Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye kuba ari cyo kiri inyuma y’igitero gikomeye cyabereye i Bukavu ki kagwamo abarenga 13 n’abandi 72 bagakomereka nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi
Damini Ebunoluwa Ogulu wamenyekanye nka Sophia Egbueje yatangaje ko yaryamanye na Burna Boy barangije ngo amwima imodoka yo mu bwoko bwa Lamborghini yari yamusezeranyije
Ukekwaho kuba ari we waturikije ibisasu nawe akabigenderamo yitwa David Radjabu Juma wagaragaye mu mashusho mbere y’uko iyo nama iba arimo kuburira abantu ko
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Antoine Felix Tshisekedi yihanganishije imiryango yaburiye ababo n’abakomerekeye mu gitero cy’ubwiyahuzi cyatewe ubwo AFC/M23 yari munama n’abaturage
Umunyamabanga Mukuru Wungirije w’Umuryango w’Abibumbye Jean Pierre Lacroix aterejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kane tariki 27 Gashyantare. Biteganyijwe ko
Umugabo witwa Benjamin Agaba yikongeje wese ubwo yari agageze iruhande rw’inyubako ikorerwamo n’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda agaragaza ko impamvu ari uko ishyaka rye
Umumideri wamamaye muri Tanzania Hamisa Mobetto umaze igihe gito arushinze n’umukinnyi Stephanie Aziz Ki, yagaragaje ko mu gihe yaba yifuje gushaka umugore wa Kabiri