Lupita Nyong’o uri mu bakurura abagabo ku Isi yagaragaje urutonde rw’ibitabo yasomye akimara kubenga umukunzi we
Umukinnyi wa Filime Lupita Nyong’o , nyuma yo gutandukana na Selema Masekela ufite inkomoko muri Afurika y’Epfo akagira ibibazo by’ihungabana no kuzinukwa urukundo, yashyize