Umukobwa wa Frida Kajala , Paula Kajala yiteguye umwana agiye kubyarana na Marioo wamukunze nyuma yo gutandukana na Rayvanny wamutaye agasanga umugore we. Paula
Ikipe ya TP Mazembe yatangaje ko umukinnyi ukomeye mu bo hagati Rainford Kalaba yahitanywe n’impanuka y’imodoka. Uyu musore w’imyaka 37 y’amavuko, yaguye mu mpanuka
Muri iyi nkuru turagaruka ku ruhare rw’abahanzi n’abari mu Myidagaduro mu bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 by’umwihariko kuri iyi nshuro ya
Umuhanzikazi Oda Paccy yashyize hanze indirimbo yise ‘Ibaruwa’ yagaragaje ko yuzuye intimba yasigiwe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Agushyira hanze iyi ndirimbo yagize
Hari ubwo umuntu atandukana na mugenzi we ariko nanone bikaba ingorabahizi kumenya uko yitwara mu gihe hadaciye kabiri atandukanye n’undi. Mu gihe utangiye urukundo
Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Inana Christina Shusho yavuze impamvu yamuteye gusaba umugabo we gatanya , anagaragaza ko atajya yishimira ko abantu bamuhamagara