Umusore witwa Ishimwe Ramazani wo mu Karere ka Rusizi arakekwaho kwiyahura kubera kubengwa n’umukobwa yakundaga cyane. Ibi byabereye mu Karere ka Rusizi , mu
Umufaransa uri gutembera u Rwanda akoresheje igare yatangajwe cyane n’abana basubiramo amasomo yabo bagakora umukoro wo mu rugo bakiva ku ishuri. Kino Yves ,
Ariel Wayz , utajya wifuza kuva mu matwi y’abafana be, yateguje indirimbo igaruka ku musore bahoze bakundana akaba ashaka ko basubina bagakundana. Anyuze ku
Diamond Platnumz yongeye kuvugwa mu nkuru z’urukundo hamwe na Tanasha Donna wo muri Kenya zizanwe n’umunyarwenya Eric Omond.Uyu mugabo ukora ibintu bisa n’ibitangaje, yavuze
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago mu itangazamakuru, yashyikirijwe ikibanza yemerewe na Kompanyi ya Marchal Real Esate Developers mu gitaramo cyo kumurika
Thomas Muyombo [Tom Close] , umugabo wa Tricia Ange Niyoncuti, yamuteye imitoma amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko. Thomas Muyombo wamamaye nka Tom Close , yifatanyije
Nyuma yo guterana amagambo na Diamond Platnumz na Zuchu akabyinjizamo n’umukunzi we Poshy, Harmonize yatangaje ko akwiriye kureka umuziki akajya mu iteramakofe Ibi ‘ngo’
Diamond Platnumz yahishuye ko nta mukobwa yigeze atereta ngo yange ubusabe bwe.Ibi Diamond yabitangaje nyuma ya rwaserera arimo na Zuchu usanzwe ari muri WCB.Simba
Umusore w’impano idasanzwe mu gutunganya indirimbo Produce Element yasheshe amasezerano muri Studio yari amazemo imyaka itari mike ya 155am , iyoborwa n’umunyamafaranga Coach Gael,