Nyaxo yarekuwe

13/12/2023 15:21

Kanyabugande Olivier wamamaye mu Rwanda kubera amashyengo agira yamaze kurekurwa.

Inkuru dukesha Igihe avuga ko Nyaxo nabo bari bafunganwe mu Burundi barekuwe kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Ugushyingo 2023.

Kanyabugande Olivier waburaga iminsi mike ngo yuzuze ibyumweru bibiri muri gereza byavugwa ko atari nziza , yamaze kurekurwa arataha.

Amakuru avuga ko Nyaxo yafatiwe i Burundi hamwe n’abandi bose bagahita bafungwa.Aba bafashwe tariki 2_3 Ugushyingo 2023.

Icyatumye aba bafungwa ntabwo cyavuzweho rumwe na cyane ko nta rwego na rumwe rwigeze rugaruka ku ifungwa ryabo.

Kanyabugande Olivier wamamaye nka Nyaxo , amakuru dukesha Igihe.com avuga ko yarekuwe

Advertising

Previous Story

Byari amarira n’agahinda ! Nyakwigendera Zahara yararize cyane ubwo yari mu gitaramo cye cyanyuma

Next Story

Social Mula wari umaze igihe atumvikana muri rubanda ari kuri EP Symphony yamuritse” Love over pop”

Latest from Cinema

Go toTop