mbere y'uko utangira ikipe ya Gasogi united yabanjye gukomera amashyi ikipe ya APRFC yatwaye igikombe mbere yuko umukino utangira. Si uyu mukino gusa wabaye kuko ikipe ya Sunrise yatsinze 2-1 ikipe ya Gorilla FC. Ni ibitego byatsinzwe na Nzabonimana Prosper 85' no ku munota 90+3' kuri penalties. Kimwe cya Gorilla cyatsinzwe na Mohamed Bobo Camara 35' naho ikipe ya Etoile ...
“Mu nyakire kabisa APR FC ku mutima” ! Akigera muri APR FC Sarpongo yakiriwe neza agira icyo asaba abafana

“Mu nyakire kabisa APR FC ku mutima” ! Akigera muri APR FC Sarpongo yakiriwe neza agira icyo asaba abafana

Imikino, Imyidagaduro
Nyuma yo gutangaza ko yavuye muri Rayon Sports, Sarpongo, yagaragaje ko yahawe ikaze n'Ubuyobozi bwa APR FC nk'uko yabyemereye Umunyamakuru w'imikino wa UMUNSI.COM. Umufana wari uwa Rayon Sports ukomeye, Ntakirutimana Isaac uzwi nka Sarpong w’i Nyamirambo yerekeje muri APR FC yakirwa n’abarimo Perezida w’Ikipe y’Ingabo, Col Richard Karasira. Mu kiganiro yahaye UMUNSI.COM yasabye abafana ku mwakira muri iyi kipe yamaze kugeramo.Yagize ati:"Niko kuri ndaje nguhe n'amafoto , ninako bimeze, njyewe namaze gufata 'Decision' [ Umwanzuro ] mu nyakire nk'umufana mugenzi wanyu muri APR kabisa, APR ku mutima".  
Umufana wa Rayon Sports ukomeye yayivuyemo yerekeza muri APR FC asigira Perezida wayo ubutumwa

Umufana wa Rayon Sports ukomeye yayivuyemo yerekeza muri APR FC asigira Perezida wayo ubutumwa

Imikino, Imyidagaduro
Umufana ukomeye cyane wa Rayon Sports Sarpongo ,nyuma y'aho ikipe yari yarigaruriye imaze igihe kinini itsindwa kandi itamuha ibyishimo, yamaze kuyivamo yerekeza mu ikipe ya APR FC yavuze ko itanga ibyishimo kandi inezeza abakunzi bayo. Sarpongo yari umwe mu bafana ba Rayon Sports bakomeye bamwe mukunze kwita 'Abahuriga', ibi byose bije nyuma yuko ikipe ye itsindiwe na Bugesera. Sarpongo mu magambo ye make yagize ati:"Narindi umufana wa Rayon Sports ariko ubu ndi umukunzi w’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APRFC". Si Sarpongo gusa uvugwa ko agiye kuva muri Rayon Sports kuko na Nkundamach na kadenesi bitezwe ko bava kuri iyikipe ikunzwe n'abatari bake hano mu Rwanda.Rayon sports iri mu gahinda gakomeye, nyuma yuko mu bikombe bikinirwa hano mu Rwanda uyu mwaka uyibereye impfabusa ikabura na ki...